Yasuwe :
Yavuzweho:
Abinyujije kuri shene ye ya Youtube, Oda Paccy yatangiye gushyira hanze amabanga akomeye y’ibyo yagiye ahura nabyo mu rugendo rw’imyaka hafi 15 amaze akora umuziki.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Oda Paccy yahishuye ko hari uwashatse kumuroga n’andi mabanga yo mu muziki
17 October 2024, by ISHIMWE Jean de Dieu -
NASA na Google byakoze ikoranabuhanga ry’ubuvuzi rizafasha abashakashatsi mu Isanzure
9 August 2025, by ISIMBI EstellaIkigo cy’Abanyamerika gishinzwe iby’Isanzure, NASA, na Sosiyete ya Google, byubatse porogaramu ishingiye ku ikoranabuhanga ry’ubwenge buhangano (AI) yiswe ’Crew Medical Officer Digital Assistant [CMO-DA]’, izajya ifasha abashakashatsi n’abahanga bajya kure mu Isanzure, mu gusuzuma no kuvura indwara.
-
Nyarugenge: Habonetse umurambo w’umukecuru, bikekwa ko yishwe n’umwuzukuru we
6 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuMukantagwera Adela wari utuye mu Kagari ka Nyabugogo mu Murenge wa Kigali mu Karere ka Nyarugenge, yasanzwe mu nzu yishwe, aho bikekwa ko yishwe n’umwuzukuru we wahise atoroka.
-
Tanzania: Yashyinguye abana be arinzwe n’inzego z’umutekano
26 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuTanzania, mu Ntara ya Kilimandjaro, umugabo witwa Evance Kileka, yaje gushyingura abana be babiri harimo uwitwa Precious w’amezi 6 na Glory Evance w’imyaka ine (4), ari mu maboko y’inzego ya Polisi, akimara gushyingura yahise imusubiza gufungwa, umuryango usigara mu bibazo n’ubu utarabonera ibisubizo.
-
Urubanza rwa Sankara wari umuvugizi wa FLN rwamenyekanye igihe ruzatangirira naho ruzabera
21 November 2019, by Dusingizimana RemyUbutabera bw’u Rwanda bwamaze gutangaza ko urubanza rwa Nsabimana Callixte uzwi nka Majoro Sankara rwimuriwe mu rugereko rw’ urukiko rukuru ruburanisha ibyaha mpuzamahanga kuwa 24 Ukuboza uyu mwaka.
-
APR FC itsinze Amagaju FC ikura Rayon Sports ku mwanya wa mbere
10 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuKuri uyu wa Gatandatu, Ikipe ya APR FC yatsindiye Amagaju FC kuri Kigali Pele Stadium ibitego 3-1 mu mukino w’umunsi wa 27 wa shampiyona ifata umwanya wa mbere by’agateganyo ku rutonde.
-
PROMOSIYO BAHO NEZA NA STARTIMES//WATSINDIRA MOTO, TV, SMART PHONES N’IBINDI
15 June 2020, by UbwanditsiMu rwego rwo kurwanya Koronavirusi, StarTimes yahisemo kubaha ibihembo byafasha abaturarwanda kurwanya koronavirusi inashyira ibicuruzwa byayo kuri promosiyo yise BAHO NEZA NA STARTIMES. Ino promosiyo yatangiye taliki ya 15/06/2020 ikazarangira taliki 31/07/2020.
Abafatabuguzi ba StarTimes bazabona amahirwe yo gutsindira ibihembo byinshi bitandukanye buri ku cyumweru, birimo Televisiyo Digital za StarTimes, telefone za TECNO CAMON 12 Pro, za Firigo na Moto. Bino bihembo byose hamwe bifite (…) -
Huye: Arashinjwa gufata ku ngufu umwana w’imyaka 5
4 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUbushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Huye bwashyikirije Urukiko dosiye iregwamo umusore w’imyaka 18 ukora akazi k’ubushumba ukekwaho gusambanya umwana w’imyaka 5 y’amavuko.
-
Yapfiriye mu mpanuka y’indege amaze iminsi mike abirose
12 January, by ISIMBI EstellaUmuhanzi w’icyamamare muri Colombia, Yeison Jiménez, yapfiriye mu mpanuka y’indege yabaye ku wa Gatandatu tariki 10 Mutarama 2026, nyuma y’iminsi atangaje ko yarose yapfuye muri ubwo buryo.
-
U Bufaransa: Hateguwe igisasu cyatezwe mu ntambara ya Kabiri y’Isi
20 April, by Angeline MUKANGENZIPolisi yo mu gace ka Colombes mu Bufaransa yateguye igisasu cyo mu Ntambara ya Kabiri y’Isi cyabonetse muri ako gace ahakorerwaga ibikorwa by’ubwubatsi.
Umuryango.rw
Oda Paccy yahishuye ko hari uwashatse kumuroga n’andi mabanga yo mu muziki
NASA na Google byakoze ikoranabuhanga ry’ubuvuzi rizafasha abashakashatsi mu Isanzure
Nyarugenge: Habonetse umurambo w’umukecuru, bikekwa ko yishwe n’umwuzukuru we
Tanzania: Yashyinguye abana be arinzwe n’inzego z’umutekano
APR FC itsinze Amagaju FC ikura Rayon Sports ku mwanya wa mbere
PROMOSIYO BAHO NEZA NA STARTIMES//WATSINDIRA MOTO, TV, SMART PHONES N’IBINDI
Huye: Arashinjwa gufata ku ngufu umwana w’imyaka 5
Yapfiriye mu mpanuka y’indege amaze iminsi mike abirose
U Bufaransa: Hateguwe igisasu cyatezwe mu ntambara ya Kabiri y’Isi