Gen Muhoozi nyuma yo gushaka Guhanganisha Abanyarwandakazi n’Abagandekazi mu kugaragaza abafite uburanga kurusha abandi, Umuhungu wa Museveni yashimiye Perezida Kagame wamukosoye kubw’icyo gitekerezo yari yagaragaje.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Perezida Kagame yasubije Gen Muhoozi uherutse gutangaza intambara yifuza hagati y’u Rwanda na Uganda
14 February 2022, by SHEMA EMMANUEL -
"Gahunda ubu ni Guma mu mugi, Guma mu karere" - CP Kabera
5 January 2021, by Dusingizimana RemyUmuvugizi wa Polisi y’u Rwanda yasabye abaturage batuye mu ntara zitandukanye kubahiriza amabwiriza mashya yashyizweho yo kwirinda Covid-19 aho yavuze ko bakwiriye kumva ko aribyo basabwa.
-
Nigeria: Abarenga 100 bishwe n’umwuzure
31 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIkigo cya Nigeria gishinzwe kurwanya ibiza (Nsema) cyatangaje ko umwuzure watewe n’imvura y’amahindu, wishe abantu bagera ku 110 mu bice bitandukanye by’iki gihugu ku wa 30 Gicurasi 2025.
-
AFC/M23 yemeje ko abantu barenga 870 bapfiriye mu rugamba rwo gufata Goma
30 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIhuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryatangaje ko abantu 874 ari bo bapfuye ubwo ryari mu rugamba rwo gufata Umujyi wa Goma mu mpera za Mutarama 2025.
-
Ngoma: RIB yafunze umwarimu ukekwaho gusambanya umwana
17 December 2025, by ISIMBI EstellaUrwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwafunze umwarimu wo mu ishuri ryisumbuye ry’imyuga (TSS Mutenderi) mu Karere ka Ngoma, akurikiranyweho gusambanya umwana w’umukobwa wiga mu mwaka wa kabiri.
-
Ibinyacumi by’imfungwa zarashwe ubwo zageragezaga gucika gereza ya Makala
2 September 2024, by Joseph IradukundaImfungwa zibarirwa muri mirongo zarashwe mu cyico izindi zibarirwa mu magana zirakomereka, ubwo zageragezaga gutoroka gereza Nkuru ya Makala.
-
Perezida Kagame yongeye kuvuga ku mubano w’u Rwanda na Uganda ndetse n’uko ikibazo bafitanye kizakemuka
1 April 2019, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yatangaje ko atazi neza imvano y’ikibazo cyo kutumvikana kwa Uganda n’u Rwanda ndetse avuga koboherereje Uganda ibihamya bifatika by’uburyo ishaka guhungabanyamo umutekano w’u Rwanda nubwo ibihakana.
-
Visit Rwanda yakoreye igikorwa gikomeye muri Sitade ya Atletico Madrid muri Espagne
7 February, by Angeline MUKANGENZIUrwego rw’Igihugu rw’Iterambere, RDB, ibinyujije muri gahunda ya Visit Rwanda, yakoze igikorwa cyahuje abafatanyabikorwa b’ibigo kigamije kugaragaza amahirwe u Rwanda rufite mu bucyerarugendo cyabereye muri Sitade ya Atletico Madrid.
-
TikTok yaguzwe n’Abanyamerika
23 January, by ISIMBI EstellaUbuyobozi bw’Ikigo cy’Ikoranabuhanga cyo mu Bushinwa, ByteDance kigenzura TikTok, bwatangaje ko bwasinye amasezerano y’ubufatanye n’ibigo by’ishoramari by’Abanyamerika azafasha uru rubuga rwacyo gukomeza gukorera muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
-
Aya mategeko uko ari 6 y’urukundo uwayishe nti bimuhungabanya na busa
11 September 2024, by Joseph IradukundaNi kenshi sosiyete tubamo itubwira cyangwa itwereka amategeko agenga urukundo, gusa abantu benshi ntibazi ko hari amwe muri ayo mategeko wakwica kugira ngo urukundo rwanyu rurambe.
Umuryango.rw
Perezida Kagame yasubije Gen Muhoozi uherutse gutangaza intambara yifuza hagati y’u Rwanda na Uganda
Nigeria: Abarenga 100 bishwe n’umwuzure
AFC/M23 yemeje ko abantu barenga 870 bapfiriye mu rugamba rwo gufata Goma
Ngoma: RIB yafunze umwarimu ukekwaho gusambanya umwana
Ibinyacumi by’imfungwa zarashwe ubwo zageragezaga gucika gereza ya Makala
Visit Rwanda yakoreye igikorwa gikomeye muri Sitade ya Atletico Madrid muri Espagne
TikTok yaguzwe n’Abanyamerika
Aya mategeko uko ari 6 y’urukundo uwayishe nti bimuhungabanya na busa