Polisi y’u Burundi iheruka kwereka itangazamakuru abagabo batatu n’umugore umwe, bakekwaho kugira uruhare mu iyicwa rya Thierry Kubwimana uri mu bahanzi bari bakunzwe cyane i Burundi.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Leta y’u Burundi niyo iri gushyirwa mu majwi mu kugira uruhare mu iyicwa rya Thierry Kubwimana bivugwa ko yishwe n’umugore we Christa[AMAFOTO]
23 January 2021, by Martin Munezero -
Rufonsina agiye kwibaruka ubuheta
8 July 2025, by ISIMBI EstellaNyuma y’uko Uwimpundu Sandrine ukoresha izina rya Rufonsina muri Filime ‘Umuturanyi’, yambitswe impeta n’umugabo bamaze imyaka 12 babana ndetse banafitanye umwana w’imyaka 10, kuri ubu bari mu myiteguro yo kwibaruka ubuheta.
-
Israel yarashe ku ngabo za Loni
17 November 2025, by ISIMBI EstellaAbasirikare bari mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye mu Majyepfo ya Liban (UNIFIL) bashinje Israel kubarasa, bavuga ko iki gihugu gikomeje imyitwarire idakwiye, ibyo Israel yemeye gusa ivuga ko habayeho kwibeshya kubera ikirere kibi.
-
Impamvu ‘Meet&Greet’ abafana bishyuriye akayabo ngo bahurire na Davido i Kigali itabaye
8 December 2025, by ISIMBI EstellaMu gihe hamamazwaga igitaramo Davido yakoreye i Kigali ku wa 5 Ukuboza 2025, hanamamazwaga ibirori uyu muhanzi yagombaga guhuriramo n’abakunzi be bagasabana, icyakora yatashye bitabaye.
-
U Rwanda rugiye gutangiza amasomo ya kaminuza mu bya nucléaire
23 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuKaminuza y’u Rwanda iri mu nzira zo gutangiza amasomo ajyanye n’ubumenyi mu bya nucléaire n’ikoranabuhanga, hagamijwe gufasha igihugu kurushaho kubyaza umusaruro izi ngufu.
-
Nyabihu: Hari abarimu n’abayobozi b’amashuri bamaze imyaka 20 basiragira ku birarane
29 July 2025, by Joseph IradukundaBamwe mu bahoze ari abarimu n’abayobozi b’ibigo by’amashuri mu Karere ka Nyabihu, bavuga ko bamaze imyaka irenga 20 bishyuza ibirarane by’imishahara bakoreye, ariko kugeza n’ubu bakaba batarishyurwa.
-
U Bwongereza bwiyemeje guhindura umuvuno ku mubano wabwo na Afurika
6 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmunyamabanga ushinzwe ububanyi n’amahanga muri Guverinoma y’u Bwongereza, David Lammy, yatangaje ko igihugu cyabo kigiye guhindura umuvuno ku buryo kibanyemo n’ibihugu byo ku mugabane wa Afurika.
-
Zelensky yasabye abategereje amatora ya Perezida vuba, gusubiza amerwe mu isaho
20 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yatangaje ko igihugu cye kigomba kubanza kubona amahoro, mbere y’uko haba amatora y’Umukuru w’Igihugu.
-
Hatangajwe igihe filime ivuga ku butwari bw’ingabo 600 za FPR Inkotanyi zari muri CND izagira hanze
22 June 2019, by Martin MunezeroU Rwanda ruri kwizihiza imyaka 25 ishize rubohowe, umunsi nyirizina ukazizihizwa tariki ya 4 Nyakanga uyu mwaka.
-
FLN yamushimuse ari umuturage usanzwe imwangisha u Rwanda no kururwanya
9 December 2024, by Joseph IradukundaKalimunda Jean Damascène azwi ku izina rya Niyomwungeri ukomoka mu Murenge wa Jenda mu Karere ka Nyabihu mu Ntara y’Iburengerazuba, yatwawe n’abo mu mutwe wa FLN mu 2018 ubwo bari binjiye ku butaka bw’u Rwanda.
Umuryango.rw
Rufonsina agiye kwibaruka ubuheta
Israel yarashe ku ngabo za Loni
Impamvu ‘Meet&Greet’ abafana bishyuriye akayabo ngo bahurire na Davido i Kigali itabaye
U Rwanda rugiye gutangiza amasomo ya kaminuza mu bya nucléaire
Nyabihu: Hari abarimu n’abayobozi b’amashuri bamaze imyaka 20 basiragira ku birarane
U Bwongereza bwiyemeje guhindura umuvuno ku mubano wabwo na Afurika
Zelensky yasabye abategereje amatora ya Perezida vuba, gusubiza amerwe mu isaho
FLN yamushimuse ari umuturage usanzwe imwangisha u Rwanda no kururwanya