Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yakiriye mugenzi we uyobora Koreya y’Epfo, Lee Jae Myung, ashimagiza Kim Jong-un wa Koreya ya Ruguru inshuro nyinshi.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Trump yashimangije Kim Jong-un imbere ya Perezida wa Koreya y’Epfo
26 August 2025, by ISIMBI Estella -
Perezida Ruto yashenguwe n’urupfu rw’umusore waguye muri kasho ya Polisi
11 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida William Samoei Ruto wa Kenya yatangaje ko yashenguwe n’urupfu rw’umusore wari impirimbanyi y’uburenganzira bw’ikiremwamuntu, Albert Ojwang, wapfiriye muri kasho ya Polisi azize gukubitwa.
-
Musanze-Rubavu: United Scholar Center igiye guhuza abifuza kwiga hanze na Kaminuza zisanzwe zibakira
24 August 2022, by Joseph IradukundaIkigo United Scholar Center kivuga ko Abanyeshuri bo mu Rwanda bifuza kwiga hanze badakwiye kugira impungenge izo arizo zose , kuko imbogamizi bahuraga nazo zabonewe umuti urambye.
-
Syria: Perezida Bashar Al Assad yahunze igihugu
8 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida Bashar al Assad yahunze umurwa mukuru, Damascus, mu ndege yerekeje ahantu hatazwi, nk’uko byatangajwe n’abasirikare bakuru babiri b’Ingabo za Syria kuri iki Cyumweru bavugana n’Ibiro Ntaramakuru Reuters ndetse na Rami Abdurrahman wo mu kigo cya Syria gishinzwe uburenganzira bwa muntu, aganira na AP .
-
Mu Bushinwa hadutse icyorezo cyandura cyane kurusha Covid-19
4 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuItangazamakuru ry’Ubushinwa ryatangaje ko hari ubwiyongere bw’ubwandu bwa virusi yitwa Human Metapneumovirus (HMPV) cyane cyane mu bana bari munsi y’imyaka 14 bo mu bice by’amajyaruguru.
-
Abanyarwanda baba mu Bushinwa basabwe kurangwa n’ubutwari
2 February, by ISIMBI EstellaUmuryango w’Abanyarwanda baba mu Bushinwa wasabwe kurangwa n’ubunyangamugayo, kwitanga n’ubumuntu, baharanira kurushaho kwimakaza indangagaciro zaranze Intwari z’u Rwanda.
-
Tems yashyikirijwe igihembo gikomeye mu Bwongereza
5 June 2025, by ISIMBI EstellaUmuhanzikazi w’Umunya-Nigeria wubashywe ku rwego mpuzamahanga, Temilade Openiyi uzwi cyane nka Tems, yongeye kwandika amateka ubwo yahabwaga igihembo cya Diamond mu birori bya mbere byiswe ’Billboard Global Power Players,’ byabereye ahitwa Shoreditch House mu Burasirazuba bw’umujyi wa Londres mu Bwongereza, ku wa Gatatu tariki 4 Kamena 2025.
-
Mozambique: Abatavuga rumwe n’ubutegetsi barigaragambya bamagana ibyavuye mu matora
21 October 2024, by Joseph IradukundaMuri Mozambike, abatavuga rumwe n’ubutegetsi bahamagaje imyigaragambyo rusange kuri uyu wa Mbere, itariki ya 21 Ukwakira 2024, yo kwamagana icyo bita uburiganya mu matora aheruka yo ku itariki ya 9 Ukwakira, ibisubizo biteganijwe mu minsi mike.
-
Ingabo zo muri EAC zigiye gukora ibikorwa biteza imbere imibereho y’abaturage
2 June 2025, by Angeline MUKANGENZIIngabo zo mu bihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) birimo u Rwanda, Kenya, Tanzania, Uganda n’u Burundi zigiye guhurira mu bikorwa byo gufasha abaturage bizabera mu Rwanda.
-
Knowless yahishuye uko isoni zatumye yitwa umusinzi
28 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuButera Knowless yagaragaje ko agitangira umuziki, yagiraga isoni nyinshi ku buryo rimwe na rimwe yakoraga impanuka ku rubyiniro bikitirirwa ubusinzi.
Umuryango.rw
Trump yashimangije Kim Jong-un imbere ya Perezida wa Koreya y’Epfo
Perezida Ruto yashenguwe n’urupfu rw’umusore waguye muri kasho ya Polisi
Musanze-Rubavu: United Scholar Center igiye guhuza abifuza kwiga hanze na Kaminuza zisanzwe zibakira
Syria: Perezida Bashar Al Assad yahunze igihugu
Mu Bushinwa hadutse icyorezo cyandura cyane kurusha Covid-19
Abanyarwanda baba mu Bushinwa basabwe kurangwa n’ubutwari
Tems yashyikirijwe igihembo gikomeye mu Bwongereza
Mozambique: Abatavuga rumwe n’ubutegetsi barigaragambya bamagana ibyavuye mu matora
Ingabo zo muri EAC zigiye gukora ibikorwa biteza imbere imibereho y’abaturage
Knowless yahishuye uko isoni zatumye yitwa umusinzi