Urukiko rwo muri Kenya rwakatiye abagabo babiri gufungwa imyaka 35 kuri buri umwe umwe kubera kwica mu mpera y’umwaka ushize Umunya-Uganda Benjamin Kiplagat wasiganwaga ku maguru.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Abishe uyu Munya-Uganda wasiganwaga mu mikino Olempike bakatiwe gufungwa imyaka 35
6 November 2024, by Joseph Iradukunda -
Umuhanzikazi Nyarwanda Princess Priscillah yashyize hanze ifoto avuga ko yarigiye gutuma avunika umugongo asaba abantu kuyibika muri Telefone zabo[AMAFOTO]
25 February 2019, by Martin MunezeroPriscillah ni umwe mu bahanzi nyarwanda basige bibera muri Leta zunze ubumwe za Amerika akaba aherutse guhsyira hanze ifoto yavuze ko yari igiye gutuma aturika umugongo.
-
Perezida Trump yahagaritse abihinduje igitsina mu mikino y’abagore
6 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasinye itegeko rikumira abihinduje ibitsina (Transgender people) mu mukino cyangwa amarushanwa yagenewe abagore.
-
Laboratwari ya miliyari 2 Frw izafasha mu kugenzura ‘gaz méthane’ mu Kivu igeze kuri 80% yubakwa
23 October 2025, by ISIMBI EstellaImirimo yo kubaka laboratwari yo kugenzura gaz méthane yo mu Kiyaga cya Kivu no gukurikirana ko ibidukikije bibungabunzwe neza kuri iki kiyaga, igeze kuri 80% ku buryo mu kwezi gutaha izaba yarangiye.
-
Katumbi yashinje Perezida Tshisekedi gushakira inyungu mu ntambara ya FARDC na M23
14 October 2024, by Joseph IradukundaUmunyapolitiki Moïse Katumbi Chapwe utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yatangaje ko abona hari bamwe mu bantu bo hejuru mu butegetsi bwa kiriya gihugu bafite inyungu mu ntambara Ingabo zacyo zihanganyemo n’umutwe wa M23; ikaba impamvu nyamukuru itarangira.
-
ICC igiye gukora iperereza ku byaha byakorewe muri DRC kuva mu 2022
15 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuMu itangazo rigenewe abanyamakuru ryashyizwe ahagaragara ku wa Mbere, itariki 14 Ukwakira 2024, Umushinjacyaha w’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha yatangaje “iyuburwa” ry’iperereza rye muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo.
-
Ikiraro cya miliyoni 900 Frw cyubatswe kuri Kigali Universe Frw kigiye gutahwa
14 January, by Angeline MUKANGENZIUbuyobozi bw’inzu y’imyidagaduro ya Kigali Universe bwatangaje ko buri kwitegura gutaha ikiraro kizajya kinyurwamo n’abagiye kuhasohokera, cyashowemo arenga miliyoni 900 Frw.
-
Itegeko rirengera umuhanzi n’ igihangano cye ryateje impaka umwe ati ‘izo ndirimbo zabo tuzazisiba’
5 December 2017, by Nsanzimana ErnestAbahanzi na bamwe mu bakoreshwa ibihangano byabo ntibavuga rumwe ku kwishyura igihangano cyakoreshejwe.
Ikigo cy’ igihugu gitsura amajyambere , kirimo gutegura itegeko rigena uko igihangano kizajya kirindwa kugira ngo kigirire umumaro nyira cyo n’ abamukomokaho.
Mu bindi bihugu byamaze kugerwaho nk’ aho usanga abo mu muryango wa Michael Jackson, Bob Marley n’ abandi babona amafaranga aturutse mu bihangano byabo n’ ubwo bamaze kwitaba Imana.
Iri tegeko rivuga ko iyo hashize imyaka 50 (…) -
Umutoza wa Nigeria yashinje RDC gukoresha amarozi
17 November 2025, by ISIMBI EstellaUmutoza w’Ikipe y’Igihugu ya Nigeria, Éric Chelle, yashinje Ikipe y’Igihugu ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) gukoresha amarozi mu mukino yasezerewemo wo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi cya 2026.
-
Indege Qatar yahaye Amerika izahindurwa ‘Air Force One’ mu mezi atandatu
11 August 2025, by ISIMBI EstellaPerezida Donald Trump yavuze ko indege ya Boeing 747-8 Amerika yahawe na Qatar nk’impano, ishobora kuba yahinduwe indege ya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika [Air Force One] bitarenze Gashyantare 2026.
Umuryango.rw
Abishe uyu Munya-Uganda wasiganwaga mu mikino Olempike bakatiwe gufungwa imyaka 35
Perezida Trump yahagaritse abihinduje igitsina mu mikino y’abagore
Laboratwari ya miliyari 2 Frw izafasha mu kugenzura ‘gaz méthane’ mu Kivu igeze kuri 80% yubakwa
Katumbi yashinje Perezida Tshisekedi gushakira inyungu mu ntambara ya FARDC na M23
ICC igiye gukora iperereza ku byaha byakorewe muri DRC kuva mu 2022
Ikiraro cya miliyoni 900 Frw cyubatswe kuri Kigali Universe Frw kigiye gutahwa
Umutoza wa Nigeria yashinje RDC gukoresha amarozi
Indege Qatar yahaye Amerika izahindurwa ‘Air Force One’ mu mezi atandatu