U Burusiya bwashinje igisirikare cya Ukraine kugaba igitero cy’indege zitagira abapilote (drones) ku rusengero ruri mu Mujyi wa Belgorod, uri muri kilometero 40 uvuye ku mupaka uhuza ibihugu byombi.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Igitero cya ’drone’ za Ukraine cyasenye urusengero mu Burusiya
25 April 2025, by Angeline MUKANGENZI -
Rayon Sports yasezerewe muri CAF Champions League idatsinzwe
25 August 2019, by Dusingizimana RemyIgitego Rayon Sports yatsindiwe I Kigali na Nazar Hamid Nassir mu mukino ubanza w’ijonjora ryo gushaka itike yo kwerekeza mu matsinda ya CAF Champions League kibaye intandaro yo gusezererwa rugikubita kuko yanganyirije muri Sudani 0-0 na Al Hilal mu gihe mu mukino ubanza byabaye igitego 1-1.
-
Dalyce Curry ukina filime muri America inkongi y’umuriro yamuhitanye
14 January 2025, by Joseph IradukundaUmukinnyi wa filime wo muri Amerika, Dalyce Curry uzwi cyane nka Momma D, yasanzwe iwe mu rugo i Los Angeles yitabye Imana aho yazize inkongi y’umuriro.
-
Diddy yajyanywe mu bitaro igitaraganya
4 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuHahishuwe ko mu minsi ishize umuraperi Diddy yajyanywe mu bitaro igitaraganya nyuma yo gufatwa n’uburwayi bwo mu ivi.
-
Umudepite wo muri Kenya yakubitiwe muri sitade yagiye kureba ikipe y’igihugu
24 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmudepite wo muri Kenya, Peter Salasya yakubiswe n’abafana ndetse asohorwa muri Nyayo Stadium ubwo yari yitabiriye umukino wahuje Kenya na Gabon mu gushaka itike y’Igikombe cy’Isi kuri iki Cyumweru.
-
Amavubi y’Abagore ntazitabira CECAFA y’Ibihugu
12 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIkipe y’Igihugu y’u Rwanda y’Abagore y’umupira w’amaguru (She-Amavubi), ntiri mu bihugu bizakina irushanwa ry’Akarere ka Afurika yo hagati n’iy’i Burasirazuba ‘Cecafa Senior Women’s Championship’ ya 2025 izabera muri Tanzania.
Guhera ku wa 12 kugeza ku ya 21 Kamena 2025 muri Tanzania, ibihugu bitanu bitarimo u Rwanda, bizaba bikina irushanwa rya ‘CECAFA Senior Women’s Championship 2025.’ Aha harimo Tanzania yaryakiriye, Uganda, Kenya, u Burundi na Sudan y’Epfo.
Kimwe mu byo UMUSEKE (…) -
Uganda: Bob Wine uri mu bwihisho, yavuze ko atemera ibyavuye mu matora y’umukuru w’igihugu
20 January, by Angeline MUKANGENZIUmuyobozi w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi muri Uganda, Bobi Wine, yavuze ko atazigera atanga ikirego mu Rukiko avuguruza ibyavuye mu matora
yo kuwa 15 mutarama 2026 , avuga ko adafite icyizere ku butabera, ahubwo yasabye abamushyigikiye kujya mu mihanda kwigaragambya mu mahoro. -
Nyamasheke: Umugabo bikekwa ko arwaye mu mutwe yatemye abantu babiri barapfa, araswa ashaka gutema umupolisi
6 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuNiyonagize Xavier wo nu Karere ka Nyamasheke bikekwa ko afite uburwayi bwo mu mutwe yishe atemye umugore we, Uwiragiye Costasie w’imyaka 45 n’umuturanyi we, Mukarurangwa Béatrice w’imyaka 60.
-
Abarwanyi ba AFC/M23 bafashe uduce 4 twari twarigaruriwe na Wazalendo
16 April 2025, by Angeline MUKANGENZIKuri uyu wa Kabiri, itariki ya 15 Mata 2025, abarwanyi ba AFC/M23 bongeye kwigarurira uduce 4 two muri teritwari za Kalehe na Kabare (Kivu y’Amajyepfo), nyuma y’imirwano ikaze n’abarwanyi ba Wazalendo, bafatanyije n’Ingabo za Congo (FARDC).
-
SADC yamaganye FARDC na M23, yongera igihe ingabo zayo zizamara muri RDC
21 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmuryango wa SADC ku wa Kane wafashe icyemezo cyo kongera mu gihe cy’umwaka ubutumwa bwa gisirikare ingabo zawo zirimo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
Umuryango.rw
Igitero cya ’drone’ za Ukraine cyasenye urusengero mu Burusiya
Dalyce Curry ukina filime muri America inkongi y’umuriro yamuhitanye
Diddy yajyanywe mu bitaro igitaraganya
Umudepite wo muri Kenya yakubitiwe muri sitade yagiye kureba ikipe y’igihugu
Amavubi y’Abagore ntazitabira CECAFA y’Ibihugu
Uganda: Bob Wine uri mu bwihisho, yavuze ko atemera ibyavuye mu matora y’umukuru w’igihugu
Nyamasheke: Umugabo bikekwa ko arwaye mu mutwe yatemye abantu babiri barapfa, araswa ashaka gutema umupolisi
Abarwanyi ba AFC/M23 bafashe uduce 4 twari twarigaruriwe na Wazalendo
SADC yamaganye FARDC na M23, yongera igihe ingabo zayo zizamara muri RDC