Abadepite bo muri Kenya barateganya gutangiza inzira zo kweguza Visi Perezida Rigathi Gachagua, bamushinja ko yangije guverinoma, nk’uko abayobozi benshi mu nteko ishinga amategeko babitangaje, ibyo bikaba bigaragaza umwuka ushobora kuba utari mwiza hagati ya Perezida William Ruto n’umwungirije.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Politiki ya Kenya iravugwamo ibibazo bishobora gusiga visi perezida yegujwe
1 October 2024, by Joseph Iradukunda -
Nyampinga w’u Rwanda 2017 yahuye na Paul Kagame n’umufasha we-AMAFOTO
20 July 2017, by Iyamuremye JanvierIradukunda Elsa wagize Nyampinga w’u Rwanda 2017 yahuye na Paul Kagame uri kwiyamamariza kuyobora u Rwanda muri manda y’imyaka irindwi, ubwo bari mu karere ka Bugesera mu Ntara y’Iburasirazuba kuri uyu wa Gatatu tariki ya 19 Nyakanga 2017.
Miss Iradukunda Elsa akunze kugaragara aherekeza umukandida Paul Kagame wtanzwe n’ishyaka FPR Inkotanyi, ahantu hanyuranye aba yagiye kwiyamamaza. Amafoto yafashwe agaragaza uyu mukobwa w’imyaka 19 y’amavuko ari kumwe na Paul Kagame ndetse n’umufasha (…) -
Rubavu: Afungiwe guhisha amakuru y’ahari imibiri 7 y’Abatutsi se yishe muri Jenoside
8 November 2025, by ISIMBI EstellaKuri sitasiyo y’Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) ya Busasamana mu Karere ka Rubavu, hafungiye Karire Gaudance w’imyaka 49, akurikiranyweho amagambo yavuze ko se yishe Abatutsi 10 muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, akavuga ko yari yarerekanye imibiri 3 gusa agahisha amakuru y’ahari indi 7.
-
Gen. Maj. Nkubito yabwiye abaturage ba Rubavu ko hari ibidakinishwa
23 April 2025, by Angeline MUKANGENZIUmuyobozi wa Diviziyo ya Gatatu y’Ingabo z’u Rwanda ikorera mu Burengerazuba bw’igihugu, Gen. Maj. Eugene Nkubito, yihanangirije abaturage bo mu Karere ka Rubavu babangamira abayobozi mu nzego z’ibanze ndetse n’abashinzwe umutekano, abamenyesha ko batazihanganirwa.
-
Mashami yatangaje impamvu yanze guhamagara bamwe mu bakinnyi bari bamaze iminsi bigaragaza mu Rwanda
27 August 2019, by Dusingizimana RemyUmutoza w’ikipe y’igihugu Amavubi,Mashami Vincent yatangaje ko impamvu atahamagaye bamwe mu bakinnyi bamaze iminsi bitwara neza mu Rwanda barimo Nsabimana Eric Zidane n’abandi ari uko babonye ntacyo babafasha ndetse ngo bamwe yababikiye imikino yo gushaka itike ya CHAN.
-
DRC: 7,43 % By’Ingengo Y’Imari Ya 2025 byashyizwe mu Gisirikare
14 November 2024, by Joseph IradukundaIsesengura ry’ingengo y’imari y’umwaka wa 2025 yemejwe n’Inteko ishinga Amategeko ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo ryerekana ko 13,12% byayo yose bizashyira mu rwego rwo gisirikare n’izindi nzego z’umutekano n’iz’ubutabera.
-
RSSB yatangaje uturere dukomeje kuza ku isonga mu kwishyura Mitiweli n’uturi inyuma
14 August 2020, by Dusingizimana RemyIkigo cy’Igihugu gishinzwe Ubwiteganyirize n’ubwishingizi (RSSB) cyatangaje ko uyu munsi tariki 14 Kanama 2020,ubwitabire mu kwishyura Mituweli ya 2020/2021 ku rwego rw’Igihugu bugeze kuri 70,4 %.
-
USA: Umunwa w’imbunda uracyashakisha umutwe wa Trump waburiwe ko Iran ishaka kumwivugana
25 September 2024, by Joseph IradukundaDonald Trump yaburiwe n’ubutasi bwa Amerika ku bijyanye no kuba Iran igifite umugambi wo kumwivugana, nk’uko ukuriye ibikorwa bye byo kwiyamamaza yabitangaje ku wa Kabiri tariki ya 24 Nzeri 2024.
-
Crystal Palace yatsinzwe ubujurire ku bihano yafatiwe na UEFA
11 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuCrystal Palace yatsinzwe ikirego yari yagejeje mu Rukiko Mpuzamahanga rw’Ubujurire mu Mikino (CAS), nyuma y’uko UEFA iyikuye muri Europa League ikayohereza muri Conference League, ku mpamvu z’uko yarenze ku mategeko ajyanye no gutunga imigabane mu makipe menshi.
-
M23 yashinje MONUSCO kurekura abasirikare ba FARDC n’abarwanyi ba FDLR 100
7 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmutwe witwaje intwaro wa M23 washinje ingabo ziri mu butumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (MONUSCO) kurekura abasirikare ba RDC n’abarwanyi b’umutwe w’iterabwoba wa FDLR 100.
Umuryango.rw
Politiki ya Kenya iravugwamo ibibazo bishobora gusiga visi perezida yegujwe
Rubavu: Afungiwe guhisha amakuru y’ahari imibiri 7 y’Abatutsi se yishe muri Jenoside
Gen. Maj. Nkubito yabwiye abaturage ba Rubavu ko hari ibidakinishwa
DRC: 7,43 % By’Ingengo Y’Imari Ya 2025 byashyizwe mu Gisirikare
RSSB yatangaje uturere dukomeje kuza ku isonga mu kwishyura Mitiweli n’uturi inyuma
USA: Umunwa w’imbunda uracyashakisha umutwe wa Trump waburiwe ko Iran ishaka kumwivugana
Crystal Palace yatsinzwe ubujurire ku bihano yafatiwe na UEFA
M23 yashinje MONUSCO kurekura abasirikare ba FARDC n’abarwanyi ba FDLR 100