Igikorwa cyo kwiyandikisha muri gahunda ya “Postpone your birthday and celebrate it when bars reopen” cya teguwe na SKOL BREWERY LTD kirakomeje guhera mu kwezi gushize kwa Nyakanga.
Uruganda rukora ibinyobwa bisembuye n’ibidasembuye, SKOL BREWERY LTD, rwatangije uburyo bwo gufasha abantu batabonye uko bizihiza amasabukuru yabo y’amavuko bitewe n’uko yahuriranye na gahunda ya Guma mu rugo yo kwirinda icyorezo cya Coronavirus.
Iyi gahunda yiswe "Imura isabukuru yawe tugufashe kuyizihiza (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Subika Isabukuru yawe niba yarabaye mu gihe cya Guma Murugo Skol izagufashe kuyizihiza utubari ni dufungura
18 August 2020, by Ubwanditsi -
Abagore bigaragambije ku biro bya Loni bambaye ubusa batawe muri yombi
16 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuAbagore babiri bigaragambije bambaye ubusa biyanditseho amagambo y’ibitutsi imbere y’ibiro bya Loni i Genève banenga ko uyu muryango ntacyo uri gukora ku ntambara y’u Burusiya na Ukraine, batawe muri yombi by’igihe gito.
-
Rwanda Premier League igiye gutangira guhemba umukinnyi w’umukino n’uw’ukwezi
19 September 2025, by ISIMBI EstellaUrwego rutegura Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Rwanda (Rwanda Premier League) rwasinyanye amasezerano y’ubufatanye n’uruganda ‘Roots Investment Group Ltd’ rwenga ibinyobwa bya Be One Gin, afite agaciro ka miliyoni 60 Frw.
-
Ikigo gishya cy’Abashinwa kigiye gushora imari mu Rwanda
15 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUrwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB) rwasinyanye amasezerano y’imikoranire n’Ikigo cy’Abashinwa cya Wuhan Yangluo Port Service Co. Ltd azakiganisha ku gushora imari mu mishinga y’ubwubatsi mu Rwanda, ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro no mu gutunganya ibikomoka mu nganda.
-
Ingabo z’u Rwanda n’iza Mozambike zigaruriye akandi gace kari karabaye indiri y’ibyihebe
21 August 2021, by Dusingizimana RemyIngabo z’u Rwanda zifatanyije n’iza Mozambique zigaruriye akandi gace kari karabaye indiri y’ibyihebe mu ntara ya Cabo Delgado, nyuma y’imirwano ikaze yabereye mu ishyamba mu gace ka Mbau.
-
Abakinnyi ba USM Alger bakubiswe n’abafana bagirwa intere
9 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuKu Cyumweru, tariki ya 8 Ukuboza 2024, mu mukino wahuje ASC Jaraaf yo muri Senegal na USM Alger yo muri Algeria, habaye amakimbirane akomeye. Amakuru avuga ko bamwe mu bafana ba ASC Jaraaf bateye abakinnyi n’abafana ba USM Alger bari baje gushyigikira ikipe yabo.
-
U Rwanda na KOICA byatangije umushinga wa miliyari 9,3 Frw uzafasha urubyiruko kubona akazi
24 April 2025, by Angeline MUKANGENZIMinisiteri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo, yasinyanye amasezerano ya miliyoni 6,5$ (arenga miliyari 9,3 Frw) n’Ikigega cya Koreya y’Epfo gishinzwe Iterambere, KOICA, y’umushinga ugamije kongerera ubumenyi urubyiruko buzarufasha kubona akazi no kukihangira.
-
Abanyamulenge babaga mu Mujyi wa Uvira bahungiye muri Kamanyola
19 January, by ISIMBI EstellaAbanyamulenge babaga mu Mujyi wa Uvira, intara ya Kivu y’Amajyepfo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bahungiye muri Santere ya Kamanyola muri Teritwari ya Walungu nyuma y’aho abarwanyi b’ihuriro AFC/M23 bawuvuyemo.
-
Menya umubare w’ intwaro kirimbuzi ziri mu Isi n’ abazitunze abaribo
27 September 2018, by Nsanzimana ErnestTariki 26 Nzeli buri mwaka ni umunsi wahariwe kurandurana n’ imizi intwaro kirimbuzi mu Isi . Nubwo Umuryango w’ Abibumbye wihaye intego yo kurandura intwaro z’ ubumara, iyi ntego bisa n’ aho kuyigeraho ari urugamba rukaze.
-
Perezida Kagame yasimbuje Umuyobozi Mukuru wa WASAC
2 September 2017, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame yakuye James Sano ku mwanya w’ ubuyobozi bukuru bw’ ikigo cy’ igihugu gishinzwe amazi isuku n’ isukura WASAC ashyiraho n’ abanyamabanga ba Leta muri Minisiteri nshya ebyiri ziherutse gushyirwaho.
James Sano yasimbujwe Bwana Aime Muzola nk’ uko bigaragara mu itangazo ryashyizwe ahagaragara n’ ibiro bya Minisitiri w’ intebe.
Umuryango.rw
Subika Isabukuru yawe niba yarabaye mu gihe cya Guma Murugo Skol izagufashe kuyizihiza utubari ni dufungura
Abagore bigaragambije ku biro bya Loni bambaye ubusa batawe muri yombi
Rwanda Premier League igiye gutangira guhemba umukinnyi w’umukino n’uw’ukwezi
Ikigo gishya cy’Abashinwa kigiye gushora imari mu Rwanda
Ingabo z’u Rwanda n’iza Mozambike zigaruriye akandi gace kari karabaye indiri y’ibyihebe
Abakinnyi ba USM Alger bakubiswe n’abafana bagirwa intere
U Rwanda na KOICA byatangije umushinga wa miliyari 9,3 Frw uzafasha urubyiruko kubona akazi
Abanyamulenge babaga mu Mujyi wa Uvira bahungiye muri Kamanyola