Polisi y’u Rwanda yavuze ko umumotari wagaragaye atwaye moto anahetse umwana mu mugongo, yakoze ibitemewe, ndetse ko yatangiye kubazwa icyabimuteye.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Icyo Polisi yatagaje kumu motari wagaragaye atwaye moto anahetse umwana mu mugongo bikarangaza benshi
19 June 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Amakipe akina Igikombe cy’Isi cy’Abagore agiye kongerwaho 16
10 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIshyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA), ryatangaje ko kuva mu 2031, umubare w’amakipe akina irushanwa ry’Igikombe cy’Isi cy’Abagore ugomba kuva kuri 32 ukagera kuri 48.
-
Trump agiye gufunga Ambasade za Amerika hafi 30
15 April 2025, by Angeline MUKANGENZIUbutegetsi bwa Perezida Donald Trump burateganya gufunga za Ambasade na consulat za Amerika mu bihugu hafi 30, mu rugendo rw’amavugurura ari gukorwa mu bijyanye na dipolomasi.
-
Ishyaka Green Party ryamaganye kumugaragaro iyicwa ry’umunyapolitiki wari Umuvugizi w’Ishyaka rya Ingabire Victoire ’FDU INKINGI’
16 March 2019, by Martin MunezeroMu itangazo rigenewe abanyamakuru ryo kuwa 14 Werurwe 2019 Bwana Depite Dr. Frank Habineza uhagarariye Ishyaka Riharanira Demokarasi no Kurengera Ibidukikije mu Rwanda (Democratic Green Party of Rwanda), ryamaganye ku mugaragaro ubwicanyi bwakorewe uwari Umuvugizi w’ishyaka FDU INKINGI.
-
AFC/M23 yateye utwatsi ibyo kuva mu bice bimwe yari yarafashe
29 March, by Angeline MUKANGENZIIhuriro rya AFC/M23 ryatangaje ko ibikorwa birimo kugaragara ku mirongo inyuranye yo ku rugamba ari ibisanzwe byo “guhinduranya imitwe y’ingabo”, nyuma y’iminsi bivugwa ko abarwanyi baryo bari kuva mu birindiro byabo mu bice bitandukanye muri Kivu y’Amajyaruguru.
-
Madagascar yashyizeho igihano cyo gukona uwafashe umwana ku ngufu
2 September 2024, by Joseph IradukundaLeta ya Madagascar mu cyumweru gishize yasohoye itegeko ryo gukona hakoreshejwe kubaga umuntu wese wahamwe n’icyaha cyo gusambanya umwana ku ngufu. Ni itegeko ryateje impaka kuva ryatorwa n’inteko ishinga amategeko.
-
Impamba abaturage 500 bo mu Mujyi wa Kigali bakuye ku Rwibutso rwa Jenoside rwa Bisesero
18 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAbaturage bo mu Murenge wa Nyarugunga mu Mujyi wa Kigali biyemeje kurushaho kurwanya ingengabitekerezo ya Jenoside no kwigisha abana babo amateka yayo mu guharanira ko Jenoside itazongera kubaho ukundi.
-
Maduro agiye gutangira kuburanishwa muri Amerika
26 March, by ISIMBI EstellaNicolas Maduro wahoze ayobora Venezuela wakuwe ku butegetsi ndetse agafatwa na Leta Zunze Ubumwe za Amerika, agiye gutangira kuburanishwa ku byaha byo gucuruza ibiyobyabwenge n’iterabwoba.
-
RDC:Abasirikare 9 mu baje kugarura amahoro baguye ku rugamba
26 January 2025, by Pacifique NKURUNZIZAAbasirikare icyenda bo mu majyepfo y’Afurika, biciwe mu burasirazuba bwa Repuburika ya demokarasi ya Kongo, ahabera imirwano. Byavuzwe na deparitema y’ingabo y’Afurika y’epfo kuri uyu wa gatandatu, mu gihe ingabo za Kongo n’ingabo z’abasirikare b’amahoro ba ONU bari ku rugamba rwo guhagarika umutwe wa M23.
-
Soloba yasobanuye icyamuteye gutwara amaturo mu bukwe bwa Micky
16 March, by Angeline MUKANGENZIUmunyarwenya ubifatanya no kwandika ndetse no gukina filimi, Soloba yemeye ibyo gutwara amaturo mu rusengero ubwo Micky yasezeranaga n’umugabo we Ag Promoter asobanura ko yabikoze mu rwego rwo kurema ibishimisha abantu.
Umuryango.rw
Icyo Polisi yatagaje kumu motari wagaragaye atwaye moto anahetse umwana mu mugongo bikarangaza benshi
Amakipe akina Igikombe cy’Isi cy’Abagore agiye kongerwaho 16
Trump agiye gufunga Ambasade za Amerika hafi 30
AFC/M23 yateye utwatsi ibyo kuva mu bice bimwe yari yarafashe
Madagascar yashyizeho igihano cyo gukona uwafashe umwana ku ngufu
Impamba abaturage 500 bo mu Mujyi wa Kigali bakuye ku Rwibutso rwa Jenoside rwa Bisesero
Maduro agiye gutangira kuburanishwa muri Amerika
RDC:Abasirikare 9 mu baje kugarura amahoro baguye ku rugamba
Soloba yasobanuye icyamuteye gutwara amaturo mu bukwe bwa Micky