Igikomangoma Henry Harry na Meghan Markle bamaze hafi amezi umunani bakoze ubukwe, ubu baritegura kwibaruka imfura yabo. Meghan si kenshi akunze kugaragara mu ruhame nyuma yuko arushinze nIgikomangoma Henry Harry.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Meghan umugore w’igikomangoma Harry yagaragaye mu ruhame akuriwe yambaye imyenda ihagaze akayabo k’amafaranga y’u Rwanda[AMAFOTO]
13 February 2019, by Martin Munezero -
ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y’UMUTUNGO UTIMUKANWA
7 July 2025, by UbwanditsiUmuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose ko azagurisha muri cyamunara umutungo utimukanwa uherereye Kicukiro
Soma itangazo rirambuye aho hasi…… -
Leta ya RDC yahamagaje Ambasaderi wa Uganda
18 July 2025, by ISIMBI EstellaMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Thérèse Kayikwamba Wagner, yasabye Ambasaderi Alhajji Farid Kaliisa ibisobanuro ku ifungurwa ry’umupaka wa Bunagana n’indi ikoze ku bice bigenzurwa n’ihuriro AFC/M23.
-
Abagabo babiri bo muri Uganda bashinjwa kubangamira umudendezo w’ u Rwanda
2 October 2017, by Iyamuremye JanvierMaj Gen Frank Mugambage, Ambasaderi w’u Rwanda muri Uganda yatangaje ko Leta y’u Rwanda yataye muri yombi Abagabo babiri bakomoka mu gihugu cya Uganda bakekwaho gushaka guhungabanya umutekano w’Igihugu cy’u Rwanda.
Aba bagabo babiri bafatiwe ku butaka bw’u Rwanda umwe yitwa Simpson Mpirirwe ndetse na Didas Ndamira. Aba bombi bari mu maboko y’inzego z’umutekano z’u Rwanda mu gihe iperereza rikomeje ku byaha bashinjwa.
Maj Gen Frank yabwiye Daily Monitor yandikirwa mu gihugu cya Uganda (…) -
Abayobozi bashya b’igisirikaree cya RDF bashyikirijwe ibiro n’abo basimbuye[AMAFOTO]
6 November 2019, by Martin MunezeroMu ijoro ryakeye ku kicaro cya Minisiteri y’ingabo giherereye ku Kimihurura mu mujyi wa Kigali, habereye umuhango w’ihererekanyabubasha hagati y’abayobozi bashya b’igisirikare cy’u Rwanda RDF n’abahawe inshingano zo kubasimbura.
-
U Burusiya bwisubije agace ka Kursk bukambuye Ukraine
26 April 2025, by Angeline MUKANGENZIU Burusiya bwisubije Umujyi wa Kursk, agace kari ku mupaka Ukraine yari yararwanye inkundura ikagafata mu mpera z’umwaka ushize.
-
U Rwanda na Ghana byasinyanye amasezerano y’imikoranire mu by’ikoranabuhanga mu by’imari
4 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuBanki ya Ghana na Banki Nkuru y’u Rwanda byashyize umukono ku masezerano y’ubwumvikane hagamijwe gutangiza icyitwa ‘licence passporting framework’ n’ubwishyu bwambukiranya imipaka ku bucuruzi. ‘Licence Passeport framework’ ni uburyo bwemerera ikigo cyanditswe mu karere k’ubukungu runaka gukora ubucuruzi mu kindi gihugu bitabaye ngombwa ko habaho uruhushya rushya rutangwa n’icyo gihugu.
-
Uganda: Ibyihebe bibiri byarashwe bigiye kwiturikirizaho ibisasu
3 June 2025, by Angeline MUKANGENZIIngabo za Uganda (UPDF), zatangaje ko zaburijemo igitero cy’iterabwoba cyateguwe n’abantu babiri bashakaga kwiturikiriza mu kivunge cy’abantu bagiye kwizihiza Umunsi w’Abahowe Imana b’i Bugande.
-
FARDC yemeje urupfu rwa Colonel Alexis Rugabisha waguye mu mirwano na M23
3 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUbuyobozi bw’Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwatangaje ko Colonel Alexis Rugabisha wari umuyobozi wa brigade ya 12 muri FARDC, yaguye mu mirwano na M23 muri Kivu y’Amajyepfo.
-
P Diddy akurikiranyweho ibyaha bishya
5 April 2025, by Joseph IradukundaUmuraperi w’icyamamare Sean “Diddy” Combs yongeye gukurikiranwaho ibyaha bibiri bishya birimo gucuruza abantu no kwishora mu busambanyi, habura ukwezi ngo agezwe imbere y’urukiko i New York.
Umuryango.rw
ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y’UMUTUNGO UTIMUKANWA
Leta ya RDC yahamagaje Ambasaderi wa Uganda
U Burusiya bwisubije agace ka Kursk bukambuye Ukraine
U Rwanda na Ghana byasinyanye amasezerano y’imikoranire mu by’ikoranabuhanga mu by’imari
Uganda: Ibyihebe bibiri byarashwe bigiye kwiturikirizaho ibisasu
FARDC yemeje urupfu rwa Colonel Alexis Rugabisha waguye mu mirwano na M23
P Diddy akurikiranyweho ibyaha bishya