Ibinyamakuru bikomeye mu karere birimo New Vision, NTV na The East African byasabwe n’Urwego rushinzwe ubutasi mu Gisirikare cya Uganda, CMI n’Umutwe wa RNC gutangaza inkuru zivuga neza umunyemari Rujugiro Tribert uvugwaho gutera inkunga RNC.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Ibinyamakuru bikomeye mu karere byasabwe na CMI na RNC kuvuga neza umunyemari Rujugiro
29 March 2019, by Dusingizimana Remy -
Mu 2025 abayirwaye barenga 500: Impuruza kuri kanseri ya ‘prostate’ ikomeje kwiyongera mu Rwanda
8 February, by Angeline MUKANGENZIIkigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC) cyagaragaje ko mu 2025 kanseri ya prostate ari yo yibasiye abagabo cyane muri kanseri zose bashobora kurwara, ndetse ko mu gihe cy’imyaka ine yiyongereyeho abarenze 100 bayandura ku mwaka.
-
Urwego rw’Umutekano rwongeye kuza ku isonga mu Bushakashatsi bwakozwe na RGB
14 October 2022, by Dusingizimana RemyIkigo cy’igihugu gishinzwe imiyoborere [RGB] cyashyize hanze ubushakashatsi ku miyoborere ku nshuro ya 9 aho Urwego rw’Umutekano rwongeye kuza imbere n’amanota 95.53%.
Iyi raporo nshya ku bipimo by’imiyoborere yakozwe n’Urwego rw’Imiyoborere mu Rwanda (RGB), yamuritswe kuri uyu wa Gatanu, ku nshuro ya cyenda.Inzego 5 mu 8 zagize amanota 80% kuzamura.
Urwego rujyanye n’ituze n’umutekano rwaje ku isonga mu bipimo by’imiyoborere mu Rwanda (RGS) n’amanota 95.53%, mu gihe Ireme ry’imitangire (…) -
Museveni yahishuye ibanga akesha intsinzi ye n’icyo ishimangira muri Uganda
20 January, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Uganda, Yoweri Museveni, yabwiye abaturage ko intsinzi ikomeye yabonye mu matora y’umukuru w’igihugu aheruka igaragaza ubuhangange bw’ishyaka rye, rimaze imyaka hafi 40 riyobora Uganda.
-
Canada ishobora kohereza abasirikare muri Ukraine
3 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri w’Intebe wa Canada, Justin Tredeau, yaciye amarenga ko igihugu ayoboye gishobora kohereza ingabo muri Ukraine mu rwego rwo gufasha icyo gihugu, nyuma y’igihe gito u Bwongereza nabwo bugarutse kuri iyi ngingo.
-
Kugira Ubumuga ntibyababujije kwamamara , Dore ibyamamare 7 mu Rwanda bifite ubumuga
28 February 2025, by ISIMBI EstellaKugira ubumuga ntibisobanuye kutagira ubushobozi bwo kugira icyo wakora , ntibisobanuye ko ubuzima burangiye , ntibisobanuye ko utari uwumumaro ku muryango Nyarwanda ndetse byumwihariko ntibisobanuye ko utaremwe mu ishusho y’uhoraho Imana ishobora byose. Kugira ubumuga ntawabyifuza ariko ubuzima butunyuza mu nzira zitandukanye. Uko uri kose ujye wibukako wagiririwe ingabire isumba izindi yo kuba ukiri muzima ubasha kwiyumva ndetse wagira ibyo ukora ibyo bitume uhora utekereza icyo wakora (…)
-
Israel yarashe ahakoreraga Perezida wa Yemen
25 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIgisirikare cya Israel cyatangaje ko cyagabye ibitero mu bice bitandukanye bya Yemen birimo n’ibirindiro bya gisirikare binabarizwamo ahakoreraga Umukuru w’Igihugu.
-
Kigali: Utubari 200 tutubahiriza amabwiriza twahanishijwe ibirimo gufungwa
23 July 2025, by ISIMBI EstellaPolisi y’u Rwanda ku bufatanye n’ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali basanze utubari 206 tutubahiriza amabwiriza agenga imikorere y’ubucuruzi bujyanye no kwakira abantu n’imyidagaduro tumwe dufungwa by’agateganyo abandi bacibwa ihazabu ijyanye n’amakosa bafatiwemo.
-
Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga yashimye Abanyarwanda bishatsemo ibisubizo by’ubutabera ku byaha bya Jenoside yakorewe abatutsi
12 April 2025, by Angeline MUKANGENZIPerezida w’Urukiko rw’Ikirenge, Mukantaganzwa Domitilla yashimye ko Abanyarwanda nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, bishatsemo ibisubizo mu gutanga ubutabera ku byaha bya Jenoside mu Rwanda no mu mahanga.
-
IShowSpeed yageze mu Rwanda mu ibanga rikomeye
10 January, by ISHIMWE Jean de DieuIShowSpeed yageze i Kigali mu ijoro ryo ku wa 9 Mutarama 2026 avuye muri Zambia, asohoka ku kibuga cy’indege anyujijwe ahasanzwe haca abanyacyubahiro, ahita akomereza mu Karere ka Musanze.
Umuryango.rw
Mu 2025 abayirwaye barenga 500: Impuruza kuri kanseri ya ‘prostate’ ikomeje kwiyongera mu Rwanda
Urwego rw’Umutekano rwongeye kuza ku isonga mu Bushakashatsi bwakozwe na RGB
Museveni yahishuye ibanga akesha intsinzi ye n’icyo ishimangira muri Uganda
Canada ishobora kohereza abasirikare muri Ukraine
Kugira Ubumuga ntibyababujije kwamamara , Dore ibyamamare 7 mu Rwanda bifite ubumuga
Israel yarashe ahakoreraga Perezida wa Yemen
Kigali: Utubari 200 tutubahiriza amabwiriza twahanishijwe ibirimo gufungwa
Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga yashimye Abanyarwanda bishatsemo ibisubizo by’ubutabera ku byaha bya Jenoside yakorewe abatutsi
IShowSpeed yageze mu Rwanda mu ibanga rikomeye