U Bwongereza bwarekuye imfungwa ibihumbi 26 zirimo n’izari zarakatiwe ibihano biremereye, mu rwego rwo kugabanya ubucucike muri gereza zo muri icyo gihugu.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
U Bwongereza: Imfungwa ibihumbi 26 zararekuwe mu kugabanya ubucucike muri gereza
13 August 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Amateka ya Sembagare Crysostome wakomeye cyane muri Rayon, Abakinnyi n’amakipe yemera ubu n’ibindi (Video)
19 March 2019, by UbwanditsiUmuryango waganiriye na Sembagare Crysostome, umukinnyi wo hagati wari ukomeye cyane muri Rayon mu myaka ya za 80 na 90. Ubu nabwo aracyaza kureba umupira aho Rayon yakinnye. Avuga ko ariyo kipe akunda cyane. Mu gihe cyabo, avuga ko umukeba wabo yari Kiyovu na Panthere Noir.
-
U Rwanda mu nzira yo gushyiraho uburyo bwo guteganyiriza abakora imirimo itanditse
21 October 2025, by ISIMBI EstellaMinisiteri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo, Mifotra yatangaje ko hari gahunda yo kuvugurura amategeko n’amabwiriza ku buryo abakozi bakora imirimo itanditse mu Rwanda batangira gutangirwa ubwishingizi bwaba ubw’izabukuru no kwivuza.
-
Kugira inzozi mbi byongera ibyago byo gupfa vuba - Ubushakashatsi
14 July 2025, by ISIMBI EstellaKurota, ukagira inzozi igihe uryamye ni ibintu bisanzwe ndetse nta muntu bitabaho, ariko uzumva hari uvuga ati ‘narose nabi’, aho umuntu aba yagize inzozi mbi, kenshi ziba ziteye ubwoba.
-
Ibibazo bitegereje umusimbura wa Papa Francis
30 April 2025, by Joseph IradukundaInama y’Aba-Cardinal 135 baturutse mu bihugu 71 iteganya guteranira muri Shapelle ya Sistine guhera tariki ya 7 Gicurasi kugira ngo itangire gutora Umushumba wa Kiliziya Gatolika uzasimbura Papa Francis witabye Imana tariki ya 21 Mata 2025.
-
Ibyamamare Messi na Ronaldo ntibari mu bahataniye Ballon d’Or ya 2024
5 September 2024, by Joseph IradukundaKu nshuro ya mbere kuva mu 2003, Lionel Messi na Cristiano Ronaldo ntibagaragaye ku rutonde rw’abazavamo uwegukana Ballon d’Or nk’umukinnyi mwiza w’uyu mwaka ku Isi.
-
Itangazo rya cyamunara y’umutungo utimukanwa
8 October 2024, by UbwanditsiUmuhesha w’ Inkiko w’ Umwuga aramenyesha abantu bose ko azagurisha muri
cyamunara umutungo utimukanwa uherereye mu Karere ka Gasabo.
Soma itangazo rirambuye…. -
Itangishaka Claudine wakiniye She-Amavubi yaremeye umuryango utishoboye
13 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUwahoze ari umunyezamu w’ikipe y’Igihugu y’u Rwanda y’umupira w’amaguru [She-Amavubi], Itangishaka Claudine, yaremeye umuryango utishoboye w’abantu bane mu Akarere ka Rubavu.
-
Minisitiri w’Intebe w’u Butaliyani yavuze ko amagambo ya Trump kuri Papa Léo XIV atari ayo kwihanganirwa
14 April, by ISIMBI EstellaMinisitiri w’Intebe w’u Butaliyani, Giorgia Meloni, yatangaje ko amagambo Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump aherutse gutangaza yibasira Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Léon XIV, atari ayo kwihanganirwa.
-
CECAFA U 17: U Rwanda rwamenye itsinda ruherereyemo
31 October 2025, by ISIMBI EstellaIkipe y’igihugu y’u Rwanda y’abatarengeje imyaka 17 yisanze mu Itsinda A ry’imikino ya ‘CAF U17 AFCON CECAFA Region Qualifiers’ yo guhatanira itike yo kujya mu gikombe cya Afurika cy’abatarengeje iyo myaka.
Umuryango.rw
U Bwongereza: Imfungwa ibihumbi 26 zararekuwe mu kugabanya ubucucike muri gereza
U Rwanda mu nzira yo gushyiraho uburyo bwo guteganyiriza abakora imirimo itanditse
Kugira inzozi mbi byongera ibyago byo gupfa vuba - Ubushakashatsi
Ibibazo bitegereje umusimbura wa Papa Francis
Ibyamamare Messi na Ronaldo ntibari mu bahataniye Ballon d’Or ya 2024
Itangishaka Claudine wakiniye She-Amavubi yaremeye umuryango utishoboye
Minisitiri w’Intebe w’u Butaliyani yavuze ko amagambo ya Trump kuri Papa Léo XIV atari ayo kwihanganirwa
CECAFA U 17: U Rwanda rwamenye itsinda ruherereyemo