Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA), ryatangaje ko hari miliyoni 355$, zizagabanwa amakipe azohereza abakinnyi mu mikino y’Igikombe cy’Isi cya 2026 uhereye mu majonjora yo gushaka itike yo kukijyamo.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
FIFA yongereye amafaranga agenerwa amakipe yohereza abakinnyi mu Gikombe cy’Isi
17 September 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Rutsiro: Inkuba yakubise abantu 2 umwe arapfa
30 January, by ISIMBI EstellaMu Murenge wa Mukura, Akarere ka Rutsiro, mu ma saa kumi n’ebyiri n’igice z’umugoroba wo ku wa Kane tariki ya 29 Mutarama 2026, inkuba yakubise abantu babiri, umwe ahasiga ubuzima.
-
Perezida Kagame yashimiye mugenzi we Samia Suluhu ikintu gikomeye yakoze
27 April 2023, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame uri mu ruzinduko rw’iminsi ibiri muri Tanzania, yashimiye Perezida w’iki gihugu, Samia Suluhu Hassan,uburyo yagize uruhare mu kugarura umutekano mu burasirazuba bw’igihugu cya RDC.
Mu kiganiro n’itangazamakuru cyabereye i Dar es Salaam kuri uyu wa Kane, Perezida Kagame yashimiye Samia Suluhu ku buyobozi bwe bwiza mu gushakira igisubizo kirambye amakimbirane ari mu karere by’umwihariko ibibazo biri mu Burasirazuba bwa RDC, ku bufatanye n’abandi bagize Umuryango wa Afurika (…) -
Gisagara irashinjwa gutanga amasoko ya miliyari 2 Frw binyuranyije n’amategeko
10 July 2025, by ISIMBI EstellaAbadepite bagize Komisiyo ishinzwe gukurikira imikoreshereze y’Umutungo n’imari bya Leta (PAC) banenze Akarere ka Gisagara kuba karatanze amasoko afite agaciro k’asaga miliyari zisaga 2 z’amafaranga y’u Rwanda, mu buryo bunyuranyije n’amategeko.
-
Umujyi wa Kigali watangiye gusuzuma uko abaturage bikingije urugo ku rundi
13 January 2022, by Dusingizimana RemyUmujyi wa Kigali watangije ibarura rigomba gukorwa urugo ku rundi hagenzurwa abikingije COVID-19 kugira ngo hamenyekane abatarafata doze n’imwe n’abatarafata inkingo nkuko biteganyijwe.
Itangazo ryashyizweho umukono n’umuyobozi w’Umujyi wa Kigali, Pudence Rubingisa, ku wa 12 Mutarama 2022, riragira riti “Dushingiye ku gikorwa cyo gukingira abaturage bahabwa urukingo rwa Covid-19 cyatangiye guhera mu kwezi kwa Werurwe 2021, byagaragaye ko hari abaturage bageze igihe cyo gufata urukingo rwa (…) -
Reba Emirates FA Cup kuri Startimes-Manchester United igiye guhangana na Liverpool Ku cyumweru
20 January 2021, by Dusingizimana RemyMu mukino twavuga ko ari uwa nyuma waje kare,Liverpool igiye kongera guhura na Manchester United baherukaga kunganya 0-0 ku cyumweru gishize muri Premier League.
-
SKOL iri kwizihiza isabukuru y’imyaka 10 imaze idabagiza Abanyarwanda
29 December 2020, by Dusingizimana RemyUruganda rwenga inzoga rwa SKOL Brewery Ltd (SBL) ruri kwizihiza imyaka 10 rumaze rukora ibinyobwa birimo ibisembuye n’ibidasambuye mu Rwanda nyuma yo kwinjira mu gihugu binyuze mu kugura 51% by’imigabane y’urundi rwa Brasserie de Mille Collines (BMC) rwari rufite ubushobozi bwo kwenga hegitolitiro z’inzoga ibihumbi 80 mu mwaka wa 2010.
-
Mozambike: Abantu bitwaje imbunda bishe abantu 2 batavuga rumwe n’ubutegetsi
20 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuImiryango iharanira uburenganzira bwa muntu yavuze ko abantu bitwaje imbunda bishe umunyamategeko utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Mozambike n’umuyobozi w’ishyaka nyuma yo kurasa inshuro nyinshi ku modoka bagenderagamo ku wa Gatandatu, ibigaragaza umwuka mubi mbere y’imyigaragambyo iteganywa yamagana ibyavuye mu matora atavugwaho rumwe.
-
Amerika yijeje Koreya y’Epfo ubufasha mu bya gisirikare
1 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri w’Ingabo wa Amerika, Lloyd Austin, yavuze ko biteguye gufasha Koreya y’Epfo mu gukora ibisasu bya kirimbuzi no kuyifasha kongera imyitozo ya gisirikare
-
Hashize imyaka 10 twaravuyeyo: igisubizo cya Putin ku bavuga ko yatsinzwe muri Siriya
19 December 2024, by Joseph IradukundaPerezida Putin yahinyuje abavuga ko ihirikwa ry’ubutegetsi ry’uwahoze ari Perezida wa Syria, Bashar al Assad, ari ugutsindwa gukomeye k’u Burusiya, avuga ko bibeshya ndetse ari ukuyobya uburari, kuko bwari bwaravuye muri Syria mu myaka nka 10 ishize.
Umuryango.rw
FIFA yongereye amafaranga agenerwa amakipe yohereza abakinnyi mu Gikombe cy’Isi
Rutsiro: Inkuba yakubise abantu 2 umwe arapfa
Perezida Kagame yashimiye mugenzi we Samia Suluhu ikintu gikomeye yakoze
Gisagara irashinjwa gutanga amasoko ya miliyari 2 Frw binyuranyije n’amategeko
Umujyi wa Kigali watangiye gusuzuma uko abaturage bikingije urugo ku rundi
Mozambike: Abantu bitwaje imbunda bishe abantu 2 batavuga rumwe n’ubutegetsi
Amerika yijeje Koreya y’Epfo ubufasha mu bya gisirikare
Hashize imyaka 10 twaravuyeyo: igisubizo cya Putin ku bavuga ko yatsinzwe muri Siriya