Ikigo cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika gishinzwe iby’Isanzure (NASA) bwa mbere mu mateka yacyo cyakoze igikorwa cyo gukura mu isanzure umwe mu bo cyari cyoherejeyo wafashwe n’uburwayi akenera kwitabwaho n’abaganga.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Umushakashatsi warembeye mu isanzure yagaruwe ku Isi
15 January, by Angeline MUKANGENZI -
Inyanya zinjiriza u Rwanda miliyari z’amadovize
9 February, by Angeline MUKANGENZIIkigo cy’Igihugu gishinzwe guteza imbere ibyoherezwa mu mahanga ry’ibikomoka ku buhinzi n’Ubworozi (NAEB) cyatangaje ko miliyari z’amadovize akomoka ku musaruro w’inyanya yikubye inshuro zirenga 5 mu myaka 7.
-
RDC yigometse kuri Amerika, yanga kugirana n’u Rwanda amasezerano y’ubukungu
4 October 2025, by ISIMBI EstellaUbutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ku wa 3 Ukwakira 2025 bwigometse kuri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, bwanga kugirana n’u Rwanda amasezerano y’ubufatanye mu by’ubukungu.
-
Dr Iyamuremye Augustin niwe watorewe kuyobora Sena
17 October 2019, by Dusingizimana RemyDr. Iyamuremye Augustin niwe watorewe kuyobora Sena y’u Rwanda muri manda y’imyaka 5 ahundagajweho amajwi 25 mu gihe Zephyrin Kalimba bari bahataniye uyu mwanya we yagize ijwi rimwe.
-
Umukinnyi mpuzamahanga Tchouaméni yatanze umucyo ku byavugwaga ko umukunzi we yamuteye agahinda
14 March, by ISHIMWE Jean de DieuUmukinnyi Aurélien Tchouaméni ukinira ikipe ya Real Madrid yo muri Espagne, yanyomoje ubutumwa yitiriwe bwagaragaza ko yafashe umukunzi we aryamanye n’undi mugabo, avuga ko konti y’urubuga nkoranyambaga bwanyujijweho atari iye.
-
Kinshasa: Urubanza rwa Kabila rugiye gutangira
25 July 2025, by ISIMBI EstellaUrukiko Rukuru rw’igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuri uyu wa 25 Nyakanga 2025 ruratangira kuburanisha urubanza ruregwamo Joseph Kabila wayoboye iki gihugu kuva mu 2001 kugeza mu 2019.
-
U Budage bwateze iminsi inama ihuza Putin na Zelensky
29 August 2025, by ISIMBI EstellaChancelier w’u Budage, Friedrich Merz, yatangaje ko nubwo Amerika ishaka ko habaho inama ihuza Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin na Volodymyr Zelensky wa Ukraine, itazigera ibaho.
-
White House igiye kwakira umukino wa UFC
4 July 2025, by Joseph IradukundaPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za America, Donald Trump, yatangaje ko ibiro bye bya White House bigiye kwakira umukino njyarugamba wa UFC [Ultimate Fighting Championship].
-
Syria: Perezida Assad ari guhigwa bukware n’inyeshyamba zafashe ubutegetsi
8 December 2024, by Joseph IradukundaInyeshyamba za HTS zafashe ubutegetsi muri Syria, zatangiye igikorwa cyo guhiga bukware Perezida Bashar al-Assad, nubwo bivugwa ko yahunze igihugu.
-
Vestine yashimiye abakomeje kumufasha mu myiteguro y’ubukwe
24 June 2025, by ISIMBI EstellaUmuririmbyi Ishimwe Vestine, uzwi mu itsinda rya Vestine na Dorcas, yashimiye abakomeje kumufasha mu myiteguro y’ubukwe bwe.
Umuryango.rw
Umushakashatsi warembeye mu isanzure yagaruwe ku Isi
Inyanya zinjiriza u Rwanda miliyari z’amadovize
RDC yigometse kuri Amerika, yanga kugirana n’u Rwanda amasezerano y’ubukungu
Umukinnyi mpuzamahanga Tchouaméni yatanze umucyo ku byavugwaga ko umukunzi we yamuteye agahinda
Kinshasa: Urubanza rwa Kabila rugiye gutangira
U Budage bwateze iminsi inama ihuza Putin na Zelensky
White House igiye kwakira umukino wa UFC
Syria: Perezida Assad ari guhigwa bukware n’inyeshyamba zafashe ubutegetsi
Vestine yashimiye abakomeje kumufasha mu myiteguro y’ubukwe