Polisi ya Senegal yataye muri yombi abantu 14 bakekwaho gushinga umushinga wo gucuruza abantu bagakoreshwa ihohoterwa rishingiye ku gitsina muri icyo gihugu n’u Bufaransa.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Senegal: 14 batawe muri yombi bakekwaho gucuruza abantu no kubanduza SIDA ku bushake
9 February, by Angeline MUKANGENZI -
Igihugu cya Uganda n’u Burundi byagize icyo bivuga kuri Sankara wamennye amabanga yabyo ku mugambi bifitiye u Rwanda
24 May 2019, by Martin MunezeroIgihugu cya Uganda cyasubije ku makuru yahishuwe na Nsabimana Calixte Sankara wemereye ubutabera bw’u Rwanda ko Brigadier Abel Kandiho ukuriye urwego rw’ubutasi bwa gisirikare bwa Uganda yahaga ubufasha inyeshyamba za FLN kugira ngo zize guhungabanya umutekano w’u Rwanda.
-
Mana rinda u Burundi- Ndayishimiye nyuma yo guhisha ububiko bw’intwaro
1 April, by ISIMBI EstellaPerezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye Imana kubana n’u Burundi, nyuma y’uko iki gihugu gihuye n’inkongi y’umuriro yibasiye ububiko bw’intwaro, zirakongoka.
-
Israel yamaze guhitamo aho izarasa muri Iran
17 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuIsrael yamaze guhitamo ibice izarasa muri Iran mu gitero cyo kwihimura, nyuma y’uko Iran iherutse kurasa misile zirenga 180 muri Israel.
-
Amavubi yahamagaye abo izasozanya urugendo rwo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi
2 October 2025, by ISIMBI EstellaUmutoza w’Ikipe y’Igihugu, Adel Amrouche, yahamagaye abakinnyi 23 azifashisha ku mikino yo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi cya 2026, u Rwanda ruzahuramo na Bénin na Afurika y’Epfo tariki ya 10 n’iya 14 Ukwakira 2025.
-
Perezida Kagame yashimiwe umubano mwiza yambikwa Umudali w’Icyubahiro
10 July 2023, by Joseph IradukundaPerezida Paul Kagame yambitswe Umudali w’Icyubahiro muri Bahamas uzwi nka "Order of Excellence", mu kumushimira umubano mwiza n’ubushuti afitanye na Guverinoma y’iki gihugu.
Umudali Perezida Kagame yambitswe uri mu cyiciro cya mbere cy’imidali irindwi ikomeye muri Bahamas. Ni uwa gatatu nyuma y’uhabwa intwari z’igihugu n’undi witwa uw’igihugu.
Yawuhawe ku gicamunsi cyo ku wa Mbere [i Bahamas] ubwo yitabiraga ibirori byo kwizihiza isabukuru y’imyaka 50 iki gihugu kibonye ubwigenge. Byari (…) -
Frank Gashumba yasabye abagabo gupimisha DNA y’abana babo hakiri kare
7 July 2025, by ISIMBI EstellaUmunyapolitiki akaba n’umunyamakuru wo muri Uganda, Frank Gashumba, yasabye abagabo bose kujya bapimisha ADN (DNA) y’abana babo bakimara kuvuka, kugira ngo bamenye niba ari abo babyaye koko, anavuga ko kurerera ubusa ari kimwe mu bintu bibabaza umugabo kurusha ibindi byose.
-
U Rwanda rwakiriye inkura zera 30 zivuye muri Africa y’Epfo
29 November 2021, by Dusingizimana RemyInkura 30 zera zinjijwe mu cyanya cy’inyamaswa cy’Akagera zivanywe muri Africa y’Epfo, mu kuzikorera ubundi bwororokero bushya, nk’uko ababishinzwe mu Rwanda babivuga.
-
Abacuruzi 9 baciwe amande asaga miliyoni 19 kubera kuzamura ibiciro by’amata ya Inyange
2 November 2021, by Dusingizimana RemyAbacuruzi 9 bo muri Kigali bakorana n’uruganda Inyange mu kugeza amata ku bacuruzi bato bamaze gucibwa amande ya miliyoni 19,5 Frw nyuma y’aho bigaragaye ko bazamuye ibiciro by’amata.
Ni mu bugenzuzi buri gukorwa n’ikigo cy’Igihugu gishinzwe ubugenzuzi bw’ubuziranenge, Ihiganwa mu bucuruzi no kurengera umuguzi, RICA aho basanze abo bacuruzi bagurishaga amata ku giciro gihanitse, ariko bagatanga inyemeza bwishyu zigaragaza ko batanze ayo mata ku giciro gisanzwe.
Ibi ni nyuma y’uko kuri (…) -
U Rwanda rugiye kwakira inama mpuzamahanga yiga ku mashyamba
21 August 2025, by ISIMBI EstellaKuva ku itariki 20 kugeza 24 Ukwakira 2025, u Rwanda ruzakira inama mpuzamahanga ya Gatandatu yiga ku buhinzi bw’amashyamba.
Umuryango.rw
Senegal: 14 batawe muri yombi bakekwaho gucuruza abantu no kubanduza SIDA ku bushake
Mana rinda u Burundi- Ndayishimiye nyuma yo guhisha ububiko bw’intwaro
Israel yamaze guhitamo aho izarasa muri Iran
Amavubi yahamagaye abo izasozanya urugendo rwo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi
Perezida Kagame yashimiwe umubano mwiza yambikwa Umudali w’Icyubahiro
Frank Gashumba yasabye abagabo gupimisha DNA y’abana babo hakiri kare
U Rwanda rwakiriye inkura zera 30 zivuye muri Africa y’Epfo
Abacuruzi 9 baciwe amande asaga miliyoni 19 kubera kuzamura ibiciro by’amata ya Inyange
U Rwanda rugiye kwakira inama mpuzamahanga yiga ku mashyamba