Sosiyete ikora iby’ingufu z’amashanyarazi ikomoka muri Amerika, igiye kwinjira mu bikorwa by’umushinga wo kubaka urugomero rwa Ruzizi III ruzatanga umuriro ungana na megawatt 206 mu bihugu birimo u Rwanda, RDC n’u Burundi.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Abanyamerika binjiye mu mushinga wo kubaka urugomero rwa Ruzizi III
26 June 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Sabinus : Nkitangira ibintu bya Comedy muri 2015 nagiraga views imwe nayo ikaba ari iya Masenge wanjye
20 May 2025, by Gladiator OGIcyamamare mu ruhando rw’urwenya mu gihugu cya Nigeria Emmanuel Chukwuemeka Ejekwu uzwi cyane nka Sabinus cyangwa se Mr Funny yatangaje ko ubwo yinjiraga mu bijyanye n’urwenya bitari inzira igororotse kuko yajyaga abona views (Abarebye video ze) umwe wenyine na we akaba ari Nyirasenge wabaga agirango amutere ingabo mu bitugu mu rugendo rwe.
-
Gen Muhoozi yiyemeje guhangana n’ Ambasaderi wa Amerika watinyutse Museveni
4 October 2024, by Joseph IradukundaUmugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko Uganda iri hafi guhangana na Ambasaderi wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika muri iki gihugu ashinja kubahuka Perezida Yoweri Kaguta Museveni.
-
Musanze: Haravugwa urupfu rw’umusore bikekwa ko yishwe n’indaya basangiye
14 October 2024, by Joseph IradukundaMu Murenge wa Kimonyi, mu Kagari ka Buramira, Umudugudu wa Kabaya hasanzwe umurambo, bikekwa ko yaba yishwe n’indaya.
-
PAM yiyemeje gushyira imbaraga mu gutoza urubyiruko indangagaciro nyafurika
30 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUbuyobozi bukuru w’Umuryango uharanira kwihuza no kwigenga kw’Abanyafurika (Pan African Movement (PAM) ishami ry’u Rwanda, bwiyemeje gushyira cyane imbaraga mu gutoza urubyiruko indangagaciro nyafurika, kugira ngo barusheho kumenya no guharanira icyateza imbere u Rwanda na Afurika muri rusange.
-
Hamas yahaye Israel umurambo utari wo
21 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIsrael yashinje umutwe wa Hamas kuyiha umurambo w’umuntu utari wo, aho kuyiha umurambo w’umugore washimuswe n’uyu mutwe agapfira muri Gaza ari kumwe n’abana be babiri, uyu mutwe ngo woherereje Israel uw’undi mugore.
-
Abandi bantu mu Rwanda bakize Marburg
11 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuMinisiteri y’Ubuzima ku wa Kane yatangaje ko hari abandi bantu batatu bamaze gukira indwara y’umuriro mwinshi iterwa na virusi ya Marburg, bituma umubare w’abamaze gukira iki cyorezo ugera ku bantu 15.
-
Abashoferi bafashijwe na M23 guhungira mu Rwanda, bashyikirijwe ibihugu byabo
29 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMinisiteri y’Ububanyi n’Amahanga y’u Rwanda yashyikirije ambasade za Tanzania, u Burundi na Kenya, abashoferi 45 bakomoka muri ibyo bihugu, bari barabuze uko bava mu Mujyi wa Goma nyuma y’uko intambara iwubasanzemo, batwaye ibiribwa by’Ishami rya Loni ryita ku Biribwa (WFP).
-
NBA: Indiana Pacers yatsinze Oklahoma, iyibuza Igikombe cya Shampiyona
20 June 2025, by Joseph IradukundaIndiana Pacers yatsinze Oklahoma City Thunder amanota 108-91, amakipe yombi anganya intsinzi eshatu mu mukino wa gatandatu muri Shampiyona ya Basketball muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika (NBA).
-
Koreya ya Ruguru yemeje ko ingabo zayo ziri kurwanirira u Burusiya
28 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUbuyobozi bwa Koreya ya Ruguru bwemeye ku nshuro ya mbere ko hari ingabo zabwo ziri kurwanira u Burusiya mu ntambara buhanganyemo na Ukraine.
Umuryango.rw
Abanyamerika binjiye mu mushinga wo kubaka urugomero rwa Ruzizi III
Sabinus : Nkitangira ibintu bya Comedy muri 2015 nagiraga views imwe nayo ikaba ari iya Masenge wanjye
Gen Muhoozi yiyemeje guhangana n’ Ambasaderi wa Amerika watinyutse Museveni
Musanze: Haravugwa urupfu rw’umusore bikekwa ko yishwe n’indaya basangiye
PAM yiyemeje gushyira imbaraga mu gutoza urubyiruko indangagaciro nyafurika
Hamas yahaye Israel umurambo utari wo
Abandi bantu mu Rwanda bakize Marburg
Abashoferi bafashijwe na M23 guhungira mu Rwanda, bashyikirijwe ibihugu byabo
NBA: Indiana Pacers yatsinze Oklahoma, iyibuza Igikombe cya Shampiyona
Koreya ya Ruguru yemeje ko ingabo zayo ziri kurwanirira u Burusiya