Umuhanzi Karasira Aimable wari uzwi cyane kuri You Tube kubera ibiganiro yakundaga gukora yanduriye Covid-19 aho yari afungiye bimubuza kugezwa imbere y’urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge ku nshuro ya mbere kuri uyu wa kabiri tariki ya 22 Kamena 2021.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Karasira Aimable yanduriye Covid-19 aho yari afungiye bimubuza kuburana
21 June 2021, by Dusingizimana Remy -
Perezida Kagame yatangaje ikintu gisekeje cyahungabanyije perezida Museveni
2 April 2019, by Dusingizimana RemyNyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yatangaje ko Perezida Museveni yahungabanyijwe n’itorero ry’urubyiruko rw’abanyeshuri b’Abanyarwanda baba mu mahanga ribera mu Rwanda,avuga ko ari umutwe u Rwanda ruri gutoza kugira ngo uzatere Uganda.
-
Abadepite barwaniye mu cyumba cy’Inteko kugeza bateraye n’ibiturika
5 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuInteko Ishinga Amategeko ya Seribiya yabereyemo imvururu kuri uyu wa Kabiri, aho bamwe mu badepite batavugarumwe n’ubutegetsi batitaye ku mutekano, batangira gutera ibyotsi biryana mu maso (tear gas) n’ibiturika imbere mu cyumba cy’Inama Nkuru.
-
Perezida Kagame yavuze ku ifunguro akunda n’ukuntu ajya asiba amafunguro ya saa sita kubera akazi kenshi
10 July 2020, by Dusingizimana RemyNyakubahwa Perezida wa Repubulika,Paul Kagame yavuze ko atagira ibyokurya byihariye akunda kuko atajya avangura ahubwo yemeza ko akunda gufata amata cyane ndetse yavuze ko kubera akazi kenshi rimwe na rimwe akunze kubura umwanya wo gufata amafunguro ya saa sita.
-
Abakoresha umuhanda bakanguriwe gukomeza ingamba zo gukumira impanuka
15 July 2025, by ISIMBI EstellaUbukangurambaga bw’umutekano wo mu muhanda ‘Gerayo Amahoro’ bwakomeje kuri uyu wa Mbere tariki ya 14 Nyakanga, Polisi y’u Rwanda yibutsa abakoresha umuhanda by’umwihariko abanyamaguru gufata ingamba mu rwego rwo gukumira no kugabanya umubare munini w’abavutswa ubuzima bitewe n’impanuka zo mu muhanda.
-
Basketball: U Rwanda rwavuye mu Gikombe cya Afurika nta ntsinzi rubonye
18 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIkipe y’Igihugu y’u Rwanda ya Basketball yasezerewe mu Gikombe cya Afurika idatsinze umukino n’umwe muri itatu yakinnye.
-
RIB yasubije abasabye iperereza ryimbitse ku rupfu rwa KIZITO MIHIGO no ku cyaba cyaramuteye kwiyambura ubuzima
21 February 2020, by Martin MunezeroUmuryango wo muri Commonwealth urasaba ko uubuyobozi bw’u Rwanda bwizeza ko hazabaho “iperereza ryihutirwa kandi ryigenga” ku rupfu rw’umuhanzi Kizito Mihigo watangajwe ko yasanzwe yapfiriye muri kasho ya polisi ku wa mbere w’iki cyumweru.
Umunyamuziki Kizito Mihigo yari azwi cyane mu ndirimbo ziririmbirwa Imana, izivuga ku mahoro no ku bwiyunge. -
Trump yatutse umukozi w’uruganda rwa Ford
14 January, by Angeline MUKANGENZIDonald Trump yatutse (yeretse urutoki rwa musumba zose) umukozi wo mu mu ruganda ruteranya imodoka rwa Ford ruherereye muri Leta ya Michigan, nyuma yo kumubwira amagambo y’ubushotoranyi.
-
Leta ya RDC yongereye ashorwa mu gisirikare ngo yisubize ibice AFC/M23 yafashe
20 November 2025, by ISIMBI EstellaMinisitiri w’Intebe wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Judith Suminwa Tuluka, yamenyesheje Inteko Ishinga Amategeko ko mu 2026 Guverinoma izashora miliyari 5,19 z’Amadolari mu gisirikare, igipolisi n’izindi nzego z’umutekano.
-
Rurambikanye hagati ya M23 na FARDC muri Shonyi na Kavumu- Rutshuru
11 November 2024, by Joseph IradukundaKuva mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere, itariki 11 Ugushyingo 2024, haravugwa imirwano hagati y’inyeshyamba za M23 n’Ingabo za FARDC zifatanyije n’inyeshyamba z’Abawazalendo ahitwa Shonyi na Kavumu muri Teritwari ya Rutshuru .
Umuryango.rw
Karasira Aimable yanduriye Covid-19 aho yari afungiye bimubuza kuburana
Abadepite barwaniye mu cyumba cy’Inteko kugeza bateraye n’ibiturika
Perezida Kagame yavuze ku ifunguro akunda n’ukuntu ajya asiba amafunguro ya saa sita kubera akazi kenshi
Abakoresha umuhanda bakanguriwe gukomeza ingamba zo gukumira impanuka
Basketball: U Rwanda rwavuye mu Gikombe cya Afurika nta ntsinzi rubonye
Trump yatutse umukozi w’uruganda rwa Ford
Leta ya RDC yongereye ashorwa mu gisirikare ngo yisubize ibice AFC/M23 yafashe
Rurambikanye hagati ya M23 na FARDC muri Shonyi na Kavumu- Rutshuru