Guverinoma y’u Rwanda n’iya Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku wa 28 Mata 2025 zatangiye ibiganiro byihariye bigamije kongerera imbaraga ubufatanye bw’impande zombi mu nzego zitandukanye.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
U Rwanda na Amerika byatangiye ibiganiro byihariye by’ubufatanye
29 April 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Amavubi y’Abagore yazamutse imyanya itatu ku rutonde rwa FIFA
6 March 2025, by Joseph IradukundaIkipe y’Igihugu y’Abagore yazamutse imyanya itatu ku rutonde rw’Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA), aho yagiye ku mwanya wa 165 ivuye ku wa 168.
-
Somalia: Umugore yishwe arashwe nyuma yo gukatirwa urwo gupfa azira kwica umukobwa w’imyaka 14
3 February, by Angeline MUKANGENZIAbategetsi mu ntara ya Puntland yo muri Somalia, bishe umugore wahamwe n’icyaha cyo kwica umukobwa w’imyaka 14, rumwe mu manza z’imbonekarimwe aho igihano cy’urupfu cyahawe umugore muri ako gace.
-
Arabiya Sawudite:Umugabo yaciye igikuba mu Budage nyuma yo kwica 5 Agakomeretsa 200
23 December 2024, by Joseph IradukundaMu gihe mu bihugu byinshi hirya no hino ku isi birimo abakristo bari kwitegura umunsi mukuru wa Kiliziya uzwi nka Noheli aho baba bibuka ivuka ry’Umwami Yesu Kristo, abadage bo mu mujyi wa Magdeburg, bo bari mu gahinda kenshi nyuma y’igitero cyahitanye bamwe muri aba baba bitegura uyu munsi.
-
Minisitiri Ngirente n’abaperezida 10 b’ibihugu bya Afurika bari i Dodoma gusezera kuri Magufuli
22 March 2021, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Intebe w’u Rwanda yegeze i Dodoma aho yagiye mu muhango wo gusezera k’uwari Perezida wa Tanzania,John Pombe Magufuli watabarutse mu cyumweru gishize azize uburwayi bw’mutima.
-
Imirwanire ya AFC/M23 ntizava mu bitekerezo by’Umuyobozi wa MONUSCO
26 January, by Angeline MUKANGENZIUmuyobozi w’agateganyo w’ubutumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (MONUSCO), Vivian van de Perre, yatangaje ko yabonye isura atari azi ku barwanyi ba AFC/M23 ubwo bari mu rugamba rwo gufata Umujyi wa Goma kuko bari bafite imbaraga zitamenyerewe ku mutwe witwaje intwaro.
-
Abarenga ibihumbi 234 bafite Virusi itera Sida mu Rwanda: Urubyiruko rwaburiwe
2 December 2025, by ISIMBI EstellaIkigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC) cyatangaje ko abafite Virusi itera Sida mu Rwanda bageze ku bihumbi 234, aho buri mwaka yica abagera kuri 2500 ikanandurwa n’uwo mubare. Urubyiruko rwasabwe kwipimisha kenshi no kwirinda kuyipimisha ijisho muri bagenzi babo bakorana imibonano mpuzabitsina.
-
Kayonza: Umusilikari yasanze ku rugo rwe hamanitse umusaraba wanditseho Kimonyo wapfuye mu kwa kabili
28 March 2019, by UbwanditsiKu urugo rwa SSgt Rubango hari hamanitse umusaraba wanditseho uwitwa Kimonyo ngo wapfuye taliki 18/2/2019
Muri iki gitondo cyo kuri uyu wa kane taliki 28/3/2019 umusilikali witwa SSgt Benjamin Rubango utuye mu Murenge wa Mukarange, Akagali ka Bwiza Umudugudu wa Amizero yazindutse ahuruza ubuyobozi nyuma yo gusanga ku rugo rwe hamanitse umusaraba bigaragara ko wavanwe ku irimbi ahashyinguwe uwitwa Kimonyo Gerard handitseho ko yavutse mu 1979 agapfa taliki 18/2/2019.
-
Israel yashinje u Bufaransa gukongeza urwango mu Bayahudi
21 August 2025, by ISIMBI EstellaMinisitiri w’Intebe w’Israel, Benjamin Netanyahu, yashinje Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, gukongeza urwango rugirirwa Abayahudi kubera gahunda yimirije imbere yo kwemera Leta ya Palestine.
-
Ibibuga by’indege byo muri Canada na Amerika byinjiriwe hatambutswa ubutumwa busingiza Hamas
17 October 2025, by ISIMBI EstellaIbibuga by’indege bitatu byo muri Canada n’ikindi cyo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, byagabweho ibitero by’ikoranabuhanga, n’abashyigikiye Hamas maze hatambutswaho ubutumwa bushyigikira uyu mutwe umaze imyaka ibiri uhanganye na Israel.
Umuryango.rw
U Rwanda na Amerika byatangiye ibiganiro byihariye by’ubufatanye
Amavubi y’Abagore yazamutse imyanya itatu ku rutonde rwa FIFA
Somalia: Umugore yishwe arashwe nyuma yo gukatirwa urwo gupfa azira kwica umukobwa w’imyaka 14
Arabiya Sawudite:Umugabo yaciye igikuba mu Budage nyuma yo kwica 5 Agakomeretsa 200
Imirwanire ya AFC/M23 ntizava mu bitekerezo by’Umuyobozi wa MONUSCO
Abarenga ibihumbi 234 bafite Virusi itera Sida mu Rwanda: Urubyiruko rwaburiwe
Israel yashinje u Bufaransa gukongeza urwango mu Bayahudi
Ibibuga by’indege byo muri Canada na Amerika byinjiriwe hatambutswa ubutumwa busingiza Hamas