Ingingo ya 68 y’Itegeko rigenga Umurimo mu Rwanda ryo mu 2018, ivuga ko Iteka rya Minisitiri ufite umurimo mu nshingano ze rigena umushahara fatizo. Iyo ngingo yari no mu Itegeko rigenga Umurimo ryasimbuwe mu 2018 n’iririho ubu. Ryarinze risimburwa nta teka rya Minisitiri rigiyeho.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Itariki 1 Gicurasi isanze he umukozi mu Rwanda ugifite inzozi z’umushahara fatizo?
29 April 2022, by Joseph Iradukunda -
P. Diddy yongeye gukozanyaho n’Ubushinjacyaha
21 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUbucamanza bwasabye Ubashinjacyaha kudakoresha inyandiko zakuwe mu cyumba Diddy afungiwemo ubwo Urwego rw’Iperereza muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika (FBI), rwagisakaga rukazitwara.
-
Abantu 94 bahitanwe n’iturika ryikigega cya lisansi muri Nigeria
16 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuPolisi yemeje ko byibuze abantu 94 bapfuye abandi 50 barakomereka muri Nigeria. Bivugwa ko abaturage bari bateraniye hafi y’ikigega cyaguye batangira kuyora lisansi yamenetse .
-
Trump yavuze ko atagitegetswe gutekereza ku mahoro nyuma yo kwimwa igihembo cy’abayaharaniye
19 January, by Angeline MUKANGENZIPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yabwiye Minisitiri w’Intebe wa Norvège, Jonas Gahr Stoere, ko kuva ubu yumva atagitegetswe guhora atekereza ku mahoro, kuko atahawe igihembo cy’abantu baharaniye amahoro kizwi nka Nobel Peace Prize.
-
Mu Rwanda hatangijwe amarushanwa y’abatarengeje imyaka 14 na 16 ku bufatanye na FIFA
15 March, by ISHIMWE Jean de DieuKuwa Gatandatu tariki 14 Werurwe 2026, kuri Stade Kamena mu Karere ka Huye hatangirijwe amarushanwa y’abakiri bato muri ruhago binyuze muri gahunda y’Impuzamashgirahamwe ya Ruhago ku Isi izwi nka ’ FIFA Talent Development Scheme(TDS)’ igamije kuzamura impano zabo bakurikiranwa icyiciro ku cyiciro.
-
Leta 11 zo muri Nijeriya Zishobora Guhura n’Akaga k’Imyuzure
18 September 2024, by Joseph IradukundaMuri Nijeriya, ikigo cy’igihugu gishinzwe kwita ku mazi n’ubutaka kiratangaza ko leta 11 zo muri icyo gihugu zishobora kwibasirwa n’imyuzure.
-
Umutoza w’Amavubi yasoje amasezerano! arabona umusimbura ryari?
2 January 2025, by Joseph IradukundaNyuma y’uko amasezerano y’umutoza mukuru w’ikipe y’Igihugu, Amavubi, Torsten Frank Spittler, arangiye, hakomeje kwibazwa ikiza gukurikiraho mu gihe Ishyirahamwe rya Ruhago mu Rwanda, Ferwafa, ryo rivuga ko ibiganiro byo kumuha andi birimbanyije.
-
RDC yafunze ikirere cyayo ku ndege za Rwandair kabone n’aho zaba zerekeza ahandi
12 February 2025, by Joseph IradukundaIntambara zo mu burasirazuba bwa Repubulika iharanira Demukarasi ya Congo, iki gihugu gihanganyemo n’umutwe wa M23 zatumye gifunga ikirere ku ndege zose za Rwandair.
-
Putin na Jinping baganiriye ku birimo intambara yo muri Ukraine
23 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida w’u Burusiya, Vladimir Putin na mugenzi we w’u Bushinwa, Xi Jinping, bagiranye ikiganiro cyagarutse ku ngingo zitandukanye zirimo intambara ya Ukraine, ibihano ibyo bihugu byafatiwe na Amerika n’uburyo u Burusiya buteganya kugirana ibiganiro na Donald Trump wasubiye ku butegetsi.
-
Komite ya Rayon Sports yakoze ihererekanyabubasha n’icyuye igihe
14 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuNyuma yo gutorerwa kuyobora manda y’imyaka ine iri imbere, Komite Nyobozi nshya ya Rayon Sports iyobowe na Twagirayezu Thadée n’icyuye igihe yari iyobowe na Ngoga Roger, zakoze Ihererekanyabubasha kuri uyu Gatanu.
Ni igikorwa cyabereye ku Biro bya Rayon Sports, mu gitondo cyo ku wa Gatanu wa tariki ya 13 Ukuboza 2024. Uyu muhango warimo Namenye Patrick wahoze ari Umunyamabanga Mukuru w’iyi kipe mu myaka ine ishize ariko akaba yasimbuwe na Uwimpuhwe Liliane wagizwe Umuyobozi Nshingwabikorwa (…)
Umuryango.rw
Itariki 1 Gicurasi isanze he umukozi mu Rwanda ugifite inzozi z’umushahara fatizo?
P. Diddy yongeye gukozanyaho n’Ubushinjacyaha
Abantu 94 bahitanwe n’iturika ryikigega cya lisansi muri Nigeria
Trump yavuze ko atagitegetswe gutekereza ku mahoro nyuma yo kwimwa igihembo cy’abayaharaniye
Mu Rwanda hatangijwe amarushanwa y’abatarengeje imyaka 14 na 16 ku bufatanye na FIFA
Leta 11 zo muri Nijeriya Zishobora Guhura n’Akaga k’Imyuzure
Umutoza w’Amavubi yasoje amasezerano! arabona umusimbura ryari?
RDC yafunze ikirere cyayo ku ndege za Rwandair kabone n’aho zaba zerekeza ahandi
Putin na Jinping baganiriye ku birimo intambara yo muri Ukraine
Komite ya Rayon Sports yakoze ihererekanyabubasha n’icyuye igihe