Raporo y’Akanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe Umutekano igaragaza ko kuva mu 2001 kugeza mu 2025, umubare w’abarwanyi b’umutwe w’iterabwoba wa Al Qaeda wikubye inshuro 50 kuko wavuye kuri 500 ugera ku bihumbi 25.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Umubare w’abarwanyi ba Al Qaeda wikubye inshuro 50
6 February, by Angeline MUKANGENZI -
RDC yongeye kwerekeza amaso ku bacanshuro, igeze ku bo muri Colombia
14 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuNyuma y’amezi abacanshuro amagana bo muri Romania barwaniraga FARDC batsinzwe na M23 bagataha, amakuru avuga ko ubutegetsi bwa Tshisekedi bwongeye kwerekeza amaso ku bandi, noneho abo muri Amerika y’Amajyepfo muri Colombia.
-
Perezida Kagame yabwiye amahanga uko u Rwanda rwiyubatse nyuma ya jenocide yakorewe abatutsi
19 September 2024, by Joseph IradukundaPerezida Paul Kagame uri muri Singapore, yavuze ko u Rwanda rwanyuze mu mateka ashaririye ya Jenoside yakorewe Abatutsi, ariko ko nyuma yayo,rwayasize inyuma rugashaka uburyo rwongera kwiyubaka ruhereye ku busa, rubifashijwemo na Politiki n’imiyoborere byiza.
-
Congo yohereje intumwa gusaba inama yihutirwa i New York
25 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo ari muri America aho yagiye gusaba inama yihutirwa yiga ku bibazo biri mu burasirazuba bw’igihugu cye.
-
USA: Abagore batatu barashwe bazira kujya impaka ku byavuye mu matora
8 November 2024, by Joseph IradukundaAbagore batatu bo mu mujyi wa Miami muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, barashwe n’umuntu utaramenyekana, nyuma y’impaka nyinshi ziturutse ku byavuye mu matora ya Perezida yabaye ku wa 5 Ugushyingo 2024.
-
Clarisse Karasira ari kwitegura kwibaruka ubuheta– AMAFOTO
27 June 2025, by ISIMBI EstellaUmuhanzikazi w’umunyarwandakazi uririmba mu njyana gakondo, Clarisse Karasira, ari mu byishimo byo kwitegura kwibaruka umwana wa kabiri, usanga imfura ye yujuje imyaka itatu.
-
Karongi: Umugabo w’imyaka 28 yafatiwe mu cyuho yiba insinga z’amashanyarazi
18 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPolisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Karongi yataye muri yombi umugabo w’imyaka 28 wafashwe yiba insinga z’amashanyarazi mu Murenge wa Gishyita.
-
Umuhuro w’ibanga wa Museveni na Kabila wavugiwemo iki?
19 March 2025, by Joseph IradukundaJoseph Kabila Kabange wahoze ari Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, aherutse kugurira i Kampala uruzinduko rw’ibanga rwasize ahuye na Perezida Yoweri Kaguta Museveni.
-
Rutsiro: Imiryango irenga 400 yasenyewe n’ibiza iri kubakirwa
30 September 2025, by ISIMBI EstellaUbuyobozi bw’Akarere ka Rutsiro bwatangaje ko buri kubakira imiryango 434 mu miryango irenga 700 yari isigaye itarabonerwa aho kuba nyuma yo gusenyerwa n’ibiza.
-
Abanyamerika 40% bagaragaje ko mu myaka 10 iri imbere hashobora kuzaba intambara y’abenegihugu
19 June 2025, by ISIMBI EstellaUbushakashatsi bwakozwe n’Ikigo cya YouGov gisanzwe gikora ikusanyabitekerezo, bwerekanye ko 40% by’Abanyamerika bagaragaje impungenge ko mu myaka 10 iri imbere hashobora kuzaba intambara y’abenegihugu.
Umuryango.rw
Umubare w’abarwanyi ba Al Qaeda wikubye inshuro 50
RDC yongeye kwerekeza amaso ku bacanshuro, igeze ku bo muri Colombia
Perezida Kagame yabwiye amahanga uko u Rwanda rwiyubatse nyuma ya jenocide yakorewe abatutsi
Congo yohereje intumwa gusaba inama yihutirwa i New York
USA: Abagore batatu barashwe bazira kujya impaka ku byavuye mu matora
Clarisse Karasira ari kwitegura kwibaruka ubuheta– AMAFOTO
Karongi: Umugabo w’imyaka 28 yafatiwe mu cyuho yiba insinga z’amashanyarazi
Umuhuro w’ibanga wa Museveni na Kabila wavugiwemo iki?
Rutsiro: Imiryango irenga 400 yasenyewe n’ibiza iri kubakirwa
Abanyamerika 40% bagaragaje ko mu myaka 10 iri imbere hashobora kuzaba intambara y’abenegihugu