Ikigo cy’Igihugu gishinzwe ibarurishamibare mu Rwanda, NISR, cyatangaje ko ibiciro mu mijyi byiyongereyeho 7,3% ugereranyije na Nyakanga 2024 mu gihe muri Kamena 2025 byari byiyongereyeho 7%.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Ibiciro ku masoko byiyongereyeho 7,3% muri Nyakanga
11 August 2025, by ISIMBI Estella -
STRADH yasabiye ibihano abakoresha abana imirimo ivunanye
7 February, by Angeline MUKANGENZIUrugaga rw’abakozi baharanira Uburenganzira bwa muntu mu Rwanda (STRADH) rwifuza ko abakoresha abana imirimo ivunannye kandi mibi bafatirwa ibihano bikakaye kuko bari mu bangiza ejo hazaza h’Igihugu.
-
Uganda: Urukiko rushyigikiye ko abagabo bemererwa gukomeza gushaka abagore benshi
14 July 2025, by ISIMBI EstellaUrukiko rushinzwe kurinda Itegeko Nshinga muri Uganda rwatesheje agaciro ikirego cyasabaga ko gushaka abagore benshi muri iki gihugu bigirwa icyaha.
-
Trump afite impungenge ku bushake bwa Putin bwo kurangiza intambara
20 August 2025, by ISIMBI EstellaPerezida Donald Trump yatangaje ko atewe impungenge n’uko mugenzi we w’u Burusiya, Vladimir Putin, ashobora kuba adafite ubushake bwo kurangiza intambara iri guhuza igihugu cye na Ukraine.
-
Trump ashobora guhagarika ibyo guhuza Ukraine n’u Burusiya
28 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, ashobora guhagarika intambwe yari yateye yo gutangiza ibiganiro by’amahoro hagati ya Ukraine n’u Burusiya nyuma yo kubona ko nta musaruro ufatika bitanga.
-
Cardinal Ambongo mu 10 bahabwa amahirwe yo gutorwamo Papa mushya
3 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmushumba wa Diyosezi ya Kinshasa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Cardinal Flidorin Ambongo ari muri ba Karidinali 10 bahabwa amahirwe yo kuvamo Umushumba mushya wa Kiliziya Gatolika ku Isi.
-
Amavubi yerekeje muri Côte d’Ivoire gukina na Benin (Amafoto)
7 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuIkipe y’Igihugu y’Umupira w’Amaguru y’Abagabo “Amavubi”, yerekeje muri Côte d’Ivoire gukina umukino ubanza wo mu itsinda D na Benin mu gushaka itike y’igikombe cy’Afurika cya 2025 muri uku kwezi k’Ukwakira.
-
Urujijo ku mpamvu igiye guhuza abasirikare bakuru ba Amerika
26 September 2025, by ISIMBI EstellaMinisiteri y’Intambara muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatumijeho inama idasanzwe izahuza abasirikare bose bakuru b’icyo gihugu barimo n’abari hirya no hino ku Isi ku birindiro by’Ingabo z’icyo gihugu.
-
Mushiki wa Kim Jong Un yazamuwe mu ntera
24 February, by ISIMBI EstellaInteko Rusange y’Ishyaka ry’Abakozi muri Koreya ya Ruguru yagize mushiki wa Perezida Kim Jong Un witwa Kim Yo Jong umuyobozi mukuru wa rumwe mu nzego nkuru z’ishyaka ry’abakozi, ndetse agaragara no ku rutonde rw’abakuru bayoboye inama nkuru itegeka igihugu.
-
Ange Kagame na Bertrand bakoreye ukwezi kwa buki ’Honeymoon’ muri pariki ya Nyungwe
21 July 2019, by Martin MunezeroUbwo hari tariki ya 06 /Nyakanga /2019 ku Kimihurura muri IFAK saa yine za mu gitondo, habereye umuhango wo gusezerana imbere y’Imana hagati ya Ange Ingabire KAGAME na NDENGEYINGOMA Bertrand bijyanye n’ukwemera Gatolika, uwo muhango wayobowe na Musenyeri KAMBANDA Antoine.
Umuryango.rw
Ibiciro ku masoko byiyongereyeho 7,3% muri Nyakanga
STRADH yasabiye ibihano abakoresha abana imirimo ivunanye
Uganda: Urukiko rushyigikiye ko abagabo bemererwa gukomeza gushaka abagore benshi
Trump afite impungenge ku bushake bwa Putin bwo kurangiza intambara
Trump ashobora guhagarika ibyo guhuza Ukraine n’u Burusiya
Cardinal Ambongo mu 10 bahabwa amahirwe yo gutorwamo Papa mushya
Amavubi yerekeje muri Côte d’Ivoire gukina na Benin (Amafoto)
Urujijo ku mpamvu igiye guhuza abasirikare bakuru ba Amerika
Mushiki wa Kim Jong Un yazamuwe mu ntera