Arabie Saoudite yiyemeje gushora imari muri ruhago binyuze mu makipe akomeye, ishobora kongeraho indi kipe yo mu Bwongereza nyuma yo kutabona umusaruro uhagije yifuzaga muri Newcastle United.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Abanya-Arabie Saoudite bashobora kugura indi kipe mu Bwongereza
25 October 2024, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Tchad yasheshe amasezerano ya gisirikare yari ifitanye n’u Bufaransa
29 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuIgihugu cya Tchad ku wa Kane tariki ya 28 Ugushyingo cyatangaje ko cyashyize iherezo ku masezerano y’ubufatanye mu bya gisirikare cyari kimaze igihe gifitanye n’u Bufaransa.
-
Robert F. Kennedy Jr utarakozwaga ibyo gukingira Covid-19 yagizwe ushinzwe ubuzima
15 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yahisemo Robert F. Kennedy Jr ngo amubere ushinzwe Ubuzima, nyuma y’imyaka itatu Kennedy agaragaje ko adashyigikiye iby’inkingo za Covid-19.
-
Hatangajwe agace gaturukamo imyuka ihumanya ikirere kurusha ahandi mu Rwanda
17 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmuhanga mu bijyanye n’imyuka ihumanya ikirere, atangaza ko mu Mujyi wa Kigali, ari ho haturuka iyi myuka kurusha ahandi hose mu Rwanda, kubera ibinyabiziga bikorera ingendo muri uyu Mujyi, hanavugwa ibice nyirizina bivamo iyi myuka myinshi, birimo Nyabugogo.
-
Reka tukwibutse ibyamamare ku rwego mpuzamahanga byabashije guhura na Papa Francis ubwo yarakiri mu mubiri
21 April 2025, by Gladiator OGMuriyi nkuru mutwemerere tugaruke cyangwa se tukwibutse ibyamamare ku rwego mpuzamahanga byahuye n’uwari umushumba wa kiliziya gatorika ku isi Papa Francis ubwo yari akiri mu mubiri .
-
Tanzania: Ikibazo cy’ishimutwa cyamaganwe n’Abepisikopi
16 September 2024, by Joseph IradukundaInama y’Abepisikopi Gatolika muri Tanzania yamaganye ishimutwa n’ubwicanyi bikomeje kumvikana muri iki gihugu, basaba inzego zishinzwe umutekano kubihagarika.
-
Amerika yatangiye guhigisha uruhindu abahoze mu butegetsi bwa Bashar al-Assad
10 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuLeta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ko zashyizeho impapuro zo guta muri yombi abatasi babiri bo ku rwego rwo hejuru bahoze mu butegetsi bwa Syria kubera ibikorwa by’iyicarubozo bakoreye Abanyamerika bari bafungiye muri gereza za gisirikare.
-
Uko Uwizeyimana yarokoye abatutsi 119 adakoresheje imbunda
3 February 2018, by Nsanzimana ErnestAloys Uwemeyimana, wari utuye mu Murenge wa Nzahaha, mu Karere ka Rusizi yabashije kurokora abatutsi 119 muri Jenoside yakorewe abatutsi avuga ubutwari budasaba ibihumbi by’ingabo ziguherekeje.
Uwemeyimana asanga bisaba kugira umutima wa kimuntu ku buryo wakwemera no guhara ubuzima bwawe ukarokora abandi bibaye ngombwa.
Gukiza abandi no kubarinda byabaye imwe mu ndangagaciro ze abikesha umuryango w’Abasaveri na Croix Rouge yinjiyemo ubwo yari mu idini ry’Abagatolika. Kurengera abandi (…) -
Hasohotse ifoto y’urwandiko bicyekwa ko rwafungishije Miss Iradukunda Elsa[AMAFOTO]
9 May 2022, by Rebecca UFITAMAHOROKu mbuga nkoranyambaga zitandukanye hari gusakazwa amakuru avuga ko Nyampinga w’u Rwanda mu 2017, Iradukunda Elsa, yatawe muri yombi n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, ashinjwa kubangamira iperereza ku birego bishinjwa Ishimwe Dieudonné bivugwa ko ari umukunzi we.
-
Ingabire Victoire ashaka kunganirwa n’umunyamahanga
8 July 2025, by ISIMBI EstellaUrukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rwafashe umwanzuro wo kwimurira ku itariki ya 15 Nyakanga 2025 iburanisha rya Ingabire Victoire Umuhoza ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo, nyuma y’uko agaragaje imbogamizi zirimo ko atagize umwanya uhagije wo kwiga dosiye yarezwemo n’ubushinjacyaha, ndetse umunyamategeko w’umunyamahanga ashaka ko amwunganira akaba ataremererwa gukorera mu Rwanda.
Umuryango.rw
Abanya-Arabie Saoudite bashobora kugura indi kipe mu Bwongereza
Tchad yasheshe amasezerano ya gisirikare yari ifitanye n’u Bufaransa
Robert F. Kennedy Jr utarakozwaga ibyo gukingira Covid-19 yagizwe ushinzwe ubuzima
Hatangajwe agace gaturukamo imyuka ihumanya ikirere kurusha ahandi mu Rwanda
Reka tukwibutse ibyamamare ku rwego mpuzamahanga byabashije guhura na Papa Francis ubwo yarakiri mu mubiri
Tanzania: Ikibazo cy’ishimutwa cyamaganwe n’Abepisikopi
Amerika yatangiye guhigisha uruhindu abahoze mu butegetsi bwa Bashar al-Assad
Hasohotse ifoto y’urwandiko bicyekwa ko rwafungishije Miss Iradukunda Elsa[AMAFOTO]
Ingabire Victoire ashaka kunganirwa n’umunyamahanga