David Beckham wabaye Kapiteni w’Ikipe y’Umupira w’Amaguru y’u Bwongereza, yashimiwe n’Umwami Charles III wamwambitse umudali w’izina Sir kuri uyu wa Kabiri, mu muhango wabereye i Berkshire.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
David Beckham yahawe umudali wa ‘Sir’
4 November 2025, by ISIMBI Estella -
Rwanda: Biracyakomereye Amavubi Kujya mu Mikino ya Nyuma ya CAN
22 October 2024, by Joseph IradukundaIkipe y’igihugu y’u Rwanda y’umupira w’amaguru, nyuma yo gutsinda Benin mu mukino wo kwishyura wabereye kuri Sitade Amahoro i Remera iracyafite akandi kazi katoroshye kugira ngo itsindire itike yo kuzerekeza muri Maroke mu mwaka utaha wa 2025 mu kiciro cya nyuma cyo guhatanira igikombe cy’Afurika k’ibihugu (CAN).
-
Ruhango: Batatu bapfuye undi ararembye, harakekwa inzoga basangiye
3 February, by ISIMBI EstellaAbantu batatu bo mu Kagari ka Murama, Umurenge wa Bweramana mu Karere ka Ruhango bapfuye bikekwa ko bazize inzoga z’inkorano banyoye, mu gihe undi basangiraga arembeye mu Bitaro bya Gitwe.
-
U Rwanda na RDC bemeye gushyiraho inzira yo guhosha amakimbirane yasembuwe na M23
6 July 2022, by Dusingizimana RemyInama yahuje u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (DRC) yabereye i Luanda, muri Angola, iyobowe na Perezida João Lourenço, yemeranyije ku gishushanyo ngenderwaho kizakoreshwa mu gutuma amakimbirane ari hagati y’aba baturanyi bombi agabanuka nyuma y’imirwano ikomeje kubera mu burasirazuba bwa DRC ikozwe na M23.
Inama yahuje aba baperezida 3 I Luanda ku kibazo cy’umutekano mu burasirazuba bwa DRC yashojwe n’igishushanyo mbonera cyumvikanyweho cyo gushaka uko hahagarikwa (…) -
Putin yageze muri Turkmenistan, Ukraine isaba ko atabwa muri yombi
11 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuMinisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Ukraine yasabye igihugu cya Turkmenistan guta muri yombi Perezida Vladimir Putin w’u Burusiya uri mu ruzinduko muri icyo gihugu, mu rwego rwo kubahiriza icyemezo cy’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha.
-
Abahanzi ba Uganda ntibumva uburyo Diamond Platnmuz yishyuwe miliyoni 700 zamashilingi kugirango aze kuririmba kandi bahari
28 May 2025, by Gladiator OGEse mwatuburanye iki ? Ese tuzakore iki ngo natwe duhabwe agacirio? Ibi ni bimwe mu bibazo abahanzi batandukanye bo muri Uganda barimo kwibaza nyuma yo kumenya ko umuhanzi Chibu Dangote Diamond Platnmuz yishyuwe akayabo ka miliyoni 700 za mashilingi ya Uganda kugirango aze kuririmba muri Uganda mu mpera z’icyumweru cyatambutse.
-
U Burusiya bwamaganiye kure ibitero Israel yagabye kuri Iran
13 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuU Burusiya bwamaganye kure ibitero Israel yagabye kuri Iran, itanga umuburo ko icyo gikorwa gishobora gukurura intambara ikomeye mu Burasirazuba bwo Hagati.
-
Umwe mu bagore barenga 400 bagaragaye biha akabyizi na Baltasar yamureze
11 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuCristel Nchama uri mu bagore babarirwa muri 400 bagaragaye mu mashusho yasakaye ku mbuga nkoranyambaga biha akabyizi na Baltasar Engonga wahoze ari Umuyobozi Mukuru w’Urwego rushinzwe iperereza ku mikoreshereze y’imari muri Guinée-Équatoriale, yamureze muri Gendarmerie ya kiriya gihugu.
-
Umwe mu bakekwaho kwica uwarokotse Jenoside yafatiwe i Rwamagana
14 December 2024, by Joseph IradukundaPolisi y’u Rwanda kuri uyu wa Gatandatu tariki 14 Ukuboza 2024 yatangaje ko yafashe umugabo ucyekwaho kugira uruhare mu rupfu rwa Sibomana Emmanuel warokotse jenoside yakorewe Abatutsi
-
Kirehe: Inkuba yahakubitiye inka 24 n’umuntu umwe ibambura ubuzima
21 October 2024, by Joseph IradukundaMu Karere ka Kirehe, Inkuba yishe umuturage umwe n’amatungo amatungo 24. Ayo matungo agizwe n’ inka umunani n’intama 16.
Umuryango.rw
David Beckham yahawe umudali wa ‘Sir’
Rwanda: Biracyakomereye Amavubi Kujya mu Mikino ya Nyuma ya CAN
Ruhango: Batatu bapfuye undi ararembye, harakekwa inzoga basangiye
U Rwanda na RDC bemeye gushyiraho inzira yo guhosha amakimbirane yasembuwe na M23
Putin yageze muri Turkmenistan, Ukraine isaba ko atabwa muri yombi
Abahanzi ba Uganda ntibumva uburyo Diamond Platnmuz yishyuwe miliyoni 700 zamashilingi kugirango aze kuririmba kandi bahari
U Burusiya bwamaganiye kure ibitero Israel yagabye kuri Iran
Umwe mu bagore barenga 400 bagaragaye biha akabyizi na Baltasar yamureze
Umwe mu bakekwaho kwica uwarokotse Jenoside yafatiwe i Rwamagana
Kirehe: Inkuba yahakubitiye inka 24 n’umuntu umwe ibambura ubuzima