Mu gicuku cyo mu ijoro ryo ku cyumweru Tariki ya 3 rishyira kuwa Mbere tariki ya 4 Ugushyingo 2024 , abaturage bari barinze intoryi zo mu mirima yabo kugira ngo zitibwa, batabaje inzego z’ibanze muri Komini ya Mutambu mu Ntara ya Bujumbura, bavuga ko hari umugore babonye wageze aho bari bari aje mu murabyo.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Burundi: Umugore bivugwa ko amaze imyaka 30 apfuye yabonetse mu buryo bw’amayobera arafungwa
5 November 2024, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Hamas byavugwaga ko yashegeshwe na Israel yubuye umutwe iyigabaho ikindi igitero simusiga
7 October 2024, by Joseph IradukundaUmutwe witwaje intwaro wa Hamas ukorera mu ntara ya Gaza muri Palestine warashe roketi zigera kuri eshanu mu murwa mukuru wa Israel, Tel Aviv, mu gihe Abisiraheli bibuka ababo biciwe mu gitero cya tariki ya 7 Ukwakira 2023.
-
Perezida mushya wa Koreya y’Epfo yasezeranyije abaturage ubumwe
4 June 2025, by Angeline MUKANGENZINyuma y’uko ibyavuye mu ibabarura ry’amatora y’Umukuru w’Igihugu muri Koreya y’Epfo bigaragaje ko Lee Jae-myung yatsinze, mu butumwa bwe kuri uyu wa 04 kamena 2025 yarahiriye kwimakaza ubumwe no guhuza abaturage.
-
MINISPORTS yashyize hanze amabwiriza agenga imikino igiye gusubukura
8 January 2022, by Dusingizimana RemyMinisiteri ya Siporo [Minisports] yasohoye amabwiriza mashya azamara ukwezi, yemerera imyitozo n’amarushanwa gusubukurwa nyuma y’itangazo ryari ryahagaritse imikino ritakiriwe neza kuwa 30.12.2021.
Ibyo bivuze ko shampiyona y’umupira w’amaguru iyo minisiteri yari iherutse gutangaza ko iri mu bikorwq bya siporo bisubitswe mu gihe cy’ukwezi ishobora gusubukurwa mu gihe gito.
Mu byasabwe amakipe harimo ko hagomba gusuzumwa abakinnyi ku munsi w’umukino,nta bafana bemerewe kwinjira mu mukino (…) -
UEFA Nations League: Espagne yasezereye u Bufaransa mu mukino w’indya nkurye
6 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIkipe y’Igihugu ya Espagne yatsinze u Bufaransa ibitego 5-4 mu mukino ukomeye wa ½ cya UEFA Nations League, ihita isanga iya Portugal ku mukino wa nyuma.
-
Doha: Ibiganiro byari bitegerejwe hagati ya AFC/M23 na Leta ya Kinshasa byasubitswe
9 April 2025, by Angeline MUKANGENZIIbiganiro by’amahoro hagati ya Guverinoma ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo n’inyeshyamba za M23 byari biteganijwe kuri uyu wa Gatatu i Doha byasubitswe, nk’uko amakuru aturuka mu mpande zombi agera kuri Reuters avuga.
-
Perezida Museveni yandikiye ibaruwa irambuye Paul Kagame amubwira ibyo yaganiriye na Mukankusi,Gasana na Rujugiro bashinjwa gukorana na RNC
19 March 2019, by Dusingizimana RemyPerezida wa Uganda, Yoweli Kaguta Museni yandikiye ibaruwa ndende mugenzi we Paul Kagame amumenyesha ko yahuye na Charlotte Mukankusi akamusaba inkunga y’uko yamufasha guhirika ubutegetsi bwe ariko akabyanga amubwira ko ibibera mu Rwanda ari ikibazo cy’imbere mu gihugu, atacyivangamo.
-
Iran yahize kwibasira Ingabo z’u Bwongereza mu Nyanja y’u Buhinde nishotorwa
31 March 2025, by Joseph IradukundaTehran yatanze umuburo w’uko izibasira Ingabo z’Abongereza mu birwa bya Chagos mu Nyanja y’u Buhinde, mu gihe Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, nawe yatera Iran.
-
RDC: Umusifuzi wirengagije penaliti yakubiswe bikomeye cyane
20 June 2025, by ISIMBI EstellaUmusifuzi Jean-Pierre Kabangu wo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yakubiswe ku buryo bukomeye n’abafana ba Olympique Club élites du Congo nyuma yo kwirengagiza penaliti mu mukino wabahuzaga na FC MK Etanchéité.
-
Huye :Abagizwe incike na Jenoside batujwe mu rugo rw’impinganzima bishimiye gusurwa n’urubyiruko rwa AERG [AMAFOTO]
16 February 2019, by Dusingizimana RemyAbanyarwanda bagizwe incike na jenoside batujwe mu rugo rw’Impinganzima mu murenge wa Mukura,akarere ka Huye, bishimiye gusurwa n’urubyiruko rwa AERG rwabafashije imirimo itandukanye ndetse rurabaganiriza rubereka ko batari bonyine.
Umuryango.rw
Burundi: Umugore bivugwa ko amaze imyaka 30 apfuye yabonetse mu buryo bw’amayobera arafungwa
Hamas byavugwaga ko yashegeshwe na Israel yubuye umutwe iyigabaho ikindi igitero simusiga
Perezida mushya wa Koreya y’Epfo yasezeranyije abaturage ubumwe
MINISPORTS yashyize hanze amabwiriza agenga imikino igiye gusubukura
UEFA Nations League: Espagne yasezereye u Bufaransa mu mukino w’indya nkurye
Doha: Ibiganiro byari bitegerejwe hagati ya AFC/M23 na Leta ya Kinshasa byasubitswe
Iran yahize kwibasira Ingabo z’u Bwongereza mu Nyanja y’u Buhinde nishotorwa
RDC: Umusifuzi wirengagije penaliti yakubiswe bikomeye cyane