Hari abayobozi b’ibihugu bitandukanye baburiye ubuzuma bwabo mu mpanuka z’indege, zaba zirashwe cyangwa zigize ibibazo bitandukanye bya tekenike nubwo nabyo rimwe na rimwe hakekwa impamvu za politike ko zaba zibyihishe inyuma. Aba ni bamwe mu bakuru b’ibihugu baburiye ubuzima bwabo mu mpanuka y’indege.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Abayobozi b’ibihugu bapfuye bazize impanuka y’indege
27 July 2024, by AHISHAKIYE Emmanuel -
Tom Cruise aravugwa mu rukundo n’inkumi arusha imyaka 26
16 October 2025, by ISIMBI EstellaNyuma y’amezi make bari bamaze bakundana, abakinnyi ba filime, Tom Cruise na Ana de Armas, biravugwa ko baba baratandukanye, buri wese agahitamo inzira ye kubera ko hari bimwe batumvikanyeho.
-
Israel: Minisitiri w’Umutekano yavuze ko azegura nihasinywa amasezerano y’agahenge na Hamas
17 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri w’Umutekano muri Israel, Itamar Ben-Gvir, yatangaje ko mu gihe amasezerano y’agahenge hagati y’ingabo za Leta n’umutwe wa Hamas azaba ashyizwe mu bikorwa we n’ishyaka rye, atazakomeza kuguma muri guverinoma.
-
U Rwanda rwatashye ku mugaragaro Ambasade yarwo muri Pakistan
23 April 2025, by Angeline MUKANGENZILeta y’u Rwanda yatashye ku mugaragaro Ambasade yarwo muri Pakistan iherereye mu Mujyi wa Islamabad, mu gushimangira umubano uhuriweho n’ibihugu byombi.
-
Undi muturage yavuze ko impamvu yasenyewe ari uko yatswe ruswa akanga kuyitanga
23 August 2017, by Nsanzimana ErnestMu ntangiriro z’ uku kwezi kwa Kanama 2017, Umuryango.rw twabagejejeho inkuru y’ umunyamabanga Nshingwabikorwa wo mu karere ka Ruhango wasenyewe inzu n’ ubuyobozi avuga ko impamvu yatumye asenyerwa ari uko yatswe ruswa akanga kuyitanga.
Mu byumweru bitatu ibi bibaye umuturage wo ku karere ka Gasabo mu mujyi wa Kigali yasenyewe inzu yari amaze amezi atatu akoreramo avuga ko byabaye nyuma y’ uko hari abantu bamuhamagaye bamwaka amafaranga akanga kuyabaha.
Ku gicamunsi cyo ku wa 22 Kanama (…) -
Hon.Bamporiki na Amb.Nduhungirehe Olivier bagiriye inama ikomeye amadini ari gusaba amaturo abayoboke muri ibi bihe bibi bya Coronavirus
23 March 2020, by Dusingizimana RemyNyuma y’aho leta y’u Rwanda ifatiye umwanzuro wo guhagarika insengero n’imisigiti mu rwego rwo guhangana na Coronavirus iri koreka imbaga,bamwe mu bapasiteri batangiye koherereza abayoboke babo ubutumwa burimo amakonti na nimero zo gushyiraho amaturo n’icyacumi.
-
Sudani: Igitero cya bombe mu isoko rya Omdourman cyahitanye 54 abandi barakomereka
2 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIsoko ryo mu Karere ka Omdourman, mu nkengero za Khartoum muri Sudani, ryibasiwe n’ibisasu ku wa Gatandatu, itariki ya 1 Gashyantare. Minisiteri y’ubuzima ivuga ko iki gitero cyagabwe n’ingabo za Rapid Support Forces cyahitanye abantu 54 abandi 158 barakomereka, bitera ubwoba mu bitaro bimwe bikibasha gukora muri uyu mujyi.
-
Umugaba wungirije w’Ingabo za Kenya yagaragaje ko ingabo ze zititeguye gupfira Abanye-Congo
30 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmugaba Mukuru wungirije w’ingabo za Kenya, Lt Gen John Omenda, yatangaje ko nta Munyakenya wakwemera gupfira abaturage bo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, mu gihe na bo ubwabo badashaka amahoro.
-
Nyabihu: Perezida Kagame yategetse ko bishyurwa mu cyumweru bagiye ku bishinzwe ababwira ko Leta yahombye
7 February 2018, by Nsanzimana ErnestHari Abaturage bo mu karere ka Nyabihu bamaze imyaka 10 basaba kwishyurwa ingurane y’ ubutaka bwabo Leta yateyeho ishyamba ikaryomeka ku ishyamba rya Gishwati.
Muri 2008 nibwo aba baturage bavuga ko bagera kuri 800 batanze amasambu yabo Leta iyateramo ishyamba.
Manzi Fabrice ubahagarariye yatangarije UMURYANGO ko muri 2012 hari bake bahawe amafaranga y’ ingurane nabwo ngo bahabwa make bagereranyije n’ ayo umugenagaciro yahaye ubutaka bwabo.
Manzi akomeza avuga ko muri Nyakanga 2017, (…) -
Davido yemeje ko yifuza kubaka inzu yo kuruhukiramo mu Rwanda
3 February, by ISIMBI EstellaDavido uri mu bahanzi bakomeye muri Afurika yewe n’Isi muri rusange, akaba umwe mu bahanzi bazwiho kugira agatubutse, aherutse kwemeza ko yifuza kubaka inzu yo kujya aruhukiramo mu Rwanda.
Umuryango.rw
Abayobozi b’ibihugu bapfuye bazize impanuka y’indege
Tom Cruise aravugwa mu rukundo n’inkumi arusha imyaka 26
Israel: Minisitiri w’Umutekano yavuze ko azegura nihasinywa amasezerano y’agahenge na Hamas
U Rwanda rwatashye ku mugaragaro Ambasade yarwo muri Pakistan
Hon.Bamporiki na Amb.Nduhungirehe Olivier bagiriye inama ikomeye amadini ari gusaba amaturo abayoboke muri ibi bihe bibi bya Coronavirus
Sudani: Igitero cya bombe mu isoko rya Omdourman cyahitanye 54 abandi barakomereka
Umugaba wungirije w’Ingabo za Kenya yagaragaje ko ingabo ze zititeguye gupfira Abanye-Congo
Davido yemeje ko yifuza kubaka inzu yo kuruhukiramo mu Rwanda