Abanyamategeko ba Sean “Diddy” Combs wamamaye nka P.Diddy, basabye ko hatangazwa imyirondoro y’abari kumushinja kugira ngo abashe kwitegura urubanza rwe aregwamo ihohotera rishingiye ku gitsina.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Diddy yasabye ko hatangazwa imyirondoro y’abamushinja
18 October 2024, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Paul Kagame yatsindiye kuri 98,63 Mpayimana arusha Dr Habineza
5 August 2017, by Nsanzimana ErnestImibare y’ amateganyo y’ ibyavuye mu matora ya Perezida w’ u Rwanda iragaragaza ko Paul Kagame ariwe watsinze amatora n’ amajwi 98, 63%, agakurikirwa na Mpayimana Philippe ufite 0,73 nawe agakurikirwa na Dr Frank Habineza wagize 0,47%
Perezida wa Komisiyo y’ igihugu y’ amatora yashimiye abagize uruhare bose kugira ngo amatora ya perezida w’ u Rwanda ya 2017 agende neza ashimira cyane indorerezi.
Yagize ati "Turashimira guverinoma y’ u Rwanda yatanze ingengo y’ imari ihashigije kugira (…) -
Hezbollah nayo yihimuye kubanya Isarael yica abasirikare bayo bane
14 October 2024, by Joseph IradukundaIbintu byahinduye isura mu ntambara ikomeje guhuza Ingabo za Israel n’umutwe wa Hezbollah, nyuma y’uko wohereje ’drone’ ku birindiro by’Ingabo z’icyo gihugu biri mu Majyaruguru, igahitana abasirikare bane, abandi barenga 60 bagakomereka.
-
Rusizi: 3 barimo umunyeshuri bakubiswe n’inkuba, umwe arapfa
17 March 2025, by Joseph IradukundaUmugabo wari urimo kwahira ubwatsi bw’inka mu gishanga witwaga Bigirimana Placide w’imyaka 31, n’uwo bari kumwe n’umunyeshuri witwa Uwamahoro Jeanne wiga mu wa 6 bakubiswe n’inkuba ihitana Bigirimana Placide, umunyeshuri ajyanwa kwa muganga.
-
Minisitiri Nduhungirehe yashimye imigendekere y’igitaramo cya The Ben
2 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Amb. Olivier Nduhungirehe, yashimye imigendekere y’igitaramo The Ben yakoreye muri BK Arena mu ijoro ryo ku wa 1 Mutarama 2025.
-
Khadja Nin yashimye uko u Rwanda rwitwaye mu kwakira Shampiyona y’Isi y’Amagare
29 September 2025, by Brenda MIZEROUmuhanzikazi Khadja Nin witabiriye shampiyona y’Isi y’amagare yari imaze iminsi ibera mu Mujyi wa Kigali, yavuze ko yatunguwe cyane n’urwego rw’imitegurire yayiranze, agaragaza isomo amahanga akwiye kwigira ku Rwanda.
-
Joan Laporta ushaka gukomeza kuyobora FC Barcelone yeguye
10 February, by ISIMBI EstellaJoan Laporta i Estruch wari Perezida wa FC Barcelone yeguye kuri izi nshingano kugira ngo abone umwanya wo kwiyamamariza kuzayobora indi manda nk’uko biteganywa n’amategeko.
-
Rubavu: Gitifu urwaje amavunja yiswe amashitani yasabwe gutanga ibisobanuro
6 December 2024, by Joseph IradukundaUbuyobozi bw’Akarere ka Rubavu bvuga ko bwandikiye ibaruwa Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Nyamyumba, bumusaba gutanga ibisobanuro by’impamvu abaturage ayoboye barwara amavunja.
-
Rwamagana: Yafatanywe kg 30 z’urumogi abitse mu rugo
25 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuPolisi y’u Rwanda ku bufatanye n’inzego z’ibanze n’abaturage mu Karere ka Rwamagana baguye gitumo umugabo w’imyaka 34 y’amavuko, wari ufite ikiyobyabwenge cy’urumogi rungana n’ibilo 30 bibitse mu nzu ye.
Yafatiwe mu mudugudu wa Rusave, akagari ka Gishore, mu murenge wa Nyakariro, ku mugoroba wo ku wa Gatatu tariki ya 23 Ukwakira, ahagana saa Kumi n’imwe.
Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Iburasirazuba, Superintendent of Police (SP) Hamdun Twizeyimana yavuze ko gufatwa kwe byaturutse ku (…) -
Abo Perezida Kagame yatsinze mu matora ntibagaragaye muri Guverinoma yashyizweho
30 August 2017, by Nsanzimana ErnestAbakandida Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yatsinze mu matora y’ umukuru w’ igihugu ntabwo bahawe imyanya muri guverinoma nk’ uko byari byitezwe na bamwe.
Dr Habineza Frank na Mpayimana Philippe ntabwo bagaragaye muri guverinoma nshya yatangajwe mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatatu tariki 30 Kanama 2017, igizwe n’ abaminisitiri 20 n’ abanyamabanga ba leta 11.
Perezida Kagame yagize amajwi 98, 66, akurikirwa na Mpayimana Philippe wagize amajwi 0, 73 mu gihe Dr Frank Habineza w’ ishyaka (…)
Umuryango.rw
Diddy yasabye ko hatangazwa imyirondoro y’abamushinja
Hezbollah nayo yihimuye kubanya Isarael yica abasirikare bayo bane
Rusizi: 3 barimo umunyeshuri bakubiswe n’inkuba, umwe arapfa
Minisitiri Nduhungirehe yashimye imigendekere y’igitaramo cya The Ben
Khadja Nin yashimye uko u Rwanda rwitwaye mu kwakira Shampiyona y’Isi y’Amagare
Joan Laporta ushaka gukomeza kuyobora FC Barcelone yeguye
Rubavu: Gitifu urwaje amavunja yiswe amashitani yasabwe gutanga ibisobanuro
Rwamagana: Yafatanywe kg 30 z’urumogi abitse mu rugo