Urwego rw’uburezi mu Gihugu cy’u Burundi ruravugwamo ihungabana ryatewe n’abarimu benshi bataye akazi kuva umwaka w’amashuri wa 2025-2026 watangira, aho bivugwa ko babitewe n’umushahara w’intica ntikize.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Haravugwa ikibazo cyateye ihungabana rikomeye ry’uburezi mu Burundi
22 January, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Rwamagana: Baratabariza umukobwa bivugwa ko yakubiswe n’umugore w’umucuruzi uvugwaho kwigamba kumugura
25 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAbatuye mu Kagari ka Sasabirago, mu Karere ka Rwamagana, barasabira ubutabera umukobwa uvuga ko yakubiswe n’umugore w’umucuruzi akamuvuna ukuguru none akaba arembeye mu nzu.
-
U Rwanda rwabaye urwa kabiri muri Afurika mu kugira abakozi bashishikarira umurimo
3 June 2025, by Angeline MUKANGENZIRaporo y’Ikigo cyo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Gallup, isesengura ibijyanye n’umurimo, yashyize u Rwanda ku mwanya wa kabiri muri Afurika mu bihugu bifite abakozi bashishikariye akazi bakora.
-
Perezida wa FIFA yashimiye Shema Fabrice watorewe kuyobora FERWAFA
3 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA), Gianni Infantino, yashimiye Shema Ngoga Fabrice uheruka gutorerwa kuyobora Ishyirahamwe ry’uyu mukino mu Rwanda (FERWAFA).
-
Burera: Babiri bakubiswe n’inkuba barapfa
18 August 2025, by ISIMBI EstellaAbaturage babiri bo mu Karere ka Burera bakubiswe n’inkuba barapfa, ku mugoroba wo ku wa 17 Kanama 2025.
-
Trump yavuze ko abahinzi b’abazungu bo muri Afurika y’Epfo bari gukorerwa Jenoside
20 May 2025, by Angeline MUKANGENZIMu gihe habura iminsi mike ngo Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yakire mugenzi we wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa, muri White House, Trump yavuze ko muri iki gihugu abahinzi b’abazungu bakomeje gukorerwa jenoside, ibintu bo bateye utwatsi bavuga ko atari ukuri.
-
Perezida Putin yahakanye ibyo kuganira na Trump
20 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida Vladimir Putin yavuze ko atigeze aganira na Donald Trump uherutse gutorerwa kongera kuyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu gihe cy’imyaka ine yari amaze atari muri izi nshingano, icyakora ashimangira ko yiteguye kuganira na we.
-
Amerika yasabye abaturage bayo kuva muri Venezuela
11 January, by ISHIMWE Jean de DieuLeta Zunze Ubumwe za Amerika yasabye abaturage bafite ubwenegihugu bwayo kuva muri Venezuela no kwigengesera mu gihe bakora ingendo mu mihanda.
-
Tshisekedi yashimiye "ingabo z’ibihugu by’inshuti" zapfuye zaje gufasha DR Congo
11 December 2024, by Joseph IradukundaMu ijambo ry’uko igihugu cyifashe muri uyu mwaka, Perezida Félix Tshisekedi wa DR Congo yavuze ko ashimira abasirikare ba Congo, Wazalendo, n’ingabo z’ibihugu by’inshuti baguye ku rugamba zaje gufasha iki gihugu kurengera ubusugire bwacyo.
-
Igisirikare cya Kongo na M23 bakomeje imirwano ikaze mu majyepfo ya Teritwari ya Lubero
5 December 2024, by Joseph IradukundaNyuma y’imirwano yiriwe umunsi wose kuwa Gatatu, muri iki gitondo cyo kuwa Kane, itariki 5 Ukuboza 2024, amakuru avuga ko imirwano yongeye gutangira guhera saa yine za mu gitondo, i Kaseghe na Mighobwe, hafi ya komini yo mu cyaro ya Kirumba, hagati yinyeshyamba za M23 na FARDC hamwe na Wazalendo .
Umuryango.rw
Haravugwa ikibazo cyateye ihungabana rikomeye ry’uburezi mu Burundi
Rwamagana: Baratabariza umukobwa bivugwa ko yakubiswe n’umugore w’umucuruzi uvugwaho kwigamba kumugura
U Rwanda rwabaye urwa kabiri muri Afurika mu kugira abakozi bashishikarira umurimo
Perezida wa FIFA yashimiye Shema Fabrice watorewe kuyobora FERWAFA
Burera: Babiri bakubiswe n’inkuba barapfa
Trump yavuze ko abahinzi b’abazungu bo muri Afurika y’Epfo bari gukorerwa Jenoside
Perezida Putin yahakanye ibyo kuganira na Trump
Amerika yasabye abaturage bayo kuva muri Venezuela
Tshisekedi yashimiye "ingabo z’ibihugu by’inshuti" zapfuye zaje gufasha DR Congo
Igisirikare cya Kongo na M23 bakomeje imirwano ikaze mu majyepfo ya Teritwari ya Lubero