Raporo yakozwe n’abashakashatsi batandukanye yagaragaje ko Tunisia yirukanye abimukira, ikabagurisha kuri Libya, nk’uko byasobanuriwe Inteko Ishinga Amategeko y’u Burayi ku nshuro ya mbere tariki 29 Mutarama 2025, ibikubiye muri iyo raporo ngo bikaba bishimangira ikibazo ibyo bihugu byombi bifite, mu bijyanye no guhungabanya uburenganzira bw’abimukira, cyane cyane abaturuka muri Afurika yo munsi y’Ubutayu bwa Sahara.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Hari igurishwa ry’abimukira hagati ya Tunisia na Libya - Raporo y’abashakashatsi
4 February 2025, by Joseph Iradukunda -
Umuhungu wa Perezida Museveni yongeye gusura u Rwanda
15 October 2022, by Dusingizimana RemyUmuhungu wa Perezida Museveni, Gen Muhoozi Kainerugaba,yageze mu Rwanda mu rugendo yari aherutse gutangaza yifashishije imbuga nkoranyambaga ze, aho yavuze ko ateganya gusura Perezida Kagame.
Kuri iyi nshuro yazanye n’umunyamakuru uzwi mu karere Andrew Mwenda,wamamaye mu gushyigikira ubutegetsi bwa Museveni.
Abinyujije mu butumwa yashyize kuri Twitter ye,tariki 23 Nzeri 2022,yavuze ko uru rugendo azarwungukiramo izindi nama zijyanye n’ubworozi cyane ko yatembereye mu rwuri rwa Perezida (…) -
Umuyobozi wa UNHCR yasuye impunzi z’Abanyekongo zicumbikiwe muri Nkamira
29 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 29 Kanama 2025, Umuyobozi Mukuru w’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Mpunzi (UNHCR), Filippo Grandi, yasuye Inkambi y’Agateganyo ya Nkamira mu Karere ka Rubavu icumbikiye impunzi z’Abanyekongo 3 196.
-
U Rwanda rwasobanuye impamvu rwajyanye u Bwongereza mu nkiko
28 January, by ISIMBI EstellaGuverinoma y’u Rwanda yashyize ahagaragara amakuru ashingiye ku mategeko n’ibimenyetso byatumye rujyana ikirego mu bukemurampaka bw’Urukiko Mpuzamahanga rurega Ubwami bw’u Bwongereza.
-
Hatangajwe ko Putin yiteguye guhagarika intambara muri Ukraine
7 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmuvugizi w’Ibiro bya Perezida w’u Burusiya, Dmitry Peskov, yatangaje ko Perezida w’icyo gihugu, Vladimir Putin, yiteguye kwinjira mu biganiro bishobora gushyiraho ibihe by’ahahenge mu ntambara iri kubahuza na Ukraine, gusa ibyo bikazashoboka ari uko hatanzwe ibihamya byemeza ko Ukraine izubahiriza ibizaba bikubiye muri ayo masezerano.
-
Abantu barenga 50 biciwe mu gico mu majyaruguru y’uburasirazuba bwa Mali
9 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAbantu barenga 50 biciwe hafi y’umujyi wa Gao uherereye mu majyaruguru y’uburasirazuba bwa Mali nyuma y’uko abantu bitwaje imbunda bateze imodoka zabo hamwe n’abasirikare bari babaherekeje, nk’uko umuyobozi waho ndetse n’abaturage babitangaje kuwa Gatanu.
-
Somalia, Kenya na Tanzania mu bihugu Epstein yanyuzagamo abakobwa ajya kubacuruza
6 February, by Angeline MUKANGENZILeta Zunze Ubumwe za Amerika iherutse gushyira hanze inyandiko, amashusho n’amafoto bikubiye muri dosiye ya Epstein, aho muri byo hagaragayemo ko hari n’ibikorwa yakoreraga muri Kenya, Tanzania na Somalia.
-
Davis D yahishuye ipfundo ry’umwuka mubi umaze igihe hagati ye na Element
28 January, by ISIMBI EstellaDavis D yahishuye ko umwuka mubi umaze igihe hagati ye na Element ushingiye ku kuba uyu musore utunganya indirimbo z’abandi bahanzi atarigeze yubahiriza amasezerano bagiranye mu myaka ibiri ishize.
-
Umushoferi wa Ingabire Marie Immaculée yishwe n’abantu bari bashyamiranye akajya kubakiza
6 February 2021, by Martin MunezeroUmushoferi witwa Karemera Abraham watwaraga imodoka y’Umuryango Urwanya Ruswa n’Akarengane mu Rwanda (TI-RW) by’umwihariko akaba ari na we watwaraga Umuyobozi w’uyu muryango, Ingabire Marie Immaculée, mu ijoro ryacyeye ubwo yari atashye avuye ku kazi yakubiswe n’abantu yari agiye gukiranura bashyamiranye ahita ahasiga ubuzima.
-
Burkina Faso: Amayobera ku masasu yarasiwe hafi y’ibiro by’umukuru w’igihugu
2 March, by Angeline MUKANGENZIMu ijoro ryo kuwa gatandatu rishyira ku cyumweru amasasu menshi yumvikaknye hafi y’ibiro by’umukuru w’igihugu cya Burkina Faso ariko kugeza ubu ibirambuye ku byabaye ntibiramenyekana.
Umuryango.rw
Hari igurishwa ry’abimukira hagati ya Tunisia na Libya - Raporo y’abashakashatsi
Umuhungu wa Perezida Museveni yongeye gusura u Rwanda
Umuyobozi wa UNHCR yasuye impunzi z’Abanyekongo zicumbikiwe muri Nkamira
U Rwanda rwasobanuye impamvu rwajyanye u Bwongereza mu nkiko
Hatangajwe ko Putin yiteguye guhagarika intambara muri Ukraine
Abantu barenga 50 biciwe mu gico mu majyaruguru y’uburasirazuba bwa Mali
Somalia, Kenya na Tanzania mu bihugu Epstein yanyuzagamo abakobwa ajya kubacuruza
Davis D yahishuye ipfundo ry’umwuka mubi umaze igihe hagati ye na Element