Kuri uyu wa Gatatu, itariki 26 Gashyantare 2025, Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yayoboye inama y’abaminisitiri ya mbere y’iyi manda ye. Mu byo yibanzeho harimo kugabanya cyane abakozi ba guverinoma yo ku rwego rw’igihugu.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Perezida Trump yayoboye inama y’abaminisitiri ya mbere
27 February 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Umunyamakuru Tessy n’umuraperi Shizzo basezeranye imbere y’amategeko – AMAFOTO
8 January, by ISHIMWE Jean de DieuKuri uyu wa Kane, umunyamakuru Kayitesi Yvonne uzwi nka Tessy yasezeranye imbere y’amategeko y’u Rwanda n’umukunzi we Hakizimana Ishimwe uzwi nka Shizzo Afropapi wamamaye mu muziki nyarwanda mu njyana ya Hiphop.
-
Hezbollah Yigambye Ibitero bya Misile yarashe kuri Isirayeli
13 October 2024, by Joseph IradukundaAbarwanyi ba Hezbollah bavuze ko barashe urufaya rw’ibisasu bya misile ku nkambi y’ingabo za Isirayeli kuri uyu wa gatandatu mu gihe abasirikare bayo bari bahanganye n’uyu mutwe muri Libani no mu ntara ya Gaza, ku munsi wa Yom Kippur ufatwa nk’umutagatifu mu yindi muri karendari y’Abayahudi.
-
FARDC yubuye ubushotoranyi bwayo ku Rwanda umusirikare wayo arurasaho
29 August 2024, by Joseph IradukundaRubavu: Mu masaha ya saa sita zo kuri uyu wa kane, umusirikare bikekwa ko ari uwa FARDC ubwo yari mu butaka bugize urubibi bwa Congo n’u Rwanda yarashe amasasu menshi yerekeza mu Rwanda.
-
#Umwiherero 2020:Imico myiza nagize iraza gushira-Perezida Kagame abwira abayobozi
16 February 2020, by Dusingizimana RemyNyakubahwa perezida Kagame yabwiye abayobozi bose bo mu Rwanda ko yiteguye kureka kuborohera agahangana nabo,kugira ngo bakore neza inshingano zabo nkuko bikwiriye.
-
New York: Impanuka ya kajugujugu mu Ruzi rwa Hudson yahitanye 6
11 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAbantu batatu bakuru n’abana batatu bapfuye ubwo kajugujugu yagwaga mu ruzi ruri hagati ya Manhattan na New Jersey. Umuyobozi w’akarere Eric Adams yavuze ko umuryango wa ba mukerarugendo bo muri Espagne wishwe.
-
Riderman na Bull Dogg bongeye gukumbuza abantu ‘Icyumba cya Hip Hop’
17 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuAbaraperi Riderman na Bull Dogg bari bategerejwe na benshi mu gitaramo "Keep It 100 Experience" cyatewe inkunga n’uruganda rwa Skol binyuze mu cyikonyobwa Skol Malt, bongeye gukumbuza abakunzi n’umuziki igitaramo "Icyumba cy’Amategeko" baherutse bakoze muri Kanama 2024.
-
Dr. Munyemana n’umutangabuhamya we ntibahuriza ku mpamvu yo gufungira Abatutsi mu biro bya Leta
30 September 2025, by ISIMBI EstellaUmutangabuhamya wiyambajwe na Dr. Munyemana Sosthène kugira ngo amushinjure, yagaragaje ko gufungirana Abatutsi mu biro bya Leta nta kindi byari bigamije uretse kubashyira mu maboko y’abicanyi, abigereranya ko kubakatira urwo gupfa.
-
Nduhungirehe yasobanuye impamvu imyitwarire ya CEEAC idakwiriye
8 June 2025, by ISIMBI EstellaMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Olivier Nduhungirehe, yavuze ko u Rwanda rutazigera rwemera kwikorera umutwaro w’ibibazo bya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu gihe Leta y’icyo gihugu idaha agaciro inzira zashyizweho zo kubikemura.
-
Umutoza wa Tottenham wanywereye ikawa mu gikombe cya Arsenal yateje induru
8 January, by ISIMBI EstellaUmutoza wa Tottenham Hotspur, Thomas Frank, yagaragaye ari kunywera ikawa mu gikombe cya mukeba wayo Arsenal, biteza induru mu bafana ariko avuga ko atari ikigoryi ku buryo yabikora kandi yabibonye.
Umuryango.rw
Perezida Trump yayoboye inama y’abaminisitiri ya mbere
Umunyamakuru Tessy n’umuraperi Shizzo basezeranye imbere y’amategeko – AMAFOTO
Hezbollah Yigambye Ibitero bya Misile yarashe kuri Isirayeli
FARDC yubuye ubushotoranyi bwayo ku Rwanda umusirikare wayo arurasaho
New York: Impanuka ya kajugujugu mu Ruzi rwa Hudson yahitanye 6
Riderman na Bull Dogg bongeye gukumbuza abantu ‘Icyumba cya Hip Hop’
Dr. Munyemana n’umutangabuhamya we ntibahuriza ku mpamvu yo gufungira Abatutsi mu biro bya Leta
Nduhungirehe yasobanuye impamvu imyitwarire ya CEEAC idakwiriye
Umutoza wa Tottenham wanywereye ikawa mu gikombe cya Arsenal yateje induru