Ibitero bya Israel mu gace ka Gaza bimaze guhitana abarenga ibihumbi 46 biganjemo abakiri bato, mu ntambara ikomeje guhuza ingabo za Israel n’abarwanyi b’umutwe wa Hamas.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Abarenga ibihumbi 46 bamaze gupfa muri Gaza
10 January 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Macron wiyerekanye nk’uhangana na Putin arahura n’Abasirikare ba Ukraine bari gutorezwa mu gihugu cye
9 October 2024, by Joseph IradukundaU Bufaransa bwatangaje bwa mbere ko buzafasha gutoza Abasirikare ba Ukraine mu Kwakira 2022, kandi gahunda yo gushyira batayo yose ku rundi rwego ubu iragenda neza.
-
Impamvu y’izamuka ry’ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli mu Rwanda
6 September 2025, by ISIMBI EstellaMinisitiri w’Ibikorwaremezo, Dr. Jimmy Gasore, yagaragaje ko ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli mu Rwanda byiyongereye bitewe n’impinduka zabaye ku isoko mpuzamahanga.
-
Perezida Trump yakiriye Nduhungirehe na Kayikwamba nyuma yo gusinya amasezarano y’amahoro
28 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Amerika Donald Trump yatangaje ko Akarere k’Ibiyaga bigari katangiye amateka mashya y’ubumwe, ubufatanye n’iterambere nyuma yo gusinya amasezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
-
Gicumbi: Umukozi w’umurenge akurikiranweho kunyereza ifumbire yari igenewe abahinzi
13 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUbushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Gicumbi, kuwa Mbere, itariki 11 Ugushyingo 2024, bwagejeje imbere y’ Urukiko Rwisumbuye rwa Gicumbi dosiye y’ umukozi ushinzwe ubuhinzi muri umwe mu mirenge igize Akarere ka Gicumbi ukurikiranyweho kunyereza ifumbire yari igenewe abahinzi .
-
Ukraine yigambye gusubiza inyuma Ingabo z’u Burusiya
15 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yigambye ko Ingabo z’igihugu cye zasubije inyuma Ingabo z’u Burusiya mu gace ka Andriivka, zikabasha kukisubiza.
-
Umwaka wa 2024 ushobora guca agahigo ko kuba uwa mbere ushyushye
8 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuIkigo gishinzwe Serivisi z’ikirere mu Burayi yagaragaje ko umwaka wa 2024 byanze bikunze uzaba umwaka ushyushye cyane, aho ubushyuhe bw’isi busanzwe biteganyijwe ko buziyongeraho dogere Celsius zirenga 1.5 ° , bukarenga ibipimo by’ubushyuhe byari bisanzweho.
-
U Bushinwa bugiye gusubukura iyoherezwa ry’ibirimo ifumbire mu Buhinde
20 August 2025, by ISIMBI EstellaLeta y’u Bushinwa igiye kongera kohereza ibirimo ifumbire na ’rare earth’ mu Buhinde, nyuma y’ingamba icyo gihugu cyari cyafashe muri Mata uyu mwaka, zo kugabanya iyoherezwa ry’ibyo bicuruzwa by’ingenzi.
-
Uko CIA na Mossad byanetse Khamenei wa Iran kugeza yishwe
1 March, by Angeline MUKANGENZIUrwego rw’ubutasi rwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika (CIA), byamenyekanye ko rwari rumaze amezi menshi rugenda runono uwari Umuyobozi w’Ikirenga wa Iran, Ayatollah Ali Khamenei, mbere y’uko yicwa ku wa Gatandatu tariki ya 28 Gashyantare.
-
Trump yasabye Perezida Maduro wa Venezuela guhunga
3 December 2025, by ISIMBI EstellaPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasabye mugenzi we wa Venezuela, Nicolás Maduro, kuva mu gihugu.
Ni amakuru yatangajwe na Reuters, ivuga ko yahawe n’abantu ba hafi mu butegetsi bwa Trump.
Umuryango.rw
Abarenga ibihumbi 46 bamaze gupfa muri Gaza
Macron wiyerekanye nk’uhangana na Putin arahura n’Abasirikare ba Ukraine bari gutorezwa mu gihugu cye
Impamvu y’izamuka ry’ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli mu Rwanda
Perezida Trump yakiriye Nduhungirehe na Kayikwamba nyuma yo gusinya amasezarano y’amahoro
Gicumbi: Umukozi w’umurenge akurikiranweho kunyereza ifumbire yari igenewe abahinzi
Ukraine yigambye gusubiza inyuma Ingabo z’u Burusiya
Umwaka wa 2024 ushobora guca agahigo ko kuba uwa mbere ushyushye
U Bushinwa bugiye gusubukura iyoherezwa ry’ibirimo ifumbire mu Buhinde
Uko CIA na Mossad byanetse Khamenei wa Iran kugeza yishwe
Trump yasabye Perezida Maduro wa Venezuela guhunga