Minisiteri y’Ibikorwa by’Ubutabazi (MINEMA), yasabye abaturage kurushaho kwitwararika muri ibi bihe by’imvura, kuko mu bantu 21 bahitanywe n’ibiza kuva mu ntangiriro z’uyu mwaka wa 2025, 20 muri bo bishwe n’inkuba.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Mu mezi atatu gusa ya 2025, abantu 20 bishwe n’inkuba
14 March 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Iran yongeye kwihakana Trump, ivuga ko nta biganiro iri kugirana na Amerika
26 March, by Angeline MUKANGENZIMinisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Iran, Abbas Araghchi, yatangaje ko bari gusuzuma ubusabe bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika bwo guhagarika intambara, yemeza ko nta biganiro ibihugu byombi biri kugirana.
-
Perezida Macron yahagaritswe mu mihanda y’i New York, atakira Trump kuri telefoni
23 September 2025, by ISIMBI EstellaUmunyarwanda yarihoreye ati “Inkoko iri iwabo ishonda umukara!” Iyo uyu mugani uba ucibwa mu Bufaransa, Perezida w’icyo gihugu, Emmanuel Macron, yari kuwucira abashinzwe umutekano bamuhagaritse ku muhanda i New York kubera ko Perezida Donald Trump yari agiye kunyuraho.
-
Canal Olympia Rebero igiye gufunga imiryango
13 December 2025, by ISIMBI EstellaCanal Olympia Rebero yari imaze igihe yerekana sinema mu Mujyi wa Kigali, yatangaje ko iri mu minsi yayo ya nyuma dore ko guhera ku wa 28 Ukuboza 2025 izaba itagikora.
-
RDC: Igisirikare cyatangaje ko kisubije agace ka Kalembe M23 yari yatwaye muri Walikale
22 October 2024, by Joseph IradukundaIgisirikare cya DR Congo cyatangaje ko cyavanye inyeshyamba za M23 mu gace ka Kalembe. Ni nyuma y’amakuru yemezaga ko umutwe wa M23 wafashe aka gace nyuma y’imirwano yabaye ku cyumweru.
-
RSF n’abafatanyabikorwa biyemeje gushinga guverinoma ibangikanye n’iya Sudani
24 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuKu wa Gatandatu, umutwe wa Rapid Support Forces wagiranye amasezerano n’indi mitwe ya politiki n’iyitwaje intwaro bishyize hamwe kugira ngo hashyirweho “guverinoma y’amahoro n’ubumwe”, nk’uko abasinye, al-Hadi Idris na Ibrahim al-Mirghani babitangarije Reuters.
-
RwandAir yegukanye igihembo cya sosiyete y’indege nziza mu ngendo zo muri Afurika
18 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuRwandAir yegukanye igihembo cy’umwaka wa 2025 nka sosiyete nziza ya mbere mu zikorera ubwikorezi bwo mu kirere ku mugabane wa Afurika, mu bihembo bizwi nka ‘World Airline Awards’.
-
Umutangamakuru yashinje Béatrice Munyenyezi kwica umubikira
24 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUrugereko rwihariye rushinzwe kuburanisha ibyaha mpuzamahanga n’ibyambukiranya imipaka ruri i Nyanza, mu ntara y’Amajyepfo rwahamagaje umutangamakuru ushinja Béatrice Munyenyezi kwica umubikira.
-
Chiki, yahishuye impamvu atahagaritse kubyina n’ubwo ari ‘Manager’ w’umugabo we Bien-Aime
20 February, by ISHIMWE Jean de DieuUmuhanzi w’inararibonye muri Kenya, Bien-Aime Baraza, uzwi cyane nk’umwe mu bagize itsinda rya Sauti Sol, we n’umugore we Chiki Kuruka bakomeje kuvugisha benshi ku buryo bubaka ubuzima bwabo bw’urugo n’imyuga yabo icyarimwe.
-
U Burundi bwaganiriye n’Intumwa y’Umukuru wa Loni ku bibazo byo mu karere
25 July 2024, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Burundi, Ambasaderi Albert Shingiro, yaganiriye n’Intumwa Yihariye y’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye mu karere k’ibiyaga bigari, Huang Xia, ku bibazo byugarije akarere.
Umuryango.rw
Mu mezi atatu gusa ya 2025, abantu 20 bishwe n’inkuba
Perezida Macron yahagaritswe mu mihanda y’i New York, atakira Trump kuri telefoni
Canal Olympia Rebero igiye gufunga imiryango
RDC: Igisirikare cyatangaje ko kisubije agace ka Kalembe M23 yari yatwaye muri Walikale
RSF n’abafatanyabikorwa biyemeje gushinga guverinoma ibangikanye n’iya Sudani
RwandAir yegukanye igihembo cya sosiyete y’indege nziza mu ngendo zo muri Afurika
Umutangamakuru yashinje Béatrice Munyenyezi kwica umubikira
Chiki, yahishuye impamvu atahagaritse kubyina n’ubwo ari ‘Manager’ w’umugabo we Bien-Aime
U Burundi bwaganiriye n’Intumwa y’Umukuru wa Loni ku bibazo byo mu karere