Muri videwo igaragara ku mbuga za internet rwa Telegram, umugabo wambaye imyenda ya gisirikare avuga ko yitwa James Scott Rhys Anderson, w’imyaka 22, akavuga ko yigeze kuba mu ngabo z’Ubwongereza.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Uburusiya bwafashe Umucanshuro w’Umwongereza urwanira ku ruhande rwa Ukraine
25 November 2024, by Joseph Iradukunda -
Byatahuwe ko itangazo ry’urupfu rwa Epstein rishobora kuba ryarasohotse mbere y’uko apfa
8 February, by Angeline MUKANGENZIByatahuwe ko inyandiko y’ubuyobozi bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika imenyesha urupfu rwa Jeffrey Epstein yasohotse mbere y’umunsi umwe ugereranyije n’igihe uyu mugabo yapfiriye.
-
U Rwanda na Yorodaniya mu kwagura ubufatanye mu bucuruzi
29 October 2025, by ISIMBI EstellaVisi Perezida w’Urugaga rw’Abacuruzi rwa Amman (ACC), Nabil Khatib, yaganiriye na Ambasaderi w’u Rwanda mu Mwami bwa Hashemite bwa Yorodaniya James Ngango, ku gushimangira ubufatanye mu by’ubukungu n’ubucuruzi no gusuzuma amahirwe aboneka mu ishoramari hagati y’ibihugu byombi.
-
Urunturuntu hagati ya Doja Cat na se
23 March, by ISHIMWE Jean de DieuUmuhanzi w’Umunya-Amerika ufite inkomoko muri Afurika y’Epfo, Doja Cat unaherutse gutaramira mu Rwanda agahuruza imbaga nyamwinshi y’urubyiruko akomeje kwitana ba mwana na se yise umubyeyi gito, undi akabitera utwatsi avuga ko nyina wa Doja ari we umwoshya.
-
NBA Cup: Warriors yatangiye neza, Celtics iratungurwa
13 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuGolden State Warriors yatsinze Dallas Mavericks amanota 120-117, Atlanta Hawks itungura Boston Celtics iyitsinda amanota 117-116, mu mikino ya mbere ya NBA Cup 2024.
-
Mozambique: Venâncio Mondlane utavuga rumwe n’ubutegetsi agiye gushinga ishyaka
9 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuVenâncio Mondlane uherutse guhatanira kuyobora Mozambique agatsindwa amatora, yatangaje ko imikoranire yari afitanye n’ishyaka PODEMOS yashyizweho akadomo, ndetse yiteguye gushinga ishyaka rye muri uyu mwaka.
-
Champiyona igiye gukomeza nyuma y’uko hari abatari bishimiye kuyisubika
16 October 2024, by Joseph IradukundaNyuma y’Inama yahuje abayobozi b’amakipe akina shampiyona y’Icyiciro cya mbere mu Rwanda n’ubuyobozi buyitegura, Rwanda Premier League Board, hemejwe ko shampiyona igomba gukomeza hakinwa imikino y’umunsi wa Gatandatu.
-
Fayulu yagaragaje uko Tshisekedi yashatse guhunga ibiganiro byatangijwe na Kiliziya na Angilikani
21 July 2025, by ISIMBI EstellaUmunyapolitiki Martin Fayulu utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yagaragaje ko Félix Tshisekedi afite ubushake buke bwo kujya mu biganiro byatangijwe na Kiliziya Gatolika na Angilikani.
-
Perezida Museveni akwiye kwigira kuri Paul Kagame-Priscilla Zawedde
22 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmuhanzikazi wo muri Uganda, Priscilla Zawedde uzwi ku izina rya Azawi yasabye Perezida Yoweri Museveni kwigira kuri mugenzi we w’u Rwanda, Paul Kagame mu buryo bwo kwegera urubyiruko no kwitabira ibikorwa bitandukanye.
-
Reba Supercoppa kuri Startimes- Juventus ishaka kwiyunga n’abafana bayo itwara igikombe cya Supercoppa
19 January 2021, by Dusingizimana RemyJuventus iherutse gukomeretswa na Inter Milan irashaka kwiyunga n’abafana bayo mu mukino w’igikombe cya supercoppa izahuramo na Napoli kuri uyu wa Gatatu.
Umuryango.rw
Uburusiya bwafashe Umucanshuro w’Umwongereza urwanira ku ruhande rwa Ukraine
Byatahuwe ko itangazo ry’urupfu rwa Epstein rishobora kuba ryarasohotse mbere y’uko apfa
U Rwanda na Yorodaniya mu kwagura ubufatanye mu bucuruzi
Urunturuntu hagati ya Doja Cat na se
NBA Cup: Warriors yatangiye neza, Celtics iratungurwa
Mozambique: Venâncio Mondlane utavuga rumwe n’ubutegetsi agiye gushinga ishyaka
Champiyona igiye gukomeza nyuma y’uko hari abatari bishimiye kuyisubika
Fayulu yagaragaje uko Tshisekedi yashatse guhunga ibiganiro byatangijwe na Kiliziya na Angilikani
Perezida Museveni akwiye kwigira kuri Paul Kagame-Priscilla Zawedde