Ikigo cya mbere muri AFURIKA mu gusakaza amashusho ya televiziyo,StarTimes, kizerekana imikino yose uko ari 51 y’Igikombe cy’u Burayi (UEFA Euro 2020) ku mashene atanu yacyo ya siporo mu mashusho meza ya HD iri kuba ako kanya.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
STARTIMES izerekana imikino yose ya EURO 2020 iri kuba mu mashusho ya HD
5 May 2021, by Dusingizimana Remy -
Indege zitamenyekanye zagaragaye hejuru y’ibigo by’Ingabo za Amerika ziri mu Bwongereza
25 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuIngabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika zirwanira mu kirere (USAF) zatangaje ko hejuru y’ibigo bitatu bikoreramo izo ngabo mu Bwongereza, hagaragaye indege zitagira abapilote (Drones), abazibonye ntibabasha guhita bamenya aho zaturutse n’icyazigenzaga.
-
Bangladesh hakomeje imyigaragambyo yaguyemo abagera kuri 50
20 July 2024, by ISHIMWE Jean de DieuMuri Bangladesh, ihohoterwa risa nkaho ryakwirakwiye, nyuma y’aho ku wa Kane tariki ya 18 Nyakanga, imbaga y’abanyeshuri yari yarakaye yashoboye gusubiza inyuma abapolisi mu myigaragambyo yo kwamagana ibipimo bigabanya amahirwe yo kubona akazi ijyanye n’ishyirwa mu mirimo rusange.
-
Perezida Ruto yasabye Loni gushyigikira gahunda ya EAC na SADC yo kugarura amahoro mu karere
4 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Kenya, Dr. William Samoei Ruto, yasabye Umuryango w’Abibumbye gushyigikira gahunda y’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) n’uwa Afurika y’Amajyepfo (SADC) yo kugarura amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo no mu karere muri rusange.
-
Uganda: Umunyamakuru ari mu mazi abira ashinjwa kubeshya Perezida Museveni
29 September 2025, by ISIMBI EstellaUmunyamakuru David Mwesigwa wa Galaxy TV muri Uganda ari mu mazi abira nyuma y’aho mu cyumweru gishize agejeje kuri Perezida Yoweri Kaguta Museveni ikibazo cy’ibitaro bititaweho mu karere ka Mukono na Kayunga.
-
Putin yavuze ko u Burusiya n’u Bushinwa bihuje icyerekezo
30 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida Vladimir Putin w’u Burusiya yatangaje ko igihugu cye n’u Burusiya bihuje icyerekezo cyo guharanira ko ibihugu byo ku Isi bisaraganya ijambo, aho kwiharirwa na kimwe cyangwa bike bikomeye.
-
Umutoza mukuru w’agateganyo wa Rayon Sports...
29 May 2025, by Joseph IradukundaUmutoza mukuru w’agateganyo wa Rayon Sports akaba n’umutoza mukuru wa Rayon Sports WFC, Rwaka Claude, yashimiye abareberera umupira w’amaguru w’abagore mu Rwanda ku bw’urwego rwa shampiyona rwazamutse.
-
DR Congo: Barasaba ko amafaranga agabanywa 50% kugirango abarimu bongezwe
17 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuMuri Kivu y’Amajyaruguru,ku itariki ya 15 Ukwakira 2024, Sosiyete sivile yasabye Inteko Ishinga Amategeko ko igabanya ku kigero cya 50% uburyo inzego z’imirimo ya Leta zikoreshamo umutungo kugira ngo haboneke amafaranga yo guhemba abarimu bari mu myigaragambyo.
-
Gakenke: Uwari ugiye mu bukwe yapfiriye mu mpanuka
4 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMubano Alain w’imyaka 34 wari utuye mu Karere ka Musanze mu Murenge wa Cyabagarura, yapfuye azize impanuka ya moto ubwo yari mu rugendo ava mu Karere ka Gakenke ajya i Musanze ku mugoroba wo ku wa Gatanu tariki ya 3 Mutarama 2025.
-
Abasirikare ba Ukraine bari mu Burusiya basabwe kuhizirika bagategereza Trump nu bananiwe
3 December 2024, by Joseph IradukundaNyuma y’amezi hafi ane ingabo za Ukraine zigabye igitero gitunguranye mu karere ka Kursk ko mu Burusiya, ubutumwa bwo kuri telefone bw’abasirikare barimo kurwanayo bugaragaza ishusho idatanga icyizere y’urugamba badasobanukiwe neza ndetse bafite ubwoba ko bashobora kuba barimo gutsindwa.
Umuryango.rw
Indege zitamenyekanye zagaragaye hejuru y’ibigo by’Ingabo za Amerika ziri mu Bwongereza
Bangladesh hakomeje imyigaragambyo yaguyemo abagera kuri 50
Perezida Ruto yasabye Loni gushyigikira gahunda ya EAC na SADC yo kugarura amahoro mu karere
Uganda: Umunyamakuru ari mu mazi abira ashinjwa kubeshya Perezida Museveni
Putin yavuze ko u Burusiya n’u Bushinwa bihuje icyerekezo
Umutoza mukuru w’agateganyo wa Rayon Sports...
DR Congo: Barasaba ko amafaranga agabanywa 50% kugirango abarimu bongezwe
Gakenke: Uwari ugiye mu bukwe yapfiriye mu mpanuka
Abasirikare ba Ukraine bari mu Burusiya basabwe kuhizirika bagategereza Trump nu bananiwe