Igitero cya bombe cyibasiye imodoka za Perezida Hassan Sheikh Mohamud muri Somaliya kuri uyu Kabiri ushize, ariko perezida yahavuye nta nkomyi. Igitero cyabereye hafi y’isangano rya Ceel-Gaabta, ubwo perezida yari mu rugendo mu rwego rwo kuzenguruka igihugu cyose.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Somaliya: Perezida Hassan Mohamoud yarokotse igitero ku modoka ze
19 March 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Tom Close yanyomoje ibyo guhurira na Tuff Gang mu ndirimbo ‘Cana Itara’
20 June 2025, by ISIMBI EstellaUmuhanzi Tom Close yateguje indirimbo yise Cana Itara, ahakana iby’uko yaba izagaragaramo itsinda rya Tuff Gang.
-
Harabura iminsi 100 ngo STARTIMES itangire kwerekana imikino ya EURO 2020
5 March 2021, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Gatatu niwo wagaragaje ko hasigaye iminsi 100 gusa kugira ngo irushanwa rikundwa na benshi rya UEFA Euro 2020 ritangire aho ibihugu by’ibigugu bizesura kakahava muri iyi mikino y’umupira w’amaguru izaca kuri Startimes.
-
Koreya y’Epfo: Urukiko rwagaruye Minisitiri w’Intebe ku butegetsi
24 March 2025, by Angeline MUKANGENZIUrukiko rwa Koreya y’Epfo rwanze ko Minisitiri w’Intebe Han Duck-soo ava ku butegetsi rumugarura ku buyobozi nka Perezida w’agateganyo w’icyo gihugu.
-
Igisirikare cya Finlande kigiye guhagarika gukoresha ikirango cy’Aba-Nazi
29 August 2025, by ISIMBI EstellaIgisirikare cya Finlande kirwanira mu kirere kiri gutegura uburyo cyakura ikimenyetso kizwi nka ‘swastika’ ku mpuzankano, amabendera no ku bindi birango byacyo nk’uburyo bwo kwitandukanye n’Aba-Nazi.
-
Perezida Nyusi yasuye ingabo z’u Rwanda ziri i Afungi na Palma arazishimira
22 January 2022, by Dusingizimana RemyKu wa Gatanu, Perezida wa Mozambique, Filipe Nyusi yasuye Ingabo z’u Rwanda n’iza Mozambique ziri mu bikorwa byo kugarura amahoro mu duce twa Palma na Afungi duherereye mu Ntara ya Cabo Delgado.
Yazishimiye uburyo zikomeje gufatanya mu bikorwa byo guhashya ibyihebe mu Ntara ya Cabo Delgado.
Afungi niho hakorera Sosiyete y’Abafaransa ya Total. Ni yo yahawe ikiraka cyo gucukura Gaz mu mushinga uzwi nka Liquid Natural Gas (LNG). Niwo mushinga nk’uwo ufite agaciro kanini muri Afurika kuko (…) -
Bujumbura: Undi mupolisi mukuru arafunzwe
19 August 2025, by ISIMBI EstellaCol Havyarimana Jean Bosco uyobora Polisi muri Komini Nyabikere mu yahoze ari Intara ya Karuzi, afungiwe i Bujumbura kubera uruhare rukomeye akekwaho mu iyicarubozo no kuburirwa irengero k’umuturage.
-
Impamvu muzi yateye Perezida Tshisekedi gutaha inama ya OIF itarangiye
7 October 2024, by Joseph IradukundaMbere yaho mu gitondo cyo ku gatandatu, Perezida wa DR Congo Félix Tshisekedi yari yatashye atitabiriye imirimo yose y’iyo nama kuri uwo munsi wa nyuma.
-
U Burusiya bwigambye guhanura drones 500 za Ukraine
8 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuLeta y’u Burusiya yatangaje ko ingabo zayo zahanuye drones zirenga 500 ingabo za Ukraine zifashishije mu bitero bitandukanye, zishwanyaguza na missile z’ubwoko butandukanye.
-
Amerika yemereye Israel ubwirinzi buhambaye bwo mu kirere ngo yirwaneho
14 October 2024, by Joseph IradukundaLeta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ko zigiye guha Israel inkunga z’ibikoresho bya gisirikare bikoreshwa mu bwirinzi bukumira za misile zishobora guterwa kuri iki gihugu cyo mu Burasirazuba bwo Hagati ndetse n’abasirikare bo kubikoresha.
Umuryango.rw
Somaliya: Perezida Hassan Mohamoud yarokotse igitero ku modoka ze
Tom Close yanyomoje ibyo guhurira na Tuff Gang mu ndirimbo ‘Cana Itara’
Koreya y’Epfo: Urukiko rwagaruye Minisitiri w’Intebe ku butegetsi
Igisirikare cya Finlande kigiye guhagarika gukoresha ikirango cy’Aba-Nazi
Perezida Nyusi yasuye ingabo z’u Rwanda ziri i Afungi na Palma arazishimira
Bujumbura: Undi mupolisi mukuru arafunzwe
Impamvu muzi yateye Perezida Tshisekedi gutaha inama ya OIF itarangiye
U Burusiya bwigambye guhanura drones 500 za Ukraine
Amerika yemereye Israel ubwirinzi buhambaye bwo mu kirere ngo yirwaneho