Urubanza u Rwanda rwarezemo u Bwongereza kutubahiriza amasezerano y’imikoranire impande zombi zari zifitanye ku bijyanye n’abimukira ruzatangira kuburanishwa ku wa 18 Werurwe 2026.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Urubanza rw’u Rwanda n’u Bwongereza ku kibazo cy’amasezerano y’abimukira rwahawe itariki
27 February, by Angeline MUKANGENZI -
RUSIZI:Abakekwaho gukubita wa mukobwa wabengewe ku rusengero maze bakamuciraho n’agatimba bari mu mazi abira[AMAFOTO]
31 July 2018, by Martin MunezeroUbuyobozi bw’Akagali ka Kinyaga mu Murenge wa Nkaka mu Karere ka Rusizi burimo gukurikirana abantu bakekwaho gukubita umukobwa witwa Nyandwi Therese wabengewe ku rusengero agahabwa inkwenene na rubanda bakarenzaho no kumukubita ndetse bakamuciraho agatimba yari yambaye agiye gusezerana.
-
Mu bifaru bya Abrams Amerika yahaye Ukraine mu kurwanya u Burusiya, hasigaye bitanu
10 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMinisiteri y’Ingabo y’u Burusiya yatangaje ko ingabo zayo zimaze gushwanyuza imodoka z’intambara 26 muri 31 zo mu bwoko bwa M1 Abrams, Leta Zunze Ubumwe za Amerika yahaye Ukraine.
-
Gicumbi: SEDO w’Akagari arashinjwa kunyereza Mituweli z’abaturage
22 October 2024, by Joseph IradukundaBamwe mu baturage bo mu Kagari ka Bugomba, Umurenge wa Kaniga, Akarere ka Gicumbi, barashinja Umukozi w’Akagari ushinzwe Iterambere (SEDO) Benegusenga Gilbert, kunyereza amafaranga ya Mituweli bamuhaye ngo ayabashyirire muri sisitemu.
-
Miss Mwiseneza yavuze uburyo Mimi Mirage yatumiye Tiwa Savage mu rwego rwo gukora ikirori cyo guhura bombi bwa mbere imbona nkubone[AMAFOTO]
15 March 2019, by Martin MunezeroUmuhanzikazi ukomeye muri Nigeria Tiwatope Savage-Balogun [Tiwa Savage] umaze kubaka izina mu buryo bukomeye ku mugabane wa Afurika, ategerejwe mu Rwanda mu gitaramo cyo kwishimana n’abafana ba Miss Popularity 2019 Mwiseneza Josiane. Ni igitaramo cyiswe ‘Meet Josiane’.
-
Minisitiri w’intebe w’u Butaliyani Giorgia Meloni avuga ko arimo gukorwaho iperereza
29 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuKu wa Kabiri, itariki 28 Mutarama 2025, Minisitiri w’Intebe w’u Butaliyani, Giorgia Meloni, yatangaje ko abashinjacyaha i Roma bafunguye iperereza kuri minisitiri w’intebe na ba minisitiri ba guverinoma babiri bazira gusubiza iwabo umuyobozi w’ingabo wo muri Libya ushakishwa n’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha rwa La Haye.
-
Nyagatare:Abaturiye umupaka i Karama bashima ubuyobozi bwakumiriye Kanyanga
7 February, by Angeline MUKANGENZIAbaturage bo mu kagari ka Shonga mu Mudugudu wa Nyakanoni uhana imbibi n’ahitwa mu Karere ho mu gihugu cya Uganda bavuga ko bashima ubuyobozi bwashyizeho ingamba zo gukumira inzoga ya Kanyanga kuko yangiza ubuzima ndetse ikabuza abayinywa gukora ibibateza imbere.
-
U Rwanda rwasubije RDC yirukanye Ambasaderi warwo Karega
30 October 2022, by Dusingizimana RemyGuverinoma y’u Rwanda yatangaje ko yababajwe n’umwanzuro wafashwe na Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo wo kwirukana ambasaderi Vincent Karega wari uruhagarariye muri icyo gihugu.
Amb.Karega yasabiwe kwirukanwa n’Inama nkuru ya gisirikare ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yasabye Guverinoma kwirukana Ambasaderi w’u Rwanda i Kinshasa, Vincent Karega, mu masaha atarenze 48.
Itangazo u Rwanda rwashyize hanze, rivuga ko “rwababajwe n’umwanzuro wa Guverinoma ya (…) -
NSABIMANA Evaritse yasabye guhindura amazina akitwa UHUJENAYO Evariste
5 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUwitwa NSABIMANA Evaritse yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa UHUJENAYO Evariste mu bitabo by’irangamimerere!
Impamvu asaba guhindura amazina ikaba iri izina riri ku byangombwa. itangazo riri hano ““hasi”” -
Abanyeshuri babujijwe kureba ‘match’ batwika inzu bararagamo
27 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMuri Kenya, abanyeshuri bo mu ishuri ryisumbuye rya Mbale High School, batwitse inzu bararagamo kubera ko babujijwe kureba ‘match’ cyangwa se umukino bashakaga kureba, ibyo bibatera uburakari bwatumye bafunga n’umuhanda unyura imbere y’iryo shuri.
Umuryango.rw
Urubanza rw’u Rwanda n’u Bwongereza ku kibazo cy’amasezerano y’abimukira rwahawe itariki
Mu bifaru bya Abrams Amerika yahaye Ukraine mu kurwanya u Burusiya, hasigaye bitanu
Gicumbi: SEDO w’Akagari arashinjwa kunyereza Mituweli z’abaturage
Minisitiri w’intebe w’u Butaliyani Giorgia Meloni avuga ko arimo gukorwaho iperereza
Nyagatare:Abaturiye umupaka i Karama bashima ubuyobozi bwakumiriye Kanyanga
U Rwanda rwasubije RDC yirukanye Ambasaderi warwo Karega
NSABIMANA Evaritse yasabye guhindura amazina akitwa UHUJENAYO Evariste
Abanyeshuri babujijwe kureba ‘match’ batwika inzu bararagamo