Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa mbere nibwo Ikigo cy’Imisoro n’Amahoro (RRA) cyamanitse ahahurira abantu benshi mu gace inyubako ya Union Trade Center (UTC) imenyesha abantu banyuranye ko taliki 25/9/2017 saa munani z’amanywa izateza cyamunara iyi nyubako kubera imisoro ba nyirayo babereyemo iki kigo.
Muri Gicurasi uyu mwaka RRA yari yasohoye itangazo ririho sosiyete z’ubucuruzi ziyibereyemo imyenda ndetse iziha igihe ntarengwa cyo kuba bishyuye byabananira imitungo yabo igatezwa cyamunara, (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Amatangazo ateza cyamunara inyubako UTC ya Rujugiro yamaze kumanikwa
11 September 2017, by Joseph Hakuzwumuremyi -
Eddy Kenzo watewe imijugujugu n’abanya-Uganda muri Grammy Awards ntiyarenze umutaru
2 February, by ISHIMWE Jean de DieuUmuhanzi w’Umunya-Uganda Eddy Kenzo yongeye gutsindwa ku nshuro ye ya kabiri mu bihembo bya Grammy Awards, ariko izina rye riracyagaragara ku rwego mpuzamahanga mu muziki.
-
Perezida Kagame yavuze ku byavuzwe ko RDC izatera u Rwanda ifatanyije na SADC
1 March 2023, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yavuze ko nta shingiro bifite kuba u Rwanda rwaba rugiye guterwa na RDC ifatanyije na SADC nkuko umwe mu bajenerali bayo aheruka kubitangaza.
Mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru,Perezida Kagame yasabye abanyarwanda kuryama bagasinzira kuko nta ntambara itutumba hagati yarwo na RDC.
Ati "Ibyo ubwabyo ntaho mbona bishingiye.Ntaho mbona byashoboka.Nushaka uryame,usinzire wicure,wiyongeze kuko ntabwo ibyo ubwabyo ari ikibazo.
Ibyo uwo yaba yaravuze muri RDC afite (…) -
Perezida Trump agiye kurega ikinyamakuru
16 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko agiye kurega ikinyamakuru New York Times agishinja kumusebya no kumutangazaho ibinyoma, bityo ko gikwiye kumuha miliyari 15 z’Amadorali ya Amerika.
-
Bwiza yijeje abakunzi be kuzahura na bo
19 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmuhanzi uri mu bakunzwe banabigaragarijwe n’abatari bake, Bwiza Emerance uzwi cyane nka Bwiza, yijeje abakunzi be kuzategura umunsi agahura na bo bagasangira bakishimana.
Uyu mukobwa usanzwe akunzwe, yabigaragarijwe cyane mu bikorwa byo kwamamaza Umukuru w’Igihugu ku mwanya wa Perezida wa Repubulika, ubwo yari mu itsinda ry’abahanzi bagiye mu Turere dutandukanye aho Perezida Paul Kagame yabaga yiyamamarije.
Bwiza aherutse kwandika ku rubuga rwe rwa Instagram abwira abafana be kumubaza (…) -
Impirimbanyi y’Umunya-Tanzania yari yashimuswe yabonetse hashize amasaha
13 January 2025, by Joseph IradukundaImpirimbanyi izwi cyane y’Umunya-Tanzania Maria Sarungi Tsehai yari yashimutiwe muri Kenya n’abagabo bitwaje intwaro yavuze ko yarekuwe, nyuma y’amasaha ibyo bibaye.
-
Zambia yashimiye u Rwanda rwayihaye inkunga ya toni 1000 z’ibigori
19 July 2024, by ISHIMWE Jean de DieuVisi Perezida wa Zambia, Mutale Nalumango yashimye Guverinoma y’u Rwanda yahaye igihugu cye inkunga ya toni 1000 z’ibigori, agaragaza ko bizaramira ubuzima bw’abantu benshi mu bice bitandukanye byazahajwe n’amapfa.
-
Prefet Anathole wiciwe mu gitero cy’ I Nyaruguru arashyingurwa i Kibeho
22 June 2018, by Nsanzimana ErnestIyi paroisse niyo iberamo misa yo gusezerano ku murambo wa Prefet Maniriho Anathole
Kuri uyu wa 22 Kamena nibwo hateganyije umuhango wo gusezera bwa nyuma kuri Maniriho Anathole wari umuyobozi ushinzwe amasomo muri GS Nyabimata wishwe mu gitero cyagabwe mu murenge wa Nyabimata mu ijoro ryo ku wa Kabili tariki 19 rishyira tariki 20 Kamena 2018.
-
Ibyo wamenya ku mabwiriza agenga kubika inyandiko z’agaciro
4 February, by Angeline MUKANGENZIU Rwanda rwasohoye amabwiriza mashya agenga uburyo bwo gutanga uruhushya ku bigo bitanga serivisi zo kubika no guhererekanya inyandiko z’agaciro (Central Securities Depositories – CSDs), hagamijwe guteza imbere isoko ry’imari n’imigabane.
-
Amb. Karega yagaragaje ko atorohewe no kubana na Kayumba Nyamwasa na Karegeya muri Afurika y’Epfo
20 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAmbasaderi udasanzwe w’u Rwanda mu Karere ka Afurika y’Ibiyaga Bigari, Vincent Karega, yagaragaje ko Kayumba Nyamwasa na Patrick Karegeya batengushye igihugu kuko bahoze ari abofisiye bakuru mu ngabo, nyuma bakagitera umugongo.
Umuryango.rw
Eddy Kenzo watewe imijugujugu n’abanya-Uganda muri Grammy Awards ntiyarenze umutaru
Perezida Kagame yavuze ku byavuzwe ko RDC izatera u Rwanda ifatanyije na SADC
Perezida Trump agiye kurega ikinyamakuru
Bwiza yijeje abakunzi be kuzahura na bo
Impirimbanyi y’Umunya-Tanzania yari yashimuswe yabonetse hashize amasaha
Zambia yashimiye u Rwanda rwayihaye inkunga ya toni 1000 z’ibigori
Ibyo wamenya ku mabwiriza agenga kubika inyandiko z’agaciro
Amb. Karega yagaragaje ko atorohewe no kubana na Kayumba Nyamwasa na Karegeya muri Afurika y’Epfo