Abanyarwanda baba mu Buholandi, inshuti z’u Rwanda, aba-diplomate ndetse n’abayobozi mu nzego za Leta y’u Buholandi, bahuriye mu gikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, mu muhango wabereye mu mujyi wa Amsterdam.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Abanyarwanda baba mu Buholandi bahuriye mu gikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi
11 April 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Perezida Tshisekedi yageze muri Congo Brazzaville kuganira na mugenzi we
21 December 2024, by Joseph IradukundaPerezida wa Congo Kinshasa, Félix Tshisekedi yageze muri Congo Brazzaville aho agirana ibiganiro bya babiri na Perezida w’iki gihugu, Denis Sassou N’gesso.
-
RDC: Abasirikare n’abapolisi bakatiwe ibihano birimo icy’urupfu
2 May 2025, by Angeline MUKANGENZIUrukiko rukuru rwa gisirikare rwa Kalemie mu ntara ya Tanganyika muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo rwakatiye abasirikare n’abapolisi ibihano bitandukanye birimo icy’urupfu.
-
Uganda yatsindiye u Rwanda ku butaka bwarwo ku nshuro ya mbere mu mateka
7 October 2021, by Dusingizimana RemyIkipe y’igihugu ya Uganda ikuye intsinzi ya mbere mu mateka ku butaka bw’u Rwanda nyuma yo kurutsinda igitego 1-0 mu mukino wa 3 wo mu itsinda E mu gushaka itike y’igikombe cy’isi.
-
Umugore wa Netanyahu agiye gukorwaho iperereza
27 December 2024, by Joseph IradukundaSara Netanyahu, umugore wa Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yatangiye gukorwaho iperereza aho akekwaho ibikorwa byo kwivanga mu mikorere y’ubucamanza, cyane ko inkiko zo muri icyo gihugu ziri gukurikirana ikirego cy’umugabo we, ushinjwa ibyaha bifitanye isano na ruswa.
-
Turikiya yagaragaje ubushake bwo kumvikanisha Sudani na Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu
14 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Turikiya, Recep Tayyip Erdogan, yahamagaye kuri telefoni Umugaba Mukuru w’Ingabo za Sudani, Gen. Abdel-Fattah Burhan, amubwira ko yiteguye kugira uruhare mu gufasha iki gihugu kumvikana na Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu (UAE), mu rwego guhosha umwuka mubi umaze iminsi hagati y’impande zombi.
-
Gnassingbé n’abandi bahuza bo muri Afurika bagiye gutegura ibiganiro by’u Rwanda na RDC
17 May 2025, by Angeline MUKANGENZIUmuhuza w’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo washyizweho n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU), Faure Essozimna Gnassingbé, ndetse n’abandi bashyizweho n’imiryango y’uturere, bagiye guhurira mu nama i Lomé muri Togo.
-
Kuva muri Kamena 2017 u Rwanda rumaze guha Afurika yunze ubumwe miliyoni 762
31 January 2018, by Nsanzimana ErnestKuva muri Kamena 2017 u Rwanda rwatangira kubahiriza gahunda nshya yashyizweho n’amavugurura y’umuryango wa Africa yunze ubumwe yo gukata umusanzu ku misoro y’ibyinjira mu gihugu, rumaze gutanga umusanzu ungana n’amafaranga y’u Rwanda miliyoni 762,1.
Amavugurura y’umuryango wa Africa yunze ubumwe (AU Reforms) yateguwe na Perezida w’u Rwanda Paul Kagame ateganya uburyo bushya bwo gutanga umusanzu muri uyu muryango ku banyamuryango bawo bose. Ubu buri gihugu gisabwa gutanga 0.2% by’imisoro (…) -
Trump ashobora kubabarira Diddy
21 October 2025, by ISIMBI EstellaPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, ari kwiga ku cyemezo cyo kubabarira cyangwa kugabanyiriza igihano umuraperi Sean “Diddy” Combs mu minsi mike iri imbere, nk’uko byatangajwe n’umwe mu bayobozi bakuru muri White House.
-
Iran ishobora gutangira kwikorera indege z’intambara za Sukhoi Su-35
25 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuIran ishobora gutangira gukora indege z’intambara zo mu bwoko bwa Sukhoi Su-30 na Sukhoi Su-35 ziri mu zikomeye ku Isi, zikaba ari indege z’Igisirikare cy’u Burusiya.
Umuryango.rw
Abanyarwanda baba mu Buholandi bahuriye mu gikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi
Perezida Tshisekedi yageze muri Congo Brazzaville kuganira na mugenzi we
RDC: Abasirikare n’abapolisi bakatiwe ibihano birimo icy’urupfu
Uganda yatsindiye u Rwanda ku butaka bwarwo ku nshuro ya mbere mu mateka
Umugore wa Netanyahu agiye gukorwaho iperereza
Turikiya yagaragaje ubushake bwo kumvikanisha Sudani na Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu
Gnassingbé n’abandi bahuza bo muri Afurika bagiye gutegura ibiganiro by’u Rwanda na RDC
Trump ashobora kubabarira Diddy
Iran ishobora gutangira kwikorera indege z’intambara za Sukhoi Su-35