Raporo ya Minisiteri y’Uburezi yagaragaje ko abanyeshuri bata ishuri bagabanyutse bagera kuri 4,7% mu mwaka w’amashuri wa 2023/2024 bavuye kuri 6,8% n’uwari wabanje.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Abanyeshuri bata ishuri bageze kuri 4,7% mu 2024
21 May 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Ingabo za RDC ziri guhungishiriza intwaro mu Burundi
20 October 2025, by ISIMBI EstellaIngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zimaze igihe muri teritwari ya Uvira mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, ziri guhungishiriza intwaro zazo mu bigo bya gisirikare byo mu Burundi birimo icya Mudubugu.
-
Philippine: Abaturage bari guhemberwa gufata imibu itera indwara iri kwibasira benshi
21 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUbuyobozi bw’Umujyi wa Mandaluyong muri Philippine buri kwishyura abaturage bafashe imibu iri gutera indwara izwi nka ’Dengue’ iri kwibasira benshi muri iki gihugu, nk’imwe mu ngamba zo kuyirwanya kubera uburyo iri kwiyongera.
-
Lionel Messi yateye utwatsi ibyo kuba umutoza igihe azaba ahagaritse ruhago
1 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuRutahizamu w’Ikipe y’Iguhugu ya Argentine, Lionel Messi, yahakanye ibyo kuba yaba umutoza igihe azaba arangije gukina umupira w’amaguru, gusa ntiyakwerura ngo avuge icyo azakora.
-
Nyarugenge: Umugore akurikiranweho gukubita umugabo we bikamuviramo urupfu
26 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUbushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Nyarugenge bwaregeye Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge dosiye iregwamo umugore utuye mu karere ka Nyarugenge, mu murenge wa Muhima wakubise umugabo we bikamuviramo urupfu.
-
Intumbi bemera kuyakira - Abanyarwanda bahamijwe Jenoside ku bihugu by’i Burayi bitabakira ari bazima
5 August 2025, by ISIMBI EstellaAbanyarwanda barimo abahamijwe ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi baheze muri Niger, bakomeje kwinubira ibihugu byo mu Burengerazuba bw’Isi byanze kubakira nyamara bikemera gushyingurwamo imirambo ya bamwe muri bo.
-
Johnny Drille yamenye agaciro k’ababyeyi amaze kubyara
20 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmuhanzi ukomoka muri Nigeria, John Ighodaro, uzwi cyane ku izina rya Johnny Drille, yatangaje ibijyanye no kuba umubyeyi.
-
Perezida Kagame yongeye kugaragaza urugomo Uganda yakoreye u Rwanda
25 March 2019, by Dusingizimana RemyPerezida wa Repubulika, Paul Kagame yagarutse ku rugomo Uganda yakoreye u Rwanda mu minsi ishize,ubwo yafunguraga ku mugaragaro inama nyafurika y’iminsi ibiri y’abayobozi b’ibigo (Africa CEO Forum),kuri uyu wa Mbere Taliki ya 25 Werurwe 2019.
-
João Lourenço afite icyizere ko Congo n’u Rwanda bizumvikana
13 January 2025, by Joseph IradukundaUmuhuza mu biganiro bihuza u Rwanda na Congo, Perezida wa Angola João Lourenço yagiye kugisha inama mugenzi we wa Congo Brazzaville, mu biganiro byabo bemeje ko hakenewe gukomeza inzira y’ibiganiro kugira ngo amahoro agerweho mu Burasirazuba bwa Congo.
-
Biden yemeye intsinzi ya Trump yemera kuzatanga ubutegetsi mu mahoro
8 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden, kuri uyu wa Kane ushize mu ijambo rye ryerekeye amatora yo ku itariki 5 Ugushyingo 2024, yemeye ko Donald Trump yatsinze kandi ko azakora ihererekanyabubasha mu mahoro .
Umuryango.rw
Abanyeshuri bata ishuri bageze kuri 4,7% mu 2024
Ingabo za RDC ziri guhungishiriza intwaro mu Burundi
Philippine: Abaturage bari guhemberwa gufata imibu itera indwara iri kwibasira benshi
Lionel Messi yateye utwatsi ibyo kuba umutoza igihe azaba ahagaritse ruhago
Nyarugenge: Umugore akurikiranweho gukubita umugabo we bikamuviramo urupfu
Intumbi bemera kuyakira - Abanyarwanda bahamijwe Jenoside ku bihugu by’i Burayi bitabakira ari bazima
Johnny Drille yamenye agaciro k’ababyeyi amaze kubyara
João Lourenço afite icyizere ko Congo n’u Rwanda bizumvikana
Biden yemeye intsinzi ya Trump yemera kuzatanga ubutegetsi mu mahoro