Leta Zunze Ubumwe za Amerika iri kwitegura ibiganiro na Ukraine bizabera muri Arabia Saoudite, bigamije gushaka igisubizo cy’intambara imaze imyaka itatu ica ibintu hagati y’u Burusiya na Ukraine.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Amerika na Ukraine bigiye kuganira ku buryo bwo guhagarika intambara
7 March 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Isiraheri Iremeza Ko Yishe Umuyobozi Mushya wa Hezbollah
9 October 2024, by Joseph IradukundaMinistiri w’intebe wa Isiraheri Benjamin Netanyahu kuri uyu wa kabiri yatangaje ko igisirikali cya Isiraheli cyishe uwari umuyobozi mushya w’umutwe wa Hezbollah Hashem Safieddine wasimbuye Hassan Nasrallah, na we wishwe mu mpera z’ukwezi kwa Cyenda.
-
Rulindo: Abasaza n’abakecuru b’imyaka isaga 75 bahagurikiye siporo ibarinda indwara z’izabukuru
7 February, by Angeline MUKANGENZIMu Karere Rulindo hari abakecuru n’abasaza bafite imyaka irenga 75 bagaragaza ko gukora siporo bibarinda indwara zibasira abakuze, kuri ubu bakaba bayifatanyamo n’urubyiruko.
-
Interahamwe zamutwikiye mu byatsi ntiyapfa: Ubuhamya bwa Ngiruwonsanga warokokeye i Cyangugu
7 April, by Angeline MUKANGENZINgiruwonsanga Théoneste warokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 wavukiye muri Peregitura ya Cyangugu, Komini Gafunzo Segiteri ya Shangi muri Nyamasheke y’ubu, yavuze uburyo yasimbutse urupfu rwahitanye abo bari kumwe inshuro nyinshi kugeza ubwo Interahamwe zamutwikiye mu ishyamba yari yihishemo ariko ararusimbuka.
-
Nicki Minaj yasabye Jay-Z kumwishyura arenga miliyoni 100
9 July 2025, by ISIMBI EstellaUmuraperikazi Nicki Minaj, arashinja Jay-Z guseta ibirenge mu kumwishyura umwenda uri hagati ya miliyoni 100 na 200 z’amadolari umaze imyaka irenga ine.
-
Amagambo ya Perezida Macron akomeje kwamaganwa n’ibihugu bya Afurika
8 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuNyuma y’uko Perezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa avuze ko ingabo z’igihugu cye zitashimiwe ku ruhare zagize mu kurinda ubusugire bw’ibihugu bya Afurika ndetse no guhangana n’imitwe y’iterabwoba, bimwe mu bihugu bya Afurika byamaganye izo mvugo zishinjwa kugirana isano n’imyitwarire yo mu gihe cy’ubukoloni.
-
Senderi arakora bucece kuko ‘ataririmbye yakwicwa n’inzara’
25 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmuhanzi uzwi cyane mu ndirimbo z’umudiho, Eric Senderi uzwi cyane nka Senderi International Hit, avuga ko yahisemo gukora umuziki nk’ubucuruzi kuko ataririmbye inzara yamwica.
-
Abarenga 2000 bamaze guhitanwa n’umutingito muri Myanmar
1 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAbantu barenga ibihumbi bibiri bimaze gutangazwa ko bapfiriye mu mutingito uri ku gipimo cya 7,7 wibasiye Myanmar ukagera no mu bihugu bituranye birimo Thailand n’u Bushinwa.
-
Musanze: Abakoresha umuhanda Gataraga–Shingiro bifuza ko watunganywa
29 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAbaturage bo mu Mirenge ya Gataraga na Shingiro bifuza ko umuhanda uhuza iyo Mirenge wakorwa kuko kuba warangiritse bikabije bikabangamira ubuhahirane n’itwarwa ry’umusaruro wabo, bakifuza ko watunganywa.
-
Umunsi umusirikare wa Loni afatwa nk’umuvandimwe wa Perezida Kagame
16 August 2025, by ISIMBI EstellaBrig Gen (Rtd) Faye Hadji Babacar yavuze ko umwe mu basirikare b’incuti ze bari mu butumwa bwa Loni bwakoreraga mu Rwanda mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 , MINUAR, yitiranyijwe n’umuvandimwe wa Perezida Paul Kagame wari uyoboye Urugamba rwo Kubohora Igihugu muri ibyo bihe.
Umuryango.rw
Amerika na Ukraine bigiye kuganira ku buryo bwo guhagarika intambara
Isiraheri Iremeza Ko Yishe Umuyobozi Mushya wa Hezbollah
Rulindo: Abasaza n’abakecuru b’imyaka isaga 75 bahagurikiye siporo ibarinda indwara z’izabukuru
Interahamwe zamutwikiye mu byatsi ntiyapfa: Ubuhamya bwa Ngiruwonsanga warokokeye i Cyangugu
Nicki Minaj yasabye Jay-Z kumwishyura arenga miliyoni 100
Amagambo ya Perezida Macron akomeje kwamaganwa n’ibihugu bya Afurika
Senderi arakora bucece kuko ‘ataririmbye yakwicwa n’inzara’
Abarenga 2000 bamaze guhitanwa n’umutingito muri Myanmar
Musanze: Abakoresha umuhanda Gataraga–Shingiro bifuza ko watunganywa
Umunsi umusirikare wa Loni afatwa nk’umuvandimwe wa Perezida Kagame