Chris Philp ushinzwe gukurikirana ibirebana n’umutekano w’imbere mu Bwongereza mu ishyaka ry’Aba-Conservateurs yatangaje ko Minisitiri w’Intebe Keir Starmer arara adasinziriye kubera gahunda yo kohereza abimukira mu Rwanda yahagaritse, akaba nta gisubizo yari yayibonera.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
U Bwongereza mu mayirabiri nyuma yo guhagarika gahunda yo kohereza abimukira mu Rwanda
2 September 2025, by ISIMBI Estella -
Qatar yatangaje ko ibitero bya Israel bikomeje kubangamira inzira y’amahoro
20 May 2025, by Angeline MUKANGENZIQatar nk’umuhuza hagati ya Israel na Palesitine,Qatar yatangaje ko kubera ibitero Israel ikomeje kugaba mu gace ka Gaza, bibangamiye amasezerano y’amahoro.
-
Menya igitera bamwe bagira agahinda nyuma yo gukora imibonano mpuzabitsina
27 January 2025, by Joseph IradukundaUbusanzwe umaze gukora imibonano mpuzabitsina aba yumva anyuzwe n’icyo gikorwa, ariko hari abantu bamara kuyikora bakumva batishimye. Niba bijya bikubaho, nturi wenyine.
-
OpenAI igiye gushyira hanze ’browser’ izahangana na ‘Google Chrome’
10 July 2025, by ISIMBI EstellaIkigo cy’ikoranabuhanga cya OpenAI mu minsi iri imbere gishobora gushyira hanze porogaramu izajya ikoreshwa mu gushakisha ibintu kuri internet, yitezweho guhangana ku isoko na ‘Google Chrome’.
-
Volleyball: Police na Kepler zatangiye neza imikino ya kamarampaka (Amafoto)
15 March, by ISHIMWE Jean de DieuPolice VC yatsinze GisagarVC amaseti 3-1, naho REG VC itsinda Kepler VC amaseti 3-2, mu mikino ya mbere mu ya kamarampaka muri Shampiyona ya Volleyball.
-
Mu birori byari binogeye ijisho umunyamakuru w’imyidagaduro Mike Karangwa yasabye anakwa Isimbi[AMAFOTO]
18 February 2019, by Martin MunezeroMike Karangwa wamenyekanye mu itangazamakuru ry’imyidagaduro hano mu Rwanda, yasabye anakwa umukunzi we Isimbi Roselyne bitegura ku rushinga .
-
Los Angeles yakumiriye abantu kugenda nijoro kubera imyigaragambyo
11 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmuyobozi w’Umujyi wa Los Angeles, Karen Bass, yatangaje ko hashyizweho igihe ntarengwa abantu bagomba kuba bageze mu ngo, nyuma y’iminsi myinshi y’imyigaragambyo ikaze no gusahura byatewe n’itegeko ryo guta muri yombi ry’abimukira badafite ibyangombwa.
-
Miliyari 247 Frw zongerewe mu gucukura gaze mu Kiyaga cya Kivu
29 October 2025, by ISIMBI EstellaIkigo GasMeth Energy cyatangaje ko cyongereye miliyoni 170 z’amadolari ya Amerika, ni ukuvuga miliyari zisaga 247 z’amafaranga y’u Rwanda mu mushinga wo gukura ingufu muri gazi metani (Gas Methane) iboneka mu Kiyaga cya Kivu.
-
U Rwanda ruzohereza mu isanzure icyogajuru kizafasha mu ubuhinzi
12 October 2024, by Joseph IradukundaMu Rwanda hari kubakwa icyogajuru kizwi nka ‘Hyperspectral 6U CubeSat’. Iki ni icyogajuru gitandukanye n’ibisanzwe kuko kizaba gifite ubushobozi bwo gufata amashusho mu mabara yose hifashishijwe ’sensors’, bitandukanye n’ibyari bimenyerewe bifata amashusho mu mabara atatu gusa.
-
Trump yagaragaje Zelenskyy nk’intambamyi ku guhagarika intambara ya Ukraine
15 January, by Angeline MUKANGENZIDonald Trump yatangaje ko Volodymyr Zelenskyy uyobora Ukaine ari we ntambamyi ikomeye ku masezerano y’amahoro agamije guhagarika intambara amaze imyaka hafi ine ahanganyemo n’u Burusiya.
Umuryango.rw
U Bwongereza mu mayirabiri nyuma yo guhagarika gahunda yo kohereza abimukira mu Rwanda
Qatar yatangaje ko ibitero bya Israel bikomeje kubangamira inzira y’amahoro
Menya igitera bamwe bagira agahinda nyuma yo gukora imibonano mpuzabitsina
OpenAI igiye gushyira hanze ’browser’ izahangana na ‘Google Chrome’
Volleyball: Police na Kepler zatangiye neza imikino ya kamarampaka (Amafoto)
Los Angeles yakumiriye abantu kugenda nijoro kubera imyigaragambyo
Miliyari 247 Frw zongerewe mu gucukura gaze mu Kiyaga cya Kivu
U Rwanda ruzohereza mu isanzure icyogajuru kizafasha mu ubuhinzi
Trump yagaragaje Zelenskyy nk’intambamyi ku guhagarika intambara ya Ukraine