Ukraine yashyize Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA), Gianni Infantino, ku rutonde rw’abo ishaka kwikiza kubera umubano afitanye n’u Burusiya.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Ukraine yashyize Infantino ku rutonde rw’abanzi bo kwikiza
4 February, by Angeline MUKANGENZI -
Nyagatare:Abanyerondo 6 b’umwuga bakubiswe bikomeye n’abasinzi bajyanwa mu bitaro banegekaye
6 February 2019, by Martin MunezeroFoto:Internet
Abanyerondo 6 b’ umwuga bo mu karere ka Nyagatare mu murenge wa Katabagemu mu tugari dutandukanye bajyanywe mu bitaro banegekaye nyuma yo gukubitwa n’ abasinzi bari mu kabari saa sita z’ ijoro.
-
U Bufaransa: Ibinyamujonjorerwa bifite agaciro ka miliyoni 150 Frw byibwe
29 November 2025, by ISIMBI EstellaUbuyobozi bwa Sosiyete L’Escargot des Grands Crus icururiza ibinyamujonjorerwa mu karere ka Bouz kari mu majyaruguru y’Uburasirazuba bw’u Bufaransa buri mu gahinda gakomeye nyuma y’aho abajura bayibye ibifite agaciro k’amayero agera ku bihumbi 90, asaga miliyoni 150 Frw.
-
Tugomba kurwanya ubucuruzi bw’abantu- Minisitiri Amb. Nkulikiyinka
1 December 2025, by ISIMBI EstellaMinisitiri w’Abakozi ba Leta n’Umurimo Amb. Nkulikiyinka Christine, yasabye ubufatanye abaturage bo mu Karere ka Gatsibo bwo kurwanya ubucuruzi bw’abantu, kuko uretse no kuba hari abacuruzwa mu mahanga hari n’abacuruzwa imbere mu Gihugu.
-
Koreya ya Ruguru yagaragaje ubushobozi buhambaye bw’igisasu cyayo
7 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuKoreya ya Ruguru yatangaje ko igisasu iherutse kurasa mu nyanja cyari gifite ubushobozi buhambaye cyane, ku buryo cyabashije kugenda ku muvuduko ukubye uw’ijwi inshuro 12, bityo kikaba kizagira uruhare mu guhangana n’abanzi b’icyo gihugu.
-
’Benshi muri twe batangiye kwiheba’ – umurwayi wa SIDA wahabwaga imiti na USAID
25 April 2025, by Joseph IradukundaNyuma y’icyemezo cyo guhagarika ibikorwa by’umuryango w’Abanyamerika utanga imfashanyo (USAID), hari impungenge ko ingaruka zizaba nyinshi ku mibereho y’abatari bacye.
-
Agezweho: Abanyanyarwanda baba muri UAE na Bahrain nta n’umwe uragirwaho ingaruka n’ibitero bya Iran
6 March, by ISHIMWE Jean de DieuAmbasade y’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu, yatangaje ko nta Munyarwanda uri muri iki Gihugu no muri Bahrain, uragirwaha ingaruka n’ibibazo by’umutekano by’intambara ihanganishije Iran na USA ifatanyije na Israel.
-
Ibiganiro bya Luanda-Nairobi bigiye gitangira
31 March 2025, by Angeline MUKANGENZIMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubucuruzi mpuzamahanga wa Zimbabwe, Prof. Amon Murwira, yatangaje ko imyiteguro yo gutangiza ibiganiro bya Luanda-Nairobi irimbanyije.
-
Rusesabagina yabereye ikigwari Abatutsi bari bahungiye muri Mille Collines-UBUHAMYA BWA Bernard Makuza
2 September 2020, by Martin MunezeroUbwo imbaga y’Abatutsi barenga 1000 bahungiraga kuri Hoteli Mille Collines iherereye rwa gati mu mujyi wa Kigali, mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi, Bernard Makuza wabaye Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda ndetse akanaba Perezida wa Sena, yatangaje ko ari mu bo Paul Rusesabagina yatereranye.
-
Trump yerekeje muri Israel avuga ko intambara muri Gaza yarangiye
13 October 2025, by ISIMBI EstellaPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko intambara yo muri Gaza “yarangiye”, ubwo yari mu rugendo agiye muri Israel aho yiteguye kureba ihererekanwa ry’imfungwa hagati y’icyo gihugu na Hamas, mu kubahiriza ibikubiye mu masezerano y’ihagarikwa ry’intambara yashyizweho umukono hagati y’impande zombi.
Umuryango.rw
Ukraine yashyize Infantino ku rutonde rw’abanzi bo kwikiza
U Bufaransa: Ibinyamujonjorerwa bifite agaciro ka miliyoni 150 Frw byibwe
Tugomba kurwanya ubucuruzi bw’abantu- Minisitiri Amb. Nkulikiyinka
Koreya ya Ruguru yagaragaje ubushobozi buhambaye bw’igisasu cyayo
’Benshi muri twe batangiye kwiheba’ – umurwayi wa SIDA wahabwaga imiti na USAID
Agezweho: Abanyanyarwanda baba muri UAE na Bahrain nta n’umwe uragirwaho ingaruka n’ibitero bya Iran
Ibiganiro bya Luanda-Nairobi bigiye gitangira
Rusesabagina yabereye ikigwari Abatutsi bari bahungiye muri Mille Collines-UBUHAMYA BWA Bernard Makuza
Trump yerekeje muri Israel avuga ko intambara muri Gaza yarangiye