Polisi ya Zambiya yavuze ko yataye muri yombi abagabo babiri bakekwaho gushaka “kugirira nabi” perezida Hakainde Hichilema bakoresheje uburozi.
Abapolisi bavuze ko kuwa gatanu umunyamozambike, Jasten Mabulesse Candunde, w’imyaka 42 y’amavuko n’umuyobozi w’umudugudu wo muri Zambiya, Leonard Phiri w’imyaka 43, bafatiwe mu murwa mukuru wa Zambiya, Lusaka.
Ibitangazamakuru bivuga ko abakekwa, bashinjwa ibijyana no gukoresha uburozi bw’ubutererano nk’uko tubikesha AFP.
Polisi ikavuga ko (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Zambia: Hafashwe abantu bashakaga kwica Perezida Hichilema bamuroze
24 December 2024, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Minisitiri w’Intebe yakoze impinduka mu banyamabanga nshingwabikorwa b’Intara
6 November 2019, by Dusingizimana RemyBamwe mu bayobozi bakiriye inzandiko zibabwira ko bagizwe abanyamabanga nshingwabikorwa b’Intara barimo babiri bakuwe ku buyobozi bw’akarere bahabwa izi nshingano mu gihe abandi bimuwe.
-
UKO MBIBONA: Dore aho Kwimika ruswa ishingiye ku gitsina mu itangwa ry’akazi bituruka
20 February 2018, by UbwanditsiCV yawe ni nziza nimugoroba uze kunsanga mu cyumba cyanjye cya hoteli tuganire ku by’ akazi: Niyo magambo boss yabwiraga uyu mukobwa/umugore wari ugiye kumusaba akazi
Ikibazo cya ruswa ishingiye ku gitsina mu itangwa ry’akazi ni kimwe mu byugarije Leta y’u Rwanda muri iki gihe kandi kiriyongera umunsi ku wundi kandi ubushakashatsi buheruka bw’umuryango mpuzamahanga urwanya ruswa n’akarengane ishami ryo mu Rwanda T.I Rwanda bwagaragaje ko yiganje mu nzego za Leta.
Imibare igaragaza ko (…) -
Umuyobozi muri Minisiteri yirukanywe burundu nyuma yo guha mushiki we za misiyo hanze
15 February 2018Gashayija Nathan wari Umuyobozi Mukuru muri Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda yirukanywe burundu n’ inama y’Abaminisitiri yo kuri uyu wa 14 Gashyantare 2018. Uyu muyobozi yahaga ubutumwa bw’akazi mushikiwe utari umukozi wa Leta.
Mu ntangiriro z’umwaka ushize yagejejwe mu rukiko akurikiranweho icyaha cyo gufata icyemezo gishingiye ku itonesha, ubucuti, urwango cyangwa icyenewabo , aho ubushinjacyaha buvuga ko yajyaga ashyira mushiki we witwa Nora Nyiraneza ku rutonde rw’abahabwa ubutumwa (…) -
Ukraine yigambye kwica abasirikare ibihumbi 940 b’u Burusiya
28 April 2025, by Angeline MUKANGENZIUbuyobozi bw’Ingabo za Ukraine bwatangaje ko abasirikare b’u Burusiya barenga ibihumbi 940 baguye mu ntambara bahanganyemo imaze imyaka itatu
-
Tanzania: Polisi yafunze abayobozi b’ishyaka CHADEMA ritavuga rumwe na leta
23 September 2024, by Joseph IradukundaUmuyobozi wa Polisi mu Mumujyi wa Dar es Salaam Jumanne Muliro, yavuze ko Igipolisi ayoboye cyataye muriyombi abantu 14 bo mu ishyaka rya CHADEMA barimo Umuyobozi waryo Freeman Mbowe hamwe n’Umunyamabanga mukuru waryo Tundu Lisu.
-
Urukiko rwatangaje igihe urubanza rwa Rusesabagina ku ifungwa n’ifungurwa by’agateganyo ruzasomerwa
14 September 2020, by Dusingizimana RemyUrukiko rw’ibanze rwa Kagarama rwaburanishije urubanza rwa Paul Rusesabagina ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo rwemeje ko ruzasomwa kuwa Kane tariki ya 17 Nzeri 2020.
Aho urubanza rwabereye, umutekano wari ukajijwe mu buryo budasanzwe kuko abapolisi bafite imbunda bari bakikije iyi nyubako.
Bwa mbere imbere y’urukiko, Bwana Rusesabagina ntiyemeye cyangwa ngo ahakane ibyaha 13 yarezwe. Avuga ko yavuze birambuye ku byo aregwa ari kubazwa n’ubushinjacyaha ubu adashaka kubigarukaho aka (…) -
Kicukiro: Umusore yiyahuye asiga yanditse ko bamugaburira Inyamaswa
17 December 2024, by Joseph IradukundaMu Karere ka Kicukiro, Umurenge wa Gatenga, Akagari ka Karambo, Umudugudu wa Mahoro, umusore hataramenyekana imyirondoro ye, birakekwa ko yiyambuye ubuzima asiga yanditse ibaruwa ivuga ko atazashyingurwa ahubwo umubiri we wazahabwa Inyamaswa zikawurya kandi mu ruhame.
-
Macron yasabye ibiganiro byo mu rwego rwo hejuru hagati y’u Rwanda na RDC
17 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa, yasabye ko hasubukurwa ibiganiro byo mu rwego rwo hejuru hagati y’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, mu rwego rwo gukemura ikibazo cy’umutwe wa M23.
-
Abazahagararira u Bwongereza muri Shampiyona y’Isi y’Amagare bateze indege ya RwandAir
18 September 2025, by ISIMBI EstellaIkipe y’Igihugu y’u Bwongereza yo gusiganwa ku magare, izahatana muri Shampiyona y’Isi ya 2025, yateze indege ya RwandAir iyikura i Londres, aho yitabiriye iri rushanwa rizabera i Kigali tariki 21-28 Nzeri 2025.
Umuryango.rw
Zambia: Hafashwe abantu bashakaga kwica Perezida Hichilema bamuroze
Ukraine yigambye kwica abasirikare ibihumbi 940 b’u Burusiya
Tanzania: Polisi yafunze abayobozi b’ishyaka CHADEMA ritavuga rumwe na leta
Urukiko rwatangaje igihe urubanza rwa Rusesabagina ku ifungwa n’ifungurwa by’agateganyo ruzasomerwa
Kicukiro: Umusore yiyahuye asiga yanditse ko bamugaburira Inyamaswa
Macron yasabye ibiganiro byo mu rwego rwo hejuru hagati y’u Rwanda na RDC
Abazahagararira u Bwongereza muri Shampiyona y’Isi y’Amagare bateze indege ya RwandAir