Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron yaganiriye kuri telefone na mugenzi we w’u Rwanda, Paul Kagame ndetse na Félix Tshisekedi, wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Perezida Macron yaganiriye na Perezida Kagame na Tshisekedi
26 January 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Minisiteri y’Ububanyi n’amahanga yavuze ku mashusho akomeje gukwirakwizwa ivuga ko ubu abanyarwanda bajya muri Uganda nta kibazo
11 January 2020, by Martin MunezeroMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Dr Biruta Vincent, yemeje ko nta kirahinduka ku nama yatanzwe yo gusaba abanyarwanda kwirinda kujya muri Uganda kubera ibibazo by’umutekano wabo.
-
White House yahakanye ibyo kubabarira P’Diddy
22 October 2025, by ISIMBI EstellaIbiro bya Perezida wa Leta zunze Ubumwe za Amerika byatangaje ko nta biganiro na bike byabaye cyangwa biteganya kubaho ku bijyanye n’inkuru iherutse gutangazwa y’uko Perezida Donald Trump yaba ari mu biganiro byo kubabarira no kurekura umuraperi P’Diddy.
-
Brazil irifuza kwakira Igikombe cy’Isi cy’Amakipe cya 2029
20 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida w’Ishyirahamwe ry’Umipira w’Amaguru muri Brazil (CBF), Samir Xaud yatangaje ko bifuza kwakira Igikombe cy’Isi cy’Amakipe cya 2029.
-
Batwaze gitwari- Ubutumwa bwa The Ben ku barokotse Jenoside yakorewe Abatutsi
12 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMu gihe u Rwanda n’Isi bibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, umuhanzi Mugisha Benjamin wamenye nka The Ben yifatanyije n’abarokotse, abagezaho ubutumwa bw’ihumure, anasaba Abanyarwanda gukomeza kurinda ubumwe bwabo no guhangana n’ingengabitekerezo ya Jenoside.
-
Perezida Zelensky yahishuye ibyo yaganiriye na Donald Trump ubwo bari i Vatican
4 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Ukraine, Volodymy Zelensky, yahishuye ibyo aheruka kuganira na Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, ubwo bari i Vatican bitabiriye umuhango wo gushyingura Papa Francis.
-
Abagore barenga ibihumbi 83 babyaye babazwe mu Rwanda
9 January, by ISIMBI EstellaAbagore barenga ibihumbi 83 mu bagore barenga ibihumbi 336 babyaye mu 2024 babyaye babazwe, umubare munini baherwa iyi serivisi mu bitaro by’uturere.
-
Amerika ishobora kohereza ingabo nyinshi mu Burasirazuba bw’Isi
25 March, by ISIMBI EstellaMinisiteri y’Intambara ya Amerika ishobora kohereza abasirikare bo muri Airborne Division mu Burasirazuba bwo Hagati nubwo Trump avuga ko hashobora kubaho ibiganiro by’amahoro.
-
Marine Le Pen yahanuriye Perezida Macron gutakaza ubutegetsi mbere y’igihe
19 December 2024, by Joseph IradukundaUmunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi bw’u Bufaransa, Marine Le Pen, yatangaje ko Perezida Emmanuel Macron azava ku butegetsi mbere y’uko manda ye irangira mu 2027 kuko ngo ari kugana ku ndunduro.
-
DJ Theo ararembye
21 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuDJ Theo uri mu bahanga mu kuvanga imiziki, akanakorana na Ibisumizi Records ya Riderman, kuri ubu amerewe nabi n’uburwayi bumaze igihe bumuhejeje mu bitaro.
Umuryango.rw
Perezida Macron yaganiriye na Perezida Kagame na Tshisekedi
White House yahakanye ibyo kubabarira P’Diddy
Brazil irifuza kwakira Igikombe cy’Isi cy’Amakipe cya 2029
Batwaze gitwari- Ubutumwa bwa The Ben ku barokotse Jenoside yakorewe Abatutsi
Perezida Zelensky yahishuye ibyo yaganiriye na Donald Trump ubwo bari i Vatican
Abagore barenga ibihumbi 83 babyaye babazwe mu Rwanda
Amerika ishobora kohereza ingabo nyinshi mu Burasirazuba bw’Isi
Marine Le Pen yahanuriye Perezida Macron gutakaza ubutegetsi mbere y’igihe
DJ Theo ararembye