Ku munsi wa mbere w’amatora ya Papa uzasimbura Francis nta mu cardinal waraye wemejwe, bityo umwotsi wera werekana ko hari uwatowe ntiwazamurwa.Aho kuzamura uwera hazamutse uwirabura bityo isi ibona ko nta Papa watowe.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Roma: Gutora Papa ku munsi wa Mbere wa matora ntibyakunze
8 May 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Perezida wa Sénégal yagaragaje ko u Rwanda ari icyitegererezo cye mu ikoranabuhanga
13 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida Bassirou Diomaye Faye wa Sénégal yatangaje ko u Rwanda ari icyitegererezo cye mu iterambere ry’ibikorwaremezo bishingiye ku ikoranabuhanga, bityo ko igihugu cye n’ibindi byo ku mugabane wa Afurika byose bikwiye kurwigiraho.
-
MINISPORTS yijeje gukomeza gushyigikira ibikorwa bizamura Handball y’u Rwanda
20 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuMinisiteri ya Siporo yijeje ko izakomeza gushyigikira ibikorwa by’Ishyirahamwe ry’Umukino wa Handball mu Rwanda birimo n’ikipe z’Igihugu zimaze iminsi zifite umusaruro mwiza.
-
Musanze: Inzu y’ubucuruzi yafashwe n’inkongi, hatikiriramo iby’asaga 15M Frw
27 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuInzu y’ubucuruzi iherereye mu Murenge wa Muko, Akarere ka Musanze, yafashwe n’inkongi y’umuriro ihiramo ibicuruzwa n’ibikoresho bifite agaciro ka miliyoni zisaga 15 z’Amafaranga y’u Rwanda.
-
U Rwanda Rwohereje Indi Nkunga Muri Gaza
10 July 2025, by Joseph IradukundaBinyuze ku bwami bwa Jordania, Leta y’u Rwanda yoherereje abanya Gaza inkunga y’ibiribwa n’imiti. Ni inkunga ya toni 40 z’ibiribwa n’imiti igenewe gufasha abaturage ba Gaza bafite ibibazo byo kubona imiti n’ibiribwa byo kubaramira muri iki gihe kibakomereye.
-
Hasohotse amafoto y’ubukwe bwa Sonia Rolland na Guillaume Gabriel
2 October 2025, by ISIMBI EstellaHashyizwe hanze amafoto y’ubukwe bwa Uwitonze Sonia Rolland, Umunyarwandakazi wabaye Nyampinga w’u Bufaransa mu 2000 na Guillaume Gabriel, bwabaye ku wa 20-21 Nzeri 2025.
-
USA: Umukecuru yangiwe kwinjira mu ndege kubera inyoni ya Kasuku
11 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmukecuru w’imyaka 76 ari mu gahinda nyuma y’uko indege ya Frontier Airlines yanze kumusubiza iwabo muri New York, ikamuta muri Puerto Rico imuziza ko yashatse kwinjiza mu ndege inyoni ya Kasuku.
-
U Rwanda rwasabye Uganda kuvugisha ukuri mu biganiro byo gushaka uko amasezerano yo muri Angola yashyirwa mu bikorwa
16 September 2019, by Dusingizimana RemyUyu munsi nibwo abayobozi b’u Rwanda n’aba Uganda bahuriye mu nama iri kubera I Kigali igamije kurebera hamwe uko amasezerano perezida Kagame na Museveni baherutse gusinyira muri Angola yashyirwa mu bikorwa aho umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ububanyi n’amahanga,Amb.Olivier Nduhungirehe, yabasabye ko basasa inzobe bakanavugisha ukuri.
-
Rubavu: Guverineri Ntibitura yasabye abaturage kwirinda gutiza FDLR umurindi
19 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuGuverineri w’Intara y’Uburengerazuba, Ntibitura Jean Bosco, yasabye abatuye akarere ka Rubavu kwirinda gutiza umurindi imitwe irimo FDLR igambiriye guhungabanya umutekano w’u Rwanda; ahubwo bagafata iya mbere mu kwamaganira kure abafite uwo mugambi.
-
Trump yakuyeho umusoro yashyiriyeho ibihugu by’i Burayi byamwitambitse kuri Greenland
22 January, by ISIMBI EstellaPerezida wa Amerika Donald Trump yatangaje ko yakuyeho umusoro yari yashyiriyeho ibihugu by’i Burayi byitambitse umugambi we wo kwigarurira ikirwa cya Greenlad, kuko hari ibyo yumvikanyeho na OTAN.
Umuryango.rw
Roma: Gutora Papa ku munsi wa Mbere wa matora ntibyakunze
Perezida wa Sénégal yagaragaje ko u Rwanda ari icyitegererezo cye mu ikoranabuhanga
MINISPORTS yijeje gukomeza gushyigikira ibikorwa bizamura Handball y’u Rwanda
Musanze: Inzu y’ubucuruzi yafashwe n’inkongi, hatikiriramo iby’asaga 15M Frw
U Rwanda Rwohereje Indi Nkunga Muri Gaza
Hasohotse amafoto y’ubukwe bwa Sonia Rolland na Guillaume Gabriel
USA: Umukecuru yangiwe kwinjira mu ndege kubera inyoni ya Kasuku
Rubavu: Guverineri Ntibitura yasabye abaturage kwirinda gutiza FDLR umurindi
Trump yakuyeho umusoro yashyiriyeho ibihugu by’i Burayi byamwitambitse kuri Greenland