Umutwe wa M23 wateze iminsi Lt. Gen. Masunzu Pacifique wagizwe umuyobozi w’Ingabo za RDC mu bice urwaniramo, umuteguza gutuma abamuhaye akazi bamwikiza.
Ku wa Kane tariki ya 19 Ukuboza ni bwo Gen Masunzu yahawe ziriya nshingano nshya na Perezida Félix Antoine Tshisekedi wakoze impinduka zikomeye mu buyobozi bukuru bw’Ingabo za Congo (FARDC).
Ni impinduka zasize uyu Jenerali wo mu bwoko bw’Abanyamulenge ahawe inshingano zo kuba umuyobozi wa zone ya gatatu y’Ingabo za FARDC; ibisobanuye ko (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
M23 yateze iminsi Gen. Masunzu washinzwe FARDC mu bice irwaniramo
21 December 2024, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Abarimu ibihumbi 11 babonye akazi badakoze ikizamini bahawe amasezerano y’igihe gito cyane
12 January 2021, by Dusingizimana RemyAbarimu ibihumbi 11 bahawe imyanya badakoze ikizamini nkuko bisanzwe ku bakozi ba Leta,bahawe amasezerano y’umwaka umwe aho guhabwa akazi gahoraho nkuko abakozi ba Leta byari bisanzwe bigenda nyumayo gukora amezi 6 ya mbere.
-
Abaturage basabwe kwirinda kwiherera mu gasozi
28 January, by ISIMBI EstellaIkigo cy’Igihugu cy’Ubuzima, RBC, cyatangaje ko utugari 1.013 two mu turere two mu Rwanda cyane cyane udukora ku bishanga, tugaragaramo indwara zo mu nda na ‘Bilharziose’, iboneraho gusaba abadutuyemo kwirinda kwiherera mu gasozi no mu bishanga mu kwirinda ikwirakwira ry’izi ndwara.
-
Amatora 2017: Mu itangazwa ry’amajwi y’agateganyo imfabusa zarengeye he?
6 August 2017, by UbwanditsiProf Kalisa Mbanda, Perezida wa Komisiyo y’Igihugu y’Amatora
Ku wa Gatanu taliki 5/8/2017 ubwo Komisiyo y’Igihugu y’Amatora yatangazaga amajwi y’agateganyo abakandida bagize mu matora ya Perezida wa Repubulika hatangajwe amajwi buri mukandida yagize ariko ntihatangazwa igiteranyo cy’amajwi yabaye imfabusa n’ubwo Perezida w’iyi Komisiyo Prof Kalisa Mbanda yemera ko hari aho zagaragaye.
Mbere gato ko amatora aba, Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa Komisiyo y’Igihugu y’Amatora yari yatangaje (…) -
Amerika: Bigabije imihanda, bamagana Trump mbere y’irahira rye
19 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMu gihe habura umunsi umwe ngo Donald Trump, arahirire kuba Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, abagera mu bihumbi biganjemo abagore biraye mu mihanda ya Washington D.C, bamwamagana.
-
Mu basirikare ba Afurika y’Epfo 27% ni bo bafite ubuzima buzira umuze bubemerera gukora akazi
10 December 2025, by ISIMBI EstellaByahishuwe ko Ingabo za Afurika y’Epfo (SANDF) zifite ikibazo gikomeye cy’ubuzima n’ubushobozi bwo koherezwa mu bikorwa, nyuma y’isuzuma rishya ryagaragaje ko abasirikare 27% gusa ari bo bujuje ibisabwa byo kujya ku butumwa.
-
Umukobwa wa Perezida Museveni yavuze uburyo yibonaniye n’Imana amaso ku maso ndetse ikagira nibyo imutuma
10 April 2018, by Martin MunezeroPatience Rwabwogo Museveni, umukobwa wa Perezida Museveni wa Uganda, mu cyumweru gishize nibwo yabwiye imbaga y’abakiristo ko yabonye Imana n’amaso ye, imutangariza ko igiye guhindura igihugu cya Uganda.
Patience yatumiwe nk’umushyitsi udasanzwe na Pastor Wilson Bugembe wo mu itorero “Light the World Ministries” ikinyamakuru cyo muri Uganda, Ugchristiannews gitangaza ko ubwo yitabiraga ubutumire ari nabwo yaboneyeho akanya ko gutangaza uburyo yakiriye agakiza afite imyaka 11 y’amavuko. (…) -
Amavubi atsinze Nigeria, abura itike ya CAN
18 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuIkipe y’igihugu y’u Rwanda "Amavubi" itsindiye Nigeria iwayo ibitego 2-1, ariko ntiyabasha kubona amahirwe yo gusubira mu gikombe cya Afurika
-
Kivu y’Amajyepfo: Urukiko rwakatiye abasirikare batatu urwo gupfa
24 July 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUrukiko rwa gisirikare rwa Uvira, intara ya Kivu y’Amajyepfo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo rwakatiye abasirikare batatu igihano cy’urupfu.
-
Israel yatangiye ibitero bikaze by’indege z’intambara imbere muri Liban
23 September 2024, by Joseph IradukundaIgisirikare cya Israel cyatangiye ibitero bigari kurusha ibindi byo mu kirere ku mutwe wa Hezbollah, ibitero birimo kwibasira amajyepfo ya Liban, uburasirazuba bw’ikibaya cya Bekaa, n’agace k’amajyaruguru ya Liban hafi ya Syria.
Umuryango.rw
M23 yateze iminsi Gen. Masunzu washinzwe FARDC mu bice irwaniramo
Abaturage basabwe kwirinda kwiherera mu gasozi
Amerika: Bigabije imihanda, bamagana Trump mbere y’irahira rye
Mu basirikare ba Afurika y’Epfo 27% ni bo bafite ubuzima buzira umuze bubemerera gukora akazi
Amavubi atsinze Nigeria, abura itike ya CAN
Kivu y’Amajyepfo: Urukiko rwakatiye abasirikare batatu urwo gupfa
Israel yatangiye ibitero bikaze by’indege z’intambara imbere muri Liban