Muhawenimana Ntagisanimana w’imyaka 24, ni umwe mu banyarwanda 1,165 bari barafashwe bugwate na FDLR bamaze kugera mu Rwanda, mu byiciro bibiri.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Umugore wibarutse akigera mu Rwanda avuye mu menyo ya FDLR, yahawe ibikoresho
21 May 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Ingabo z’u Rwanda ziri mu Butumwa bwa MINUSCA zavuye abagore bo muri gereza ya Bimbo
28 March, by Angeline MUKANGENZIIngabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bw’amahoro muri Centrafrique, Batayo ya mbere zakoze igikorwa cyo kuvura abagororwa muri Gereza y’Abagore ya Bimbo iri mu nkengero z’Umujyi wa Bangui.
-
Visi Perezida wa Tanzania yabwiye Perezida Suluhu ko ashaka kwegura
21 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Tanzania, Samia Suluhu Hassan, yatangaje ko Visi Perezida w’iki gihugu, Dr. Philip Mpango, yamusabye kwegura akajya mu kiruhuko, ndetse ashimangira ko yabimwemereye.
-
Rubavu: Umwarimu afunzwe akekwaho gutekera imitwe ababyeyi n’abo bakorana
24 September 2025, by ISIMBI EstellaUmwarimu wo mu Karere ka Rubavu, wigisha mu ishuri ribanza rya Kinyanzovu akurikiranyweho gutekera imitwe ababyeyi babiri akabarya amafaranga ibihumbi 100 Frw abizeza kubashakira amashuri y’abana muri GS Busasamana, akaba kandi na none yarariye ibihumbi 730 Frw by’abarimu batanu abizeza kubakira inguzanyo ya "Gira iwawe".
-
Uganda: Ibura ry’udukingrizo ryateje ubwiyongere bw’abandura SIDA
26 February, by Angeline MUKANGENZIInzego z’ubuzima mu Karere ka Kabale muri Uganda, zatangaje ko ubwandu bushya bw’agakoko gatera SIDA bukomeje kwiyongera kubera ibura ry’udukingirizo muri ako gace.
-
Huye :Gitifu w’akagari yatawe muri yombi azira gushaka gusambanyiriza umukobwa mu biro bye nijoro
23 February 2019, by Dusingizimana RemyUmunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Gatobotobo mu Karere ka Huye,intara y’Amagepfo afunzwe akurikiranweho icyaha cyo kugerageza kwaka ruswa ishingiye ku gitsina umukobwa utuye mu kagari ayobora wamuabye ibyangombwa akamusiragiza.
-
Itangazo rya cyamunara y’umutungo utimukanwa
26 October 2025, by ISIMBI EstellaUmuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyasha abantu bose ko azateza mu cyamunara umutungo utimukanwa uherereye mu karere ka KICUKIRO
Soma itangazo rirambuye… -
M23 yafunze imirimo yose ikorerwa mu Kivu
27 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMu ijoro ryo kuri iki Cyumweru, umutwe wa M23 watangaje ko wafunze imirimo yose ikorerwa mu Kiyaga cya Kivu, ku ruhande rwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
-
Guverinoma y’u Bufaransa iri kugerwa amajanja
24 October 2025, by ISIMBI EstellaGuverinoma y’u Bufaransa iyobowe na Sebastien Lecornu ishobora kwegura mu cyumweru gitaha mu gihe itakora amavugurura mu mushinga w’ingengo y’imari y’igihugu.
-
Perezida wa Togo yatangiye uruzinduko mu Rwanda
21 April 2025, by Angeline MUKANGENZIPerezida wa Togo, Faure Essozimna Gnassingbé ari mu ruzinduko rw’akazi mu Rwanda, guhera kuri uyu wa Mbere tariki ya 21 Mata 2025, aho biteganyijwe ko azagirana ibiganiro na Perezida Paul Kagame.
Umuryango.rw
Umugore wibarutse akigera mu Rwanda avuye mu menyo ya FDLR, yahawe ibikoresho
Ingabo z’u Rwanda ziri mu Butumwa bwa MINUSCA zavuye abagore bo muri gereza ya Bimbo
Visi Perezida wa Tanzania yabwiye Perezida Suluhu ko ashaka kwegura
Rubavu: Umwarimu afunzwe akekwaho gutekera imitwe ababyeyi n’abo bakorana
Uganda: Ibura ry’udukingrizo ryateje ubwiyongere bw’abandura SIDA
Itangazo rya cyamunara y’umutungo utimukanwa
M23 yafunze imirimo yose ikorerwa mu Kivu
Guverinoma y’u Bufaransa iri kugerwa amajanja
Perezida wa Togo yatangiye uruzinduko mu Rwanda