Tombola yo gushyira ibihugu mu matsinda yo gushaka itike y’igikombe cy’Afurika cya 2023 kizabera muri Cote d’Ivoire, yasize u Rwanda ruri mu itsinda rya nyuma rya L aho ruri kumwe na Senegal, Benin na Mozambique.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
AFCON2023: Amavubi yaje mu itsinda rimwe na Senegal , menya urutonde rwa tombola
20 April 2022, by Rebecca UFITAMAHORO -
U Burundi buri kongera ingabo mu Mujyi wa Kalemie
20 January, by Angeline MUKANGENZILeta y’u Burundi yafashe icyemezo cyo kohereza mu Mujyi wa Kalemie abasirikare n’Imbonerakure bagera ku bihumbi 29 kugira ngo biwurinde gufatwa n’abarwanyi b’ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu gihe baba bafashe icyemezo cyo gusubukura urugamba.
-
Press Release - Refresh your view with a festival of movies on StarTimes
2 December 2020, by UbwanditsiChristmas season equals to family time. And watching a movie with all your loved ones is one of the best Christmas features.
Africa’s leading pay-TV operator StarTimes is offering a fresh line-up of great international movies that will keep children and parents glued to the TV all December.
“This year, I think most people watched a lot of TV and a lot of movies. But what is coming in December will make them forget about all that they watched before. Among family, action, comedy, (…) -
Abihinduje igitsina bakumiriwe mu gisirikare cya Amerika
15 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIgisirikare cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, cyatangaje ko kitazongera kwakira abihinduje igitsina mu ngabo, ndetse ko n’abari bafite gahunda yo kubikora bakumiriwe.
-
Umuvandimwe wa Paul Pogba wamugambaniye yakatiwe gufungwa imyaka itatu
20 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuMukuru wa Paul Pogba, Mathias Pogba, yakatiwe igifungo cy’imyaka itatu harimo ibiri isubitse nyuma y’uko agaragaye mu itsinda ry’abashatse kwambura uyu mukinnyi amafaranga agera kuri miliyoni 13$.
-
Uganda: Inkuba yasanze impunzi zari mu nkambi zisenga yica 14
3 November 2024, by Joseph IradukundaPolisi ya Uganda yatangaje ko inkuba yakubise impunzi 14 mu nkambi ya Palabek iri mu Majyaruguru y’iki gihugu aho zari zagiye gusenga mu materaniro yo ku mugoroba w’ejo ku wa Gatandatu tariki 02 Ugushyingo.
-
Abanyacyubahiro benshi bamaze kugera mu Rwanda baje mu muhango wo gutangiza icyumweru cyo #kwibuka25 [AMAFOTO]
6 April 2019, by Dusingizimana RemyU Rwanda rukomeje kwakira abanyacyubahiro benshi baje kwitabira umuhango wo gutangiza icyumweru cyo kwibuka ku nshuro ya 25 Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wa 1994.
-
Elon Musk yahonze umugore miliyoni 15$ ngo atazagaragaza ko babyaranye
17 April 2025, by Angeline MUKANGENZIAshley St.Clair uherutse kubyara umwana wa 14 wa Elon Musk, yatangaje ko uyu munyemari yamuhaye miliyoni 15$ ngo abigire ibanga, undi arayanga mu rwego rwo kurengera umwana wabo.
-
Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yagaragaje ko gutumbagira kw’igiciro
20 September 2024, by Joseph Iradukundacy’isukari muri iki gihugu kwatewe n’amanyanga yakozwe n’ubuyobozi bwa sosiyete ishinzwe guteza imbere umusaruro wayo, SOSUMO.
-
Cristiano Ronaldo yongeye kuyobora urutonde rw’abakinnyi ba ruhago binjiza agatubutse
18 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuRutahizamu wa Al-Nassr n’Ikipe y’Igihugu ya Portugal, Cristiano Ronaldo, yongeye gufata umwanya wa mbere mu bakinnyi 10 binjiza amafaranga menshi babikesha ko bakina umupira w’amaguru ku Isi.
Umuryango.rw
AFCON2023: Amavubi yaje mu itsinda rimwe na Senegal , menya urutonde rwa tombola
U Burundi buri kongera ingabo mu Mujyi wa Kalemie
Abihinduje igitsina bakumiriwe mu gisirikare cya Amerika
Umuvandimwe wa Paul Pogba wamugambaniye yakatiwe gufungwa imyaka itatu
Uganda: Inkuba yasanze impunzi zari mu nkambi zisenga yica 14
Elon Musk yahonze umugore miliyoni 15$ ngo atazagaragaza ko babyaranye
Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yagaragaje ko gutumbagira kw’igiciro
Cristiano Ronaldo yongeye kuyobora urutonde rw’abakinnyi ba ruhago binjiza agatubutse