Igisirikare cya Uganda (UPDF) cyatangaje ko cyahagaritse imikoranire yose cyari gifitanye n’u Budage nyuma y’imyitwarire ya Ambasaderi w’icyo gihugu cyo mu Burayi idahwitse.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Uganda yahagaritse ubufatanye n’u Budage mu bya gisirikare
25 May 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Diane yongeye gusaba Kagame kubafungura, Adeline avuga ko batatoroka igihugu
18 October 2017, by Iyamuremye JanvierUrukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge kuri uyu wa gatatu tariki ya 18 Ukwakira 2017 rwatangiye kuburanisha urubanza rw’abo mu muryango rwa Rwigara ku ifunga n’ifungura ry’agateganyo.
Ubushinjacyaha bw’u Rwanda burabarega ibyaha byo guteza imvururu cyangwa imidugararo muri rubanda. Buravuga ko bufite amajwi 20 abaregwa bagiye bohererezanya agize ibyo byaha.
Abaregwa bose uko ari batatu barahurira ku cyaha cyo kugambirira guteza imidugararo muri rubanda. Ku munyapolitiki Diane Rwigara (…) -
U Bwongereza: Andrew wari igikomangoma agiye kwamburwa impeta za gisirikare
3 November 2025, by ISIMBI EstellaUmwami w’u Bwongereza, Charles III, yategetse ko Andrew wari igikomangoma agomba gukurwaho impeta z’igisirikare cy’ubwami bw’u Bwongereza.
-
#Umuganura2019:Uturere 4 twagaragaje umusaruro mwiza kurusha utundi twahebwe[AMAFOTO]
2 August 2019, by Martin MunezeroKuri uyu wa 2 Kanama 2019 mu karere ka Nyanza habereye ibirori bisoza icyumweru cy’Umuganura cyatangiye tariki 29 Nyakanga 2019. Ibi birori byabereye mu karere ka Nyanza ku rwego rw’igihugu.
-
Nyakwigendera Pierre Nkurunziza yahawe amazina ya ’Sula Kato’ na Leta ya Uganda kuri Passport
16 June 2020, by Martin MunezeroIntumwa yihariye ya Perezida wa Uganda Yoweri Kaguta Museveni, Adonia Ayebare, yagarutse ku rugendo Pierre Nkurunziza yanyuzemo kugirango abe perezida w’u Burundi, n’inzira zitandukanye yagiye anyuramo harimo no kugendera ku byangombwa by’inzira bya Uganda byari byanditse mu mazina ya Sula Kato.
-
Koreya y’Epfo: Perezida Yoon Suk Yeol wahagaritswe yiteguye kwisobanura mu rukiko
19 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Koreya y’Epfo, Yoon Suk Yeol, wamaze guhagarikwa nyuma yo guterwa icyizere n’Inteko Ishinga Amategeko, yagaragaje ko yiteguye kwiregura mu rukiko kandi akabyikorera ku giti cye, aho kubinyuza mu nyandiko cyangwa mu banyamategeko be.
-
Musanze: Ba Ofisiye 45 basoje amahugurwa ku mikorere ya kinyamwuga n’ubuyobozi
12 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMu Ishuri rikuru rya Polisi y’u Rwanda (NPC) mu Karere ka Musanze, habereye umuhango wo gusoza amahugurwa agamije kongerera ubumenyi abapolisi mu bijyanye n’imikorere ya kinyamwuga n’ubuyobozi.
-
Guverinoma yijeje ko umuturage azinjiza amadolari 1 360 muri 2029
13 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri w’Intebe, Dr Nsengiyumva Justin yagejeje ku Nteko Ishinga Amategeko, Imitwe yombi Gahunda ya Kabiri y’Igihugu yo Kwihutisha Iterambere (NST2, 2024-2029), aho umusaruro umuturage azinjiza uzava ku mpuzandengo y’Amadolari ya Amerika 1,040 mu mwaka wa 2023 ugere ku Madolari arenga gato 1,360 mu 2029.
-
Museveni yasabye abasirikare b’Abarundi kugendera kure politike y’amoko
14 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yasabye abasirikare b’Abarundi kugendera kure politike y’ivanguramoko, ahubwo bagashyira imbere ubumwe n’iterambere mu bukungu.
-
Kivu y’Amajyaruguru yahawe Guverineri mushya, usimbura Maj. Gen. Cirimwami wapfuye
29 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Félix Antoine Tshisekedi yagize Maj. Gen. Evariste Somo Kakule, Guverineri wa gisirikare w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru, asimbuye Maj. Gen. Peter Cirimwami, uherutse kwicwa n’abarwanyi ba M23.
Umuryango.rw
Uganda yahagaritse ubufatanye n’u Budage mu bya gisirikare
U Bwongereza: Andrew wari igikomangoma agiye kwamburwa impeta za gisirikare
Koreya y’Epfo: Perezida Yoon Suk Yeol wahagaritswe yiteguye kwisobanura mu rukiko
Musanze: Ba Ofisiye 45 basoje amahugurwa ku mikorere ya kinyamwuga n’ubuyobozi
Guverinoma yijeje ko umuturage azinjiza amadolari 1 360 muri 2029
Museveni yasabye abasirikare b’Abarundi kugendera kure politike y’amoko
Kivu y’Amajyaruguru yahawe Guverineri mushya, usimbura Maj. Gen. Cirimwami wapfuye