Umusore wo mu karere ka Nyanza yatawe muri yombi akekwaho kwiba aho yakoreshaga amayeri atandukanye arimo no kwiyita umugiraneza.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Nyanza: Yitwikiraga umutaka w’ubugiraneza agacucura abaturage
17 February 2025, by Joseph Iradukunda -
Perezida Kagame yakomoje ku kwegura igitaraganya kw’aba Meya no ku bagore babiri bahohotewe n’abayobozi
14 September 2019, by Dusingizimana RemyUbwo nyakubahwa yitabiraga inama ya Biro Politiki yateranyirije hamwe abarwanashyaka ba FPR bagera ku 2000 kuri uyu wa Gatandatu tariki 14 Nzeri 2019,yagarutse ku bimaze iminsi bivugwa mu Rwanda birimo kwegura kw’abayobozi b’uturere,guhohotera abagore ndetse n’impanuka zo mu muhanda.
-
Kenya: Abasirikare 35 b’u Bwongereza bakekwaho kwishyura abagore ngo baryamane
15 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIperereza rya gisirikare ryakozwe hagati ya Nyakanga 2022 kugeza mu mpera za 2024, ryagaragaje dosiye 35 z’abasirikare b’u Bwongereza bakekwaho kwishyura abagore kugira ngo bakore imibonano mpuzabitsina.
-
Umwongereza n’abaturage benshi ba Turkiya bashimutiwe muri Kenya
21 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuKu wa Gatanu, umwenegihugu w’u Bwongereza yabwiye BBC ko we n’abaturage benshi ba Turkiya bashimutiwe mu murwa mukuru wa Kenya, Nairobi, n’abagabo bihishe mu maso abaturage bane ba Turkiya bakaba baburiwe irengero .
-
Leta ya RDC yatangaje ko idakeneye umusanzu wa Kabila mu gukemura ikibazo cy’umutekano muke
28 March 2025, by Joseph IradukundaMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Thérèse Kayikwamba Wagner, yatangaje ko ubutegetsi bw’igihugu cyabo budakeneye umusanzu wa Joseph Kabila mu gukemura ikibazo cy’umutekano muke mu burasirazuba.
-
Tottenham yegukanye Europa League itsinze Manchester United
22 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuTottenham Hotspur yatsinze Manchester United igitego 1-0, yegukana UEFA Europa League ndetse kiba igikombe cya mbere itwaye mu myaka 17 ishize.
-
Burkina Faso yarekuye intasi z’u Bufaransa yari yarafashe bigizwemo uruhare na Maroc
20 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuKuri uyu wa Kane, itariki 19 Ukuboza 2024, abenegihugu bane b’Abafaransa bari bafungiwe muri Burkina Faso barekuwe bigizwemo uruhare na Maroc, nk’uko byatangajwe n’u Bufaransa na Maroc bakemura ikibazo cya diplomasi ku ifungwa ryabo.
-
Burundi: Abadepite mu mazi abira
15 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida w’Inteko Ishinga Amategeko y’u Burundi, Gélase Daniel Ndabirabe, yatangaje ko abadepite b’iki Gihugu bari mu mazi abira kubera amadeni batse muri banki bubaka amazu, none manda yabo ikaba igiye kurangira batarayishyura.
-
Uganda: Element EléeeH agiye gutaramira muri ‘Comedy store’ ya Alex Muhangi
26 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuElement EléeeH umaze iminsi muri Uganda aho yakoreye igitaramo mu kabari kitwa ‘Nomad’ mu ijoro ryo ku Cyumweru tariki 24 Ugushyingo 2024, yamaze gutumirwa mu gitaramo cy’urwenya cyitwa ‘Comedy store’.
-
U Rwanda rwavuze ku kibazo cy’Abanyarwanda 8 bari bagiye kwirukanwa na Niger
7 January 2022, by Dusingizimana RemyGuverinoma y’u Rwanda yatangaje ko u Rwanda rwiteguye kwakira abanyarwanda 8 bari bahawe ubuhunguro na Niger nyuma yo gukurikiranwaho ibyaha bya Jenoside bamwe bakagirwa abere abandi bakarangiza ibihano bakatiwe.
Abo banyarwanda bari bagiye kwirukanwa na Niger ni Protais Zigiranyirazo (muramu w’uwari Perezida w’u Rwanda Juvénal Habyarimana), François-Xavier Nzuwonemeye, Alphonse Nteziryayo, Tharcisse Muvunyi, André Ntagerura, Anatole Nsengiyumva, Prosper Mugiraneza na Innocent Sagahutu. (…)
Umuryango.rw
Nyanza: Yitwikiraga umutaka w’ubugiraneza agacucura abaturage
Kenya: Abasirikare 35 b’u Bwongereza bakekwaho kwishyura abagore ngo baryamane
Umwongereza n’abaturage benshi ba Turkiya bashimutiwe muri Kenya
Leta ya RDC yatangaje ko idakeneye umusanzu wa Kabila mu gukemura ikibazo cy’umutekano muke
Tottenham yegukanye Europa League itsinze Manchester United
Burkina Faso yarekuye intasi z’u Bufaransa yari yarafashe bigizwemo uruhare na Maroc
Burundi: Abadepite mu mazi abira
Uganda: Element EléeeH agiye gutaramira muri ‘Comedy store’ ya Alex Muhangi
U Rwanda rwavuze ku kibazo cy’Abanyarwanda 8 bari bagiye kwirukanwa na Niger