Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango Mpuzamahanga w’ibihugu bikoresha Igifaransa (OIF), Louise Mushikiwabo, yahuriye i Hanoi na Minisitiri w’Intebe wungirije wa Repubulika ya Demokarasi ya Vietnam, Bui Thanh Son.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Umunyamabanga Mukuru wa OIF ari muri Vietnam
6 March, by Angeline MUKANGENZI -
Mozambique: Inzego z’Umutekano z’u Rwanda zahaye abaturage ubwato
19 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuInzego z’umutekano z’u Rwanda (RSF) ziri mu butumwa bwo kugarura amahoro muri Mozambique, zashyikirije ubwato bwo kwifashisha mu kuroba Koperative y’abarobyi ya Mashalla ikorera mu Karere ka Palma, Intara ya Cabo Delgado.
-
Mali: Moussa Mara wahoze ari Minisitiri w’Intebe yakatiwe igifungo cy’imyaka ibiri n’ihazabu ya 500,000 CFA
10 February, by ISIMBI EstellaMoussa Mara wahoze ari Minisitiri w’Intebe wa Mali yakatiwe igifungo cy’imyaka ibiri n’ihazabu y’amafaranga 500,000 CFA arenga miliyoni n’ibihumbi magana atatu na makumyabiri, nyuma yo guhamwa ni byaha byo kwivumbura kuri leta no gutangaza amagambo ashishikariza abaturage kwigumura kuri leta.
-
Minisitiri w’Intebe yageze i Malabo aho azahagararira Perezida Kagame mu nama ya OACPS
28 March, by Angeline MUKANGENZIMinisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yageze i Malabo, muri Guinée Equatoriale, aho azahagararira Perezida Kagame mu Nama ya 11 y’Abakuru b’Ibihugu na za Guverinoma bahuriye mu Muryango w’Ibihugu bya Afurika, Caraïbe na Pasifika (OACPS).
-
#Umushyikirano2019:Umubikira Immaculée Uwamariya yavuze uburyo afasha abantu kubaka urugo rumeze nk’ijuru ritoya ku isi
20 December 2019, by Martin MunezeroUmubikira Immaculée Uwamariya avuga ko ibibazo byugarije umuryango nyarwanda bihera cyane cyane mu rugo nk’igicumbi cy’umuryango rusange w’abantu, uko ingo zubakwa, uko zisenyuka no kubura urukundo ni bimwe mubyo yagarutseho.
-
Iran yaganiriye na Amerika mu buryo budasanzwe
6 February, by Angeline MUKANGENZIAbahagarariye Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Iran bahuriye muri Oman mu biganiro bigamije guhoshya umwuka mubi umaze igihe hagati y’ibihugu byombi.
-
Kiliziya y’u Rwanda yatangije icyunamo cy’urupfu rwa Papa Francis
22 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuNyuma yaho Papa Francis wari umushumba wa Kiliziya Gatolika yitabye Imana ku wa 21 Mata 2025 afite imyaka 88, Kiliziya y’u Rwanda yatangije icyunamo cyo kumwunamira.
-
Israel yarashe ibigega bya peteroli, Iran irasa Tel Aviv na Haifa
15 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIntambara ikomeje guhindura isura hagati ya Israel na Iran aho mu ijoro ryakeye, Israel yagabye ibitero bikomeye ku bigega bya peteroli n’uruganda ruyitunganya muri Iran, icyo gihugu nacyo kigaba ibitero bikomeye muri Israel, bimaze kugwamo abagera ku 10.
-
Perezida Kagame yitabiriye umuhango wo gusoza FESPACO u Rwanda rwaherewemo igihembo [AMAFOTO]
3 March 2019, by Dusingizimana RemyPerezida wa Repubulika yaraye yitabiriye umuhango wo gusoza iserukiramuco rya FESPACO ryaberaga mu mujyi wa Ouagadougou mu gihugu cya Burkina Faso aho yari kumwe na perezida w’iki gihugu Roch Kabore n’umufasha we Sika Kaboré, Perezida wa Mali Ibrahim Boubacar Keïta n’umufasha we Keïta Aminata Maïga, n’uwahoze ari perezida wa Ghana Jerry John Rawlings.
-
Nicolas Sarkozy wayoboye u Bufaransa yakitiwe gufungwa imyaka 5 kubera amafaranga ya Gaddafi yariye
25 September 2025, by ISIMBI EstellaUrukiko rwo mu Bufaransa rwahamije Nicolas Sarkozy wayoboye igihugu, uruhare mu byaha bifitanye isano n’ibirego by’amafaranga yahawe na Muammar Gaddafi wayoboraga Libya ngo azamufashe mu bya politiki, rumukatira igifungo cy’imyaka itanu.
Umuryango.rw
Umunyamabanga Mukuru wa OIF ari muri Vietnam
Mozambique: Inzego z’Umutekano z’u Rwanda zahaye abaturage ubwato
Mali: Moussa Mara wahoze ari Minisitiri w’Intebe yakatiwe igifungo cy’imyaka ibiri n’ihazabu ya 500,000 CFA
Minisitiri w’Intebe yageze i Malabo aho azahagararira Perezida Kagame mu nama ya OACPS
Kiliziya y’u Rwanda yatangije icyunamo cy’urupfu rwa Papa Francis
Israel yarashe ibigega bya peteroli, Iran irasa Tel Aviv na Haifa
Nicolas Sarkozy wayoboye u Bufaransa yakitiwe gufungwa imyaka 5 kubera amafaranga ya Gaddafi yariye